Guverinoma y’u Bufaransa iyobowe na Sebastien Lecornu ishobora kwegura mu cyumweru gitaha mu gihe itakora amavugurura mu mushinga w’ingengo y’imari y’igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guverinoma y’u Bufaransa iri kugerwa amajanja
24 October 2025, by ISIMBI Estella -
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
24 September 2019, by UbwanditsiKuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (…) -
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang
23 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda, Ndayishimiye Mark Bertrand uzwi nka Bull Dogg, yatangaje ko itsinda rya Tuff Gang rigeze kure imyiteguro yo gusohora Album bahuriyeho, izumvikanaho ijwi rya nyakwigendera Tuyishimire Joshua wamamaye nka Jay Polly.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
12 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
-
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
6 January, by ISIMBI EstellaArnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk wubatse izina mu kuvanga imiziki agiye kugezwa imbere y’urukiko ngo aburanishwe ku byaha akurikiranyweho.
-
Karekezi N. Eric yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo wa CMA
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Ubuyobozi y’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) yagize KAREKEZI Ngabonziza (Eric) Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo. Yahawe inshingano zo gukomeza guteza imbere uru rwego rufite uruhare mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda.
-
Dosiye ya batanu barimo Prophet Joshua yashyikirijwe Ubushinjacyaha
24 December 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo abarimo Prophet Joshua bakurikiranyweho icyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu.
-
King Saha yabwahyuje abahuje igitaramo cye no kwamamaza Bobi Wine
19 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi uri mu bakunzwe mu gihugu cya Uganda King Saha, yahakanye amakuru y’abahuza igitaramo cye afite mu mpera z’iki cyumweru n’ibikorwa byo kwamamaza umukandida ku mwanya wa Perezida Bobi Wine, ashyigikiye urimo kwiyamamaza .
-
Abana ibihumbi 18 bunganiwe mu mategeko nta kiguzi
19 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Urugaga rw’Abavoka bwatangaje ko mu myaka itanu ishize rumaze gutanga ubwunganizi mu mategeko nta kiguzi ku bana barenga ibihumbi 18, ariko ko uwo mubare udahagije ugereranyije n’ababa bagomba guhabwa ubwunganizi mu mategeko batishyujwe.
-
U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani
4 March, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika gutanga viza zo kwiga ku baturage bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani nk’uburyo bwo guhangana n’ikibazo cy’abimukira.
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Bufaransa iri kugerwa amajanja
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
Karekezi N. Eric yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo wa CMA
Dosiye ya batanu barimo Prophet Joshua yashyikirijwe Ubushinjacyaha
King Saha yabwahyuje abahuje igitaramo cye no kwamamaza Bobi Wine
Abana ibihumbi 18 bunganiwe mu mategeko nta kiguzi
U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani