Amakipe ya APR volleyball club mu cyiciro cy’abagore na Kepler volleyball club mu bagabo, nibo begukanye irushanwa ry’ubutwari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari
2 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga
23 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPapa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki Cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk’uko abaganga barimo kumuvura babitangaje, nyuma yo kwinjira mu bitaro ku itariki 14 Gashyantare afite uburwayi bukomeye bw’ibihaha byombi.
-
Muri Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
29 October 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Gatatu abaturage ba Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu asiga hamenyakanye Perezida ugiye kuyobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu iri imbere.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA
13 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO WIMUKANWA
-
Imirimo yo gutunganya hegitari ibihumbi 10 mu Cyanya cy’Ubuhinzi cya Gabiro igiye gutangira
12 August 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’umushinga Gabiro Agri Business Hub bwatangaje ko imirimo y’icyiciro cya kabiri cyo gutunganya hegitari ibihumbi 10 igiye gutangira nyuma y’uko icyiciro cya mbere kirangiye kuri ubu kikaba kigiye kwegurirwa Leta.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#36 :Ni gute Umunyemali RUJUGIRO wari inshuti yabaye umwanzi w’u Rwanda?
28 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#36 kigaruka ku Umunyemali AYABATWA Tribert RUJUGIRO umunyarwanda wahunze, agahunguka nyuma akongera agahunga ubu akaba ashinjwa gufatanya n’abifuza guhirika Ubutegetsi! Ese uwari Inshuti magara akaba n’Umujyanama wa Perezida yaje kuba Umwanzi w’Ubutegetsi gute? Hari ibivugwa hakaba n’ibitavugwa! Tubane muri iki kiganiro.
Tribert Rujugiro Ayabatwa w’imyaka 80 y’amavuko, niwe munyarwanda wa mbere kugeza ubu uzwi nk’umuherwe kurusha abandi. Ni (…) -
FBI iraperereza amakuru y’ibanga ko Isirayeli yaba igiye gutera Irani
23 October 2024, by Joseph IradukundaIbiro bishinzwe ubugenzacyaha muri leta zunze ubumwe z’Amerika bizwi nka FBI byatangaje ko birimo gukora iperereza ku mpapuro zikubiyemo amakuru y’ibanga rikomeye ry’ubutasi ryagiye ahagaragara, rivuga ku myiteguro y’igitero cyo kwihimura Isirayeli yaba iteganya kugaba kuri Irani.
-
Amb.Olivier Nduhungirehe aribaza impamvu ibihuha by’uko u Rwanda rushaka gucamo ibice RDC byongeye kuzamuka babanye neza
8 January 2020, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize Musenyeri mukuru wa Kinshasa, Fridolin Ambongo,yavuze ko ibihugu bituranye n’igihugu cya RDC, birimo U Rwanda, Uganda n’U Burundi bifite umugambi wo gucamo ibice igihugu cye mu burasirazuba bwacyo,ibintu Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda, Oliver Nduhungirihe yamaganye avuga ko bitangaje kuba byongeye kuvuka u Rwanda na RDC byibaniye neza.
-
Abasirikare b’u Rwanda muri UNMISS bashimiwe ubwitange n’ubunyamwuga
18 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’ Ingabo za Loni muri Sudani y’ Epfo, Akarere ka Juba, Brigadier General Mohammad Iqbal Hossain, yasuye Batayo ya 3 y’Ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNMISS) abashimira ubwitange n’ubunyamwuga.
-
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel yagaragaje uburyo ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse
25 February 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel,yagaragejo ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 8.4% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2019/2020, bukomeza kuzamuka ku gipimo cya 12.2% mu gihembwe cya kabiri no ku gipimo cya 11.9% mu gihembwe cya gatatu, asobanura ko bigaragaza ko mu mezi 9 ya mbere ubukungu bwazamutse ku mpuzandengo ya 10.9% ugereranyije na 8.3% byo mu mezi nk’ayo yo mu 2018/2019.
Umuryango.rw
Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari
Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga
Muri Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA
Imirimo yo gutunganya hegitari ibihumbi 10 mu Cyanya cy’Ubuhinzi cya Gabiro igiye gutangira
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#36 :Ni gute Umunyemali RUJUGIRO wari inshuti yabaye umwanzi w’u Rwanda?
FBI iraperereza amakuru y’ibanga ko Isirayeli yaba igiye gutera Irani
Abasirikare b’u Rwanda muri UNMISS bashimiwe ubwitange n’ubunyamwuga