Mu minsinine gusa, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye ibibazo by’abaturage 137, byiganjemo ibishingiye ku izungura ritera amakimbirane ajyanye n’gabana ry’imitungo, nk’ubutaka n’ibindi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
1 December 2025, by ISIMBI Estella -
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
26 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo.
-
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
4 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Peter Okoye wamamaye nka Mr P, yavuze ko atinya ubukene kurusha urupfu kubera ubuzima yaciyemo akiri muto.
-
Perezida wa Nigeria yavuze ku mpanuka yaguyemo inshuti za Anthony Joshua
30 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje ko abaguye mu mpanuka Anthony Joshua yarokotse ari Kevin Latif Ayodele na Sina Ghami, aba bakaba bari inshuti n’abatoza b’uyu mukinnyi w’iteramakofe mu gihe kirenga imyaka 10.
-
Eddy Kenzo agiye kujyana mu nkiko Promoter Nobart
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Edirisa Musuuza, uzwi cyane nka Eddy Kenzo, yiyemeje ko agiye kujyana mu nkiko umwe mu bategura ibitaramo muri Uganda Nobart Twizire uzwi nka Promoter Nobert kubera ku mushinja ibinyoma.
-
ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina akitwa MANZI Harrison Agape Diouf
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MANZI Harrison Agape Diouf mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
1 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel yategetse abadipolomate n’imiryango yabo kuva byihuse muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kubera ibitero bya Hamas, Iran na Hezbollah bishobora kubagabwaho.
-
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame
30 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro za Dr Nsanzimana Sabin, Minisitiri w’Ubuzima na Dr Butera Yvan, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ugushyingo,mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko niho habereye uyu muhango wo kwakira indahiro z’aba bayobozi bashya muri Guverinoma.
Perezida Kagame yabanje gushimira aba bayobozi ndetse abizeza ubufatanye.Ati "Ntabwo Nshidikanya ubushake bwabo, ubushobozi,n’ibindi bijyanye no gukorera igihugu,n’abanyarwanda uko (…) -
Abakinnyi 11 Real madrid irakoresha nta Jude Belligham urimo
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi Real Madrid iraza gukoresha ntabwo hagaragaramo Jude Bellingham.
-
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri
9 February, by Angeline MUKANGENZIMu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara y’Igicuri (Epilepsy Surgery Training Camp), aho ku ikubitiro batangiye kubaga umurwayi wari umaze imyaka igera muri 15 afata imiti y’igicuri.
Umuryango.rw
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
Perezida wa Nigeria yavuze ku mpanuka yaguyemo inshuti za Anthony Joshua
Eddy Kenzo agiye kujyana mu nkiko Promoter Nobart
ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina akitwa MANZI Harrison Agape Diouf
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame
Abakinnyi 11 Real madrid irakoresha nta Jude Belligham urimo
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri