Rutahizamu w’Umunya-Sénégal, Fall Ngagne yabonye izamu mu mukino wa gicuti Rayon Sports yatsinzemo Mukura VS ibitego 2-1, kuri iki Cyumweru kuri Kigali Péle Stadium.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rayon Sports yagaritse Mukura iwayo mu mukino wa gicuti(Amafoto)
7 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Koreya y’Epfo: Yoon wahoze ari Perezida arashinjwa kwigomeka
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuYoon Suk-yeol uherutse kweguzwa n’Inteko Ishinga Amategeko ku mwanya wa Perezida wa Koreya y’Epfo, arashinjwa kwigomeka nyuma yo kugerageza gushyiraho ibihe bidasanzwe, bigakekwa ko byari bigamije guha inzego z’umutekano ububasha bwo gufunga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
-
Leta yatanze ibyumweru bibiri: Ikibazo cya moto za Spiro gihagaze gute? Umuti uraba uwuhe?
14 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yerekanye ko yinjiye mu kibazo cya moto z’amashanyarazi z’uruganda Spiro, zimaze igihe zishinjwa ibibazo bitandukanye bijyanye n’ubuziranenge bwazo, yemeza ko hagomba kuboneka igisubizo kirambye kandi gifatika mu gihe cya vuba.
-
RwandAir yahagaritse ingendo ziva n’izerekeza i Doha na Dubai
28 February, by Angeline MUKANGENZISosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko yahagaritse ingendo z’indege zayo zijya cyangwa ziva i Doha muri Qatar n’i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kubera ibitero Iran ikomeje kugaba mu Burasirazuba bwo Hagati.
-
Intambara ya Amerika, Israel na Iran: Ibyangirika bikomeje kwiyongera, Isi yose yakangaranye
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuva tariki ya 28 Gashyantare kugeza kuri uyu wa 2 Werurwe 2026, Isi yose iracyahanze amaso intambara iri kubera mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati, ihanganishije Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel.
-
Ibyaranze tariki ya 07 mata 1994
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi
-
Abasore gusa: Amagambo 10 aryohera umukobwa
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu buzima bw’urukundo n’imibanire, amagambo akora ku mutima ashobora kugira uruhare rukomeye mu gushimangira umubano hagati y’abakundana.
-
Ahiga ishoka ku mazina menshi , menya amazina 50 umuraperi Bulldog yitwa.
1 April 2025, by ISIMBI EstellaUyu ni umuhanzi w’Izina riremereye cyane mu muziki nyarwanda, ni inkuba ndetse akaba icyogere mu njyana ya Rap hano mu Rwanda. mu myaka irenga 15 amaze akora umuziki nta muntu numwe ushidikanya ku mpano ye ndetse n’Ubukorikori bwe, ni icyatwa mu kwandika imirongo inoze ndetse akaba ubukombe mu kujyana n’Umudiho wa Rap. ibigwi bye bimwerera kwitwa umunyabigwi wa muzika nyarwanda , akaba inzu y’ibitabo ndetse rwose akaba ari ingabo y’Igikwerere mu bahanzi bakora Rap mu Rwanda. muriyi nkuru (…)
-
Iran yashatse kurasa kuri Google na Microsoft muri Qatar
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuIbigo by’Ikoranabuhanga byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika birimo Google na Microsoft biri mu byari bigambiriwe mu bitero bibiri bya misile Iran yarashe muri Qatar.
-
Amerika ntikiri kubarizwa muri UNESCO yamaze kwikuramo
22 July 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zitakiri umunyamuryango w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO.
Umuryango.rw
Rayon Sports yagaritse Mukura iwayo mu mukino wa gicuti(Amafoto)
Koreya y’Epfo: Yoon wahoze ari Perezida arashinjwa kwigomeka
Leta yatanze ibyumweru bibiri: Ikibazo cya moto za Spiro gihagaze gute? Umuti uraba uwuhe?
RwandAir yahagaritse ingendo ziva n’izerekeza i Doha na Dubai
Intambara ya Amerika, Israel na Iran: Ibyangirika bikomeje kwiyongera, Isi yose yakangaranye
Ibyaranze tariki ya 07 mata 1994
Abasore gusa: Amagambo 10 aryohera umukobwa
Ahiga ishoka ku mazina menshi , menya amazina 50 umuraperi Bulldog yitwa.
Iran yashatse kurasa kuri Google na Microsoft muri Qatar
Amerika ntikiri kubarizwa muri UNESCO yamaze kwikuramo