Umuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANE -
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran
15 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigikomeje, hahishuwe ko Washington iri kwitegura ibitero bikomeye bishobora kumara iminsi kuri Iran.
-
Karongi: Umwarimu akurikiranyweho gutera inda umunyeshuri w’imyaka 17
15 November 2025, by ISIMBI EstellaMbarushimana Théoneste w’imyaka 30, wigisha mu wa 5 n’uwa 6 w’amashuri abanza muri GS Nyarubuye A, mu Murenge wa Twumba, Akarere ka Karongi, yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa n’umunyeshyuri witwa Niyokwizerwa Solange w’imyaka 17, wiga mu wa 2 w’ayisumbuye kuri iryo shuri amushinja kumusambanya akanamutera inda.
-
Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGukubaganya imyanya ndangagitsina hagamijwe kugera ku byishimo bya nyuma cyangwa kurangiza ‘Climax’ nibyo bihabwa izina ryo ‘kwikinisha’.
-
Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate
29 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yaraye agize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Dr Nsanzimana Sabin avuga ko yakuze yifuza kuba muganga ahanini bitewe no kureba ibyo abaganga bakoraga akiri umwana ariyo mpamvu akigera muri Kaminuza yahise abihisemo.
Muri Nyakanga 2019 ni bwo Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Umuyobozi Mukuru wa RBC asimbuye Dr Condo Jeannine.
Mbere y’aho,yari Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Sida n’izindi ndwara (…) -
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri ishinzwe ibijyanye n’amabuye y’agaciro muri Zimbabwe yahagaritse iyoherezwa mu mahanga y’amabuye y’agaciro adatunganyije yose harimo na lithium.
-
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
1 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah Ali Khamenei ariko bitazagarukira aho kuko nabo bazasogota imitima yabo kandi by’igihe kirekire.
-
Umuntu agomba kunywa amazi angana ate ku munsi? (Igice cya kabiri)
8 February, by Angeline MUKANGENZINta bimenyetso byinshi byerekana ko kunywa amazi arenze ayo umubiri wawe usaba bigira inyungu zihariye, uretse kwirinda kugira umwuma (dehydration). Ariko nanone, ubushakashatsi bwerekana ko kwirinda n’umwuma bifite inyungu zikomeye ku buzima.
-
Kayonza: Inkuba yakubise inka 10, eshanu zirapfa
27 February, by ISIMBI EstellaInzego z’ubuyobozi mu Karere ka Kayonza bwatangaje ko mu Murenge wa Kabare inkuba yakubise inka 10, eshanu zirapfa izindi zirakomereka.
-
Pentagon yatangaje umwirondoro w’umusirikare wa 5 wa Amerika wiciwe mu bitero bya Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Amerika cyemeje izina ry’umusirikare wa gatanu wishwe n’igitero cya ‘drone’ ya Iran yarashwe muri Kuwait mu minsi ya mbere y’iyi ntambara.
Umuryango.rw
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran
Karongi: Umwarimu akurikiranyweho gutera inda umunyeshuri w’imyaka 17
Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina
Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
Kayonza: Inkuba yakubise inka 10, eshanu zirapfa