Abaturage ba Syria bari barahunze intambara bari kugenda bagaruka mu gihugu cyabo, aho abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka baturutse mu bihugu birimo Turikiya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Syria: Abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Habonetse injangwe ifite amatwi ane
25 February, by ISIMBI EstellaInzu yita ku njangwe zidafite aho kuba muri Leta ya Alabama iri kwitegura gushakira aho kuba injangwe idasanzwe ifite amatwi ane imaze kuba ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga.
-
Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari
10 February, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda baba mu gihugu cya Guinea bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, igikorwa cyabaye ku wa 07 Gashyantare 2026, kigahuza n’icyindi cy’Umuganda Rusange wakorewe muri Komini ya Ratoma.
-
Mu minsi 6 gusa, indirimbo "Best Friend" ya Bwiza yujuje Miliyoni y’abamaze kuyireba kuri Youtube
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTariki ya 19 Ugushyingo 2024, nibwo umuhanzikazi Bwiza Emmeramce uri mubagezweho yahuje imbaraga na Mugisha Benjamin (The Ben) maze basohora amashusho y’indirimbo bise "Best Friend" kuva uwo munsi ikundwa cyane, ku buryo byatwaye iminsi 6 gusa ngo yuzuze miliyoni irenga y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube.
-
70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.
-
Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926
9 July 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hatangiye gukorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bari kubikora igaragaza ko biyongereyeho 19,926 muri uyu mwaka ugereranyije n’uwabanje.
-
CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka 5
12 November 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye ko CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be bazahabwa gihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya Miyoni 2 ariko Twizere Amani Olivier we ntahabwe ibihano n’urukiko kuko yafashije ubushinjacyaha kumenya amakuru menshi ku baregwa.
Ibi bihano ubushinjacyaha bwabisabye kuri uyu wa gatanu mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge kuko abaregwa bose bari bararangije kwiregura ku byaha byose bacyekwagaho n’ubushinjacyaha mu iburanisha ryabaye kuwa 29 (…) -
AFC/M23 ikomeje kwagura ibirindiro byayo muri Walikale
24 November 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kwagura ibirindiro byaryo muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru; ahari hasanzwe higanje abo ku ruhande ruhanganye na ryo.
-
‘Guhagarika Human Right Watch siwo muti’ Sibomana
15 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI, (Conseil National des Organisations Syndicales Libres au Rwanda Innocent Sibomana asanga u Rwanda rudakwiye guhagarika ibikorwa by’ umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu ‘HRW’ ahubwo rwajya rukosora amakosa yagaragajwe na HRW, ibitari ukuri rukabyirengagiza.
Sibomana yagaragarije UMURYANGO ko atemeranya n’ abadepite basabye ko u Rwanda rwirukana HRW.
Yagize ati “HRW, kuyihagarika njyewe ndumva atariwo muti. (…) -
Horaţiu Potra woherereje RDC abacanshuro bo kiyifasha M23 yatawe muri yombi
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuHoraţiu Potra ukuriye abacanshuro b’Abanyaburayi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabaje ngo bayifashe guhangana n’umutwe wa M23, yatawe muri yombi na Polisi ya Romania.
Umuryango.rw
Syria: Abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka
Habonetse injangwe ifite amatwi ane
Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari
Mu minsi 6 gusa, indirimbo "Best Friend" ya Bwiza yujuje Miliyoni y’abamaze kuyireba kuri Youtube
70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina
Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926
CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka 5
AFC/M23 ikomeje kwagura ibirindiro byayo muri Walikale
Horaţiu Potra woherereje RDC abacanshuro bo kiyifasha M23 yatawe muri yombi