Umunyarwanda Tuma Basa, wamamaye mu kuyobora no guteza imbere umuziki ku rwego mpuzamahanga, yasezeye ku mirimo ye muri YouTube nyuma y’imyaka umunani ayikoramo, aho yari amaze kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere umuziki by’umwihariko uw’abirabura (Black Music & Culture).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyuma y’imyaka 8, umunyarwanda Tuma Basa yasezeye gukorera Youtube
3 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein
2 February, by Angeline MUKANGENZIPeter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi nyuma yo kugaragara mu nyandiko zigize dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gucuruza abana hagamijwe kubasambanya.
-
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo Gishinzwe kurengera Ibidukikije mu Rwanda, (REMA) kivuga ko cyashoye miliyari 40 y’amafaranga y’uRwanda agamije gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali.
-
AS Kigali: Ubuyobozi bwa Dr. Rubagumya ntibukozwa ibyo guhuza amakipe afashwa n’Umujyi wa Kigali
29 March, by Angeline MUKANGENZIMu gihe ikibazo cy’imiyoborere kitarakemuka muri AS Kigali, uruhande ruyobowe na Dr. Rubagumya Emmanuel rwakoze inteko rusange, yagaragaje ko iyi kipe idakozwa ibyo guhuza amakipe atatu afashwa n’Umujyi wa Kigali.
-
Imyigaragambyo yakaze i Kiev, Zelensky yiswe ‘sekibi’
23 July 2025, by Joseph IradukundaIbihumbi by’Abanya-Ukraine bakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana umwanzuro wo gushyigikira itegeko rikuraho ubwigenge bw’ibigo bya NABU na SAPO bishinzwe kurwanya ruswa muri iki gihugu.
-
Kentwood yemeje tariki 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
7 April, by Angeline MUKANGENZIUmujyi wa Kentwood wo muri leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, washyizeho iya 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
U Rwanda ruzakingira ’Mpox’ niba itsinda ryiga uko byakorwa ribihaye umugisha
16 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hari itsinda ryashyizweho riri gusuzuma uburyo ibikorwa byo gukingira indwara ya Mpox byazakorwa mu baturage.
-
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris
15 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko ashidikanya ku bushobozi Visi Perezida Kamala Harris afite bwo gutekereza no kwibuka.
-
U Rwanda rwatije ikigo cyo muri Brasil ubutaka bwo gukoreraho uruganda rw’inyama z’inka
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yatije ikigo cy’Ubucuruzi Planner Corretora de Valores SA ubutaka bwa Leta kugira ngo gikorereho urganda rw’inyama z’inka mu rwuri rw’i Gako mu karere ka Bugesera.
-
Polisi yashimiye abaturarwanda uko bitwaye mu gihe cya Tour du Rwanda 2026
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuva tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe, mu Rwanda haberaga isiganwa ry’amagare ryazengurutse ibice bitandukanye by’igihugu ‘Tour du Rwanda’ ku nshuro yaryo ya 18 kuva rigizwe irushanwa mpuzamahanga rigashyirwa ku rutond n’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku Isi ‘UCI’.
Umuryango.rw
Nyuma y’imyaka 8, umunyarwanda Tuma Basa yasezeye gukorera Youtube
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
AS Kigali: Ubuyobozi bwa Dr. Rubagumya ntibukozwa ibyo guhuza amakipe afashwa n’Umujyi wa Kigali
Imyigaragambyo yakaze i Kiev, Zelensky yiswe ‘sekibi’
Kentwood yemeje tariki 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
U Rwanda ruzakingira ’Mpox’ niba itsinda ryiga uko byakorwa ribihaye umugisha
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris
U Rwanda rwatije ikigo cyo muri Brasil ubutaka bwo gukoreraho uruganda rw’inyama z’inka
Polisi yashimiye abaturarwanda uko bitwaye mu gihe cya Tour du Rwanda 2026