Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ku wa Mbere wamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwigarurirwa n’inyeshyamba za M23.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
EU yababajwe no kuba M23 yarafashe Masisi
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umwami Charles III yacyuriye Donald Trump
29 April, by ISIMBI EstellaUmwami Charles III w’u Bwongereza yabwiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko iyo Abongereza batagoboka, Abanyamerika bose baba bavuga Igifaransa.
-
Bugesera FC iboneye intsinzi kuri Kiyovu Sports yahise iheruka urutonde(Amafoto)
26 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Bugesera FC yabonye intsinzi ya mbere muri shampiyona kuri Kigali Pelé Stadium, ubwo yahatsindiraga Kiyovu Sports 2-1 yujuje imino itanu itabona intsinzi, bihita binayishyira ku mwanya wa nyma ku rutonde rw’agateganyo.
-
Ibi nibyo bimenyetso simusiga bigaragaza uburyo Perezida Museveni akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC
16 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari kumuyobya.
-
Rutsiro: Abarobyi 2 barohamye mu Kivu umwe avamo undi arabura
27 May 2025, by Joseph IradukundaNdagijimana Faustin w’imyaka 37 na Hafashimana Fabien w’imyaka 32 ubwo barimo baroba mu Kivu umuyaga wabaye mwinshi uzamo bararohama, Hafashimana aroga avamo, Ndagijimana aheramo n’ubu umurambo we nturaboneka.
-
Amateka y’Umwamikazi Elizabeth II waciye agahigo ku kuramba ku ngoma
8 September 2022, by Dusingizimana RemyUmwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Nzeri 2022,yari Umwamikazi wa kabiri w’Ubwami bw’u Bwongereza (United Kingdom), bugizwe n’ibihugu bine: England, Scotland, Wales na Northern Ireland.
Amazina ye yose ni Elizabeth Alexandra Mary Windsor, yavutse ku itariki 21 Mata 1926. Usibye kuba umwamikazi w’Ubwami bw’u Bwongereza, (…) -
Muhima: Polisi yafashe abantu bibiraga abaturage Nyabugogo
1 April, by ISIMBI EstellaPolisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, yataye muri yombi abajura bibiraga abantu mu gace ka Nyabugogo.
-
Minisitiri Mushikiwabo yeretse Perezida Nyusi uko kera basyaga amasaka
21 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo yaherekeje Perezida wa Mozambique wasuye ingoro ndangamurage y’ u Rwanda iherereye mu karere ka Nyanza amwereka amateka y’ u Rwanda harimo n’ uko basyaga ibyanyampeke.
-
Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela
15 January, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela, aho mu cyiciro cya mbere cy’iyashyizwe ku isoko yakuyemo miliyoni 500$.
-
Ndayishimiye yashimangiye ko u Burundi bufite ubutunzi ndengakamere
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimangiye ko igihugu cye gifite ubutunzi kidashobora kumara nubwo bigaragara ko gikennye.
Umuryango.rw
EU yababajwe no kuba M23 yarafashe Masisi
Umwami Charles III yacyuriye Donald Trump
Bugesera FC iboneye intsinzi kuri Kiyovu Sports yahise iheruka urutonde(Amafoto)
Rutsiro: Abarobyi 2 barohamye mu Kivu umwe avamo undi arabura
Amateka y’Umwamikazi Elizabeth II waciye agahigo ku kuramba ku ngoma
Muhima: Polisi yafashe abantu bibiraga abaturage Nyabugogo
Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela
Ndayishimiye yashimangiye ko u Burundi bufite ubutunzi ndengakamere