Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko bitumvikana ko u Rwanda rukomeza gusabwa gukuraho ingamba z’ubwirinzi kandi rugaragaza ko hari ikibazo kibangamiye umutekano warwo gituruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi ntiyumva impamvu u Rwanda rusabwa gukuraho ingamba z’ubwirinzi
17 February, by Angeline MUKANGENZI -
Yvonne Idamange yakatiwe igifungo cy’ imyaka 15
30 September 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Yvonne Idamange Iryamugwiza ibyaha yarezwe rumukatira gufungwa imyaka 15.
-
Burundi: Evariste Ndayishimiye yatsinze amatora ya Perezida mu buryo bw’agateganyo
25 May 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi yamaze gutangaza ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu by’agateganyo, aho Evariste Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD yaje imbere n’amajwi 68,72%.
-
Ingabo za RDC zasutse ibisasu ahagenzurwa na M23 na Twirwaneho
20 April, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gusuka ibisasu mu bice bigenzurwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23 na MRDP-Twirwaneho iri mu ihuriro AFC, bigatwara ubuzima bw’abasivili benshi.
-
Umubyeyi wo muri Australia wabeshye ko umwana we arwaye kanseri yafunzwe
29 April, by Angeline MUKANGENZIUmubyeyi wo muri Australia wahimbye ko umwana we w’imyaka itandatu arwaye kanseri kugira ngo asabe inkunga abone amafaranga yo kubaho mu buzima buhenze, yakatiwe igifungo kirenze imyaka ine.
-
Britney Spears yijyanye mu kigo ngororamuco
13 April, by ISIMBI EstellaBritney Spears yijyanye mu kigo ngororamuco nyuma y’ukwezi atawe muri yombi akurikiranyweho gutwara imodoka yanyweye ibisindisha anakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Liban na Israel mu gahenge k’ibyumweru bitatu
24 April, by ISIMBI EstellaIsrael na Libani batangiye kumvana imitsi kuva mu 1948. Rwabuze gica bagwa miswi kuko ntabwo icyo barwanira cyagezweho.
-
Abahagarariye AFC/M23 na Kabila bitabiriye ibiganiro bya Thabo Mbeki
4 September 2025, by ISIMBI EstellaAbahagarariye Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019 bari muri Afurika y’Epfo muri gahunda y’ibiganiro by’amahoro byateguwe n’umuryango wa Thabo Mbeki.
-
Rayon Sports WFC yijejwe gukemurirwa ibibazo by’amikoro
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi ba Rayon Sports WFC iherutse gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA, bakiriwe n’ubuyobozi bw’ikipe, Perezida wayo Twagirayezu Thaddé abaha icyizere ko batazongera guhura n’ibibazo byo kudahembwa.
-
Perezida wa Tanzania yihanganishije umuryango w’umukinnyi wa filime wapfuye
28 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Tanzania Samia Suluhu yihanganishije umuryango wa nyakwigendera Hashim Kambi, umukinnyi wa filime w’izina rikomeye muri iki gihugu uherutse kwitaba Imana.
Umuryango.rw
Yvonne Idamange yakatiwe igifungo cy’ imyaka 15
Ingabo za RDC zasutse ibisasu ahagenzurwa na M23 na Twirwaneho
Liban na Israel mu gahenge k’ibyumweru bitatu
Abahagarariye AFC/M23 na Kabila bitabiriye ibiganiro bya Thabo Mbeki
Rayon Sports WFC yijejwe gukemurirwa ibibazo by’amikoro
Perezida wa Tanzania yihanganishije umuryango w’umukinnyi wa filime wapfuye