Perezida wa Ibuka France, Marcel Kabanda, yagaragaje ko abakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi badakwiye kubabarirwa cyane ko usanga batemera uruhare rwabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
26 February, by Angeline MUKANGENZI -
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
8 January, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump ishaka gushyira Isi mu kavuyo, agaragaza ko Isi itagomba kwemera guhinduka indiri y’ubujura bw’abatagira amahame bagenderaho.
-
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Butera Knowless akaka n’umugore wa Producer Ishimwe Clement uzwi nk’uwashinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music yagize isabukuru, Knowless acika ururondogoro mu kumwifuriza umunsi mwiza w’isabukuru y’amavuko.
-
Imyaka 73 irashize Amerika ishaka kugira Iran akarima kayo
3 March, by ISIMBI EstellaAmerika yahereye mu 1953 ihirika ubutegetsi bwa Iran, mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabayeho ku wa 19 Kanama 1953. Icyo gihe minisitiri w’Intebe Mohammad Mosaddeg yakuwe ku butegetsi hashyirwaho Mohammad Reza Pahlavi, ufatwa nk’umwami wa nyuma warazwe ingoma muri Iran. Iryo hirikwa ryateguwe n’Ubwongereza (M16) bari kumwe na CIA noneho iryo hirikwa ryiswe’Operation Ajax’.
-
Abanyarwenya b’ibirangirire mu karere barimo uzwiho kwigana Perezida Museveni basesekaye mu Rwanda
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyarwenya Teacher Mpamire uzwiho kwigana Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, na Patrick Salvador, bari bategerejwe mu Rwanda, bahasesekaye.
-
Kuki umushahara wanjye utakigura ibyo nkeneye kandi baranyongeje ?
23 October 2018, by Alphonse BikorimanaAbantu benshi bakunda kwibaza impamu uko imyaka ishira, ibintu bidenda bihenda, ku buryo bugaragara , bamwe bakibaza niba byaba biterwa n’amafaranga yabaye menshi abandi bagakeka ko ari uguta agaciro kwayo.
-
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 ufite Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) mu muziki, arimo kongera ishoramari mu hazaza h’umuziki wa Afurika.
-
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi ukomeye wo kwimukira mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018.
-
Leta igiye gushyira miliyari 38 FRW muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye
2 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bose uhereye mu mashuri abanza kugera mu yisumbuye, uyu mwaka abarenga miliyoni 3.3 bazahabwa ifunguro aho Guverinoma yateganyije mu ngengo y’imari y’uyu mwaka amafaranga yo gushyigikira icyo gikorwa.
-
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHari imyumvire ivuga ko abagabo b’abana beza (nice guys) bakunze kugira ibibazo mu rukundo kuko hari imyitwarire ibatandukanya n’abagabo bifitiye icyizere cyangwa badatinya gufata ibyemezo bamwe bazwi nka bad boys.
Umuryango.rw
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
Abanyarwenya b’ibirangirire mu karere barimo uzwiho kwigana Perezida Museveni basesekaye mu Rwanda
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza