Uruganda rukora inzoga rwa Skol ruri mu Nzove ruramenyesha ababishaka ko rugiye kugurisha imodoka y’ikamyo!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo ku bifuza kugura imodoka y’ikamyo y’Uruganda rwa Skol
15 May 2025, by Ubwanditsi -
Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara
23 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizasiga intambwe ikomeye yo kurangiza intambara, imaze imyaka ibahanganishije n’u Burusiya.
-
Gaza: Ubwoba ni bwose kubera itumbagira ry’ibiciro by’ibiribwa
1 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarenga miliyoni ebyiri batuye mu gace ka Gaza bari mu bibazo bikomeye byatewe n’itumbagira ridasanzwe ry’ibiribwa, ryatumye bamwe bagabanya inshuro bafata ifunguro ku munsi, abandi bakarisaranganya, abariye ku manywa ntibarye nijoro.
-
Ladislas Ntaganzwa wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yakatiwe gufungwa burundu
28 May 2020, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruri mu mujyi wa Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rumaze gukatira igihano cya burundu Ladislas Ntaganzwa kubera uruhare rwe muri jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
-
FARDC n’abarimo FDLR bakajije ibitero kuri M23
7 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi twa za Teritwari za Masisi na Lubero.
-
APR BBC yakomeje gutanga isomo, UGB yigaranzura Patriots
1 February 2025, by Joseph IradukundaUGB BBC yatsinze Patriots BBC amanota 73-69, APR BBC yihanangiriza Azomco BBC iyitsinda amanota 103-67, mu mikino ya Shampiyona ya Basketball yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu muri Lycée de Kigali.
-
Abana ba Rujindiri barifuza ko Perezida Kagame yabaha inanga ikabafasha kwigobotora ubukene
13 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu ikangirika. Bifuza ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yabafasha bakabona indi nanga bakabasha kwirwanaho.
Rujindiri ni umusaza wabayeho mu myaka yashize ari umuhanga mu gucuranga inanga. Nanubu inanga ze zirakifashishwa n’ ibitangazamakuru. Iyo uvuze “Imitoma ya Rujindiri” abenshi bumva atari interuro (…) -
Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican
3 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa Francis.
-
Rutsiro: Ukekwaho gusambanya abana babiri ari guhigishwa uruhindu
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro ukekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa barimo ufite imyaka 12 n’uwa 13 abasanze aho barimo batashya inkwi, ari gushakishwa uruhindu.
-
Abadepite bo mu Bwongereza babujijwe kwinjira muri Israel
6 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbadepite babiri bo mu Bwongereza bashyigikiye Palestine bangiwe kwinjira muri Israel, bashinjwa gushaka gukwirakwiza imvugo z’urwango.
Umuryango.rw
Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara
Gaza: Ubwoba ni bwose kubera itumbagira ry’ibiciro by’ibiribwa
FARDC n’abarimo FDLR bakajije ibitero kuri M23
APR BBC yakomeje gutanga isomo, UGB yigaranzura Patriots
Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican
Rutsiro: Ukekwaho gusambanya abana babiri ari guhigishwa uruhindu
Abadepite bo mu Bwongereza babujijwe kwinjira muri Israel