Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, guhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John, nyuma yo kubahamya gusakaza amashusho ya Yampano akora imibonano mpuzabitsina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Djihad na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka itanu
17 February, by Angeline MUKANGENZI -
Olga Lombardo yatorewe kuba ‘Miss Belgique 2026’ atsinze abarimo ukomoka mu Rwanda
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda.
-
Musenyeri Ntagungira Jean Bosco waragijwe Diyosezi ya Butare yimitswe
6 October 2024, by Joseph IradukundaAntoine Cardinal Kambanda yahaye ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
-
Uvira: Ituze ryagarutse nyuma y’imirwano ya FARDC na Wazalendo
18 February 2025, by Joseph IradukundaItuze ryagarutse ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru yiciwemo abantu 12, abasivile n’abasirikare, nk’uko bivugwa na Radio Okapi.
-
M23 yungutse abakomando bashya barenga 7500
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, tariki ya 8 Gashyantare 2026 wungutse abakomando bashya 7.532, basabwa kurangwa n’imyitwarire myiza kugira ngo bazashobore kuzana impinduka mu gihugu.
-
Umubyeyi wa Iradukunda Elsa yatakambiye Madamu Jeannette Kagame
9 May 2022, by Dusingizimana RemyNyampinga w’u Rwanda mu 2017, Iradukunda Elsa, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB,akurikiranyweho ibyaha byo kubangamira iperereza ku birego bishinjwa Ishimwe Dieudonné.
Umubyeyi wa Iradukunda Elsa,Mukandekezi Christine,yasabye Madamu Jeannette Kagame kumutabara akabohora umukobwa we wafunzwe na RIB itabamenyesheje.
Mu kiganiro n’abanyamakuru,Madamu Mukandekezi yatangaje ko umwana we yakuwe mu rugo kuri iki cyumweru agiye gusenga n’inzego zishinzwe umutekano (…) -
Fatakumavuta yasabiwe gufungwa imyaka icyenda
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha bwasabye ko Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta ukurikiranyweho ibyaha birimo gukangisha gusebanya, kubuza amahwemo, gukoresha ibiyobyabwenge n’ivangura, ahanishwa igifungo cy’imyaka icyenda.
-
Burera: Ubuhinzi bw’amasaka bwa kijyambere bwahinduye imibereho y’abaturage
15 January, by ISIMBI EstellaAbahinzi bo mu Karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika, bavuga ko ubuhinzi bw’amasaka bukorwa mu buryo bwa kijyambere bwabagiriye akamaro kanini, bubakura mu bukene, bubaha umusaruro mwinshi n’amafaranga abafasha kwiteza imbere.
-
Icyemezo cyo kugurisha ‘calculatrice’ ya mbere yakozwe na Blaise Pascal cyajemo kidobya
20 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwasubitse by’agateganyo cyamunara yari kubamo igurishwa rya “La Pascaline”, imashini (calculatrice) iri mu za mbere zakozwe hagamijwe gufasha abantu mu bijyanye n’Imibare, nyuma y’uko habaye impungenge ku cyemezo cyo kuyohereza hanze y’u Bufaransa.
-
Texas: Uwishe arashe abantu 2 yasanganwe amafoto y’abayobozi ba Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIAbantu babiri bapfuye abandi barenga icumi barakomereka mu iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu bafatira icyo kunywa i Austin, muri Texas, mu gihe FBI ivuga ko bishobora kuba bifitanye isano n’iterabwoba.
Umuryango.rw
Olga Lombardo yatorewe kuba ‘Miss Belgique 2026’ atsinze abarimo ukomoka mu Rwanda
Musenyeri Ntagungira Jean Bosco waragijwe Diyosezi ya Butare yimitswe
Uvira: Ituze ryagarutse nyuma y’imirwano ya FARDC na Wazalendo
Umubyeyi wa Iradukunda Elsa yatakambiye Madamu Jeannette Kagame
Fatakumavuta yasabiwe gufungwa imyaka icyenda
Burera: Ubuhinzi bw’amasaka bwa kijyambere bwahinduye imibereho y’abaturage
Icyemezo cyo kugurisha ‘calculatrice’ ya mbere yakozwe na Blaise Pascal cyajemo kidobya