Tariki ya 23 Mata mu 1994, ni umunsi wa 17 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba uwa 113 mu minsi igize umwaka. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tariki ya 23 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bishwe bakajugunywa mu cyuzi cya Nyamagana
23 April, by ISIMBI Estella -
Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani
24 November 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko amadeni iki gihugu cyahawe kuva muri Mutarama kugeza tariki ya 30 Kamena 2025 yageze kuri miliyari 14,33 z’Amadolari, kandi ko ibiro by’Umukuru w’Igihugu biri mu nzego zakoresheje nabi ingengo y’imari.
-
Kwibuka 32: Minisitiri Nduhungirehe yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri
10 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yasabye urubyiruko kubana neza, kwirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside kuko ari byo byagejeje u Rwanda ku mateka mabi ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida
27 July 2025, by ISIMBI EstellaAine Kaguta Sodo, umuvandimwe wa Perezida Yoweri Kaguta Museven yavuze ko mu buzima yabayeho yihigira imibereho, ndetse yakoze imirimo itandukanye agenda azamuka gake gake kugeza aho ari ubu.
-
Perezida Ruto yikomye abayobozi bagiye mu biro bye bambaye nabi
10 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Kenya, William Ruto yatangaje ko abayobozi barimo Guverineri w’Umujyi wa Nairobi bagiye mu birori byabereye mu biro bye bambaye nabi ateguza ko uzabyongera batazajya batuma yinjira.
-
U Burusiya bwahanuye ‘drones’ 251 za Ukraine zirimo n’iyaganaga i Moscow
6 October 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Burusiya yatangaje ko igisirikare cyayo cyarashe ‘drones’ 251 za Ukraine mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ukwakira 2025.
-
Tanzania: Abanya-Kenya icyenda batawe muri yombi bakekwaho gucuruza abantu
17 April, by Angeline MUKANGENZILeta ya Tanzania yataye muri yombi Abanya-Kenya icyenda bakora mu bwato bwitwa FV Sea Mfalme bukoreshwa mu burobyi, bakekwaho ibyaha byo gucuruza abantu.
-
Leta ya Zambia iracyashaka gushyingura Edgar Lungu wapfuye mu mezi 10 ashize
23 April, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Zambia yatangaje ko igifite umugambi wo gushyingura Edgar Lungu wahoze ari Perezida w’iki gihugu, ibintu umuryango we ukomeje kwamaganira kure.
-
Umunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi
26 April, by Angeline MUKANGENZIUmunyarwanda Dr Olivier Uwishema, yahawe igihembo n’Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ku Rwungano rw’Imitsi (American Academy of Neurology/ AAN) rimushimira umusnzu atanga mu bushakatsi n’ubuvuzi mu birebana n’urwungano rw’imitsi (neurology).
-
NESA yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya ku ishuri
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira ku ishuri (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2025-2026).
Umuryango.rw
Tariki ya 23 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bishwe bakajugunywa mu cyuzi cya Nyamagana
Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani
Kwibuka 32: Minisitiri Nduhungirehe yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri
Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida
Perezida Ruto yikomye abayobozi bagiye mu biro bye bambaye nabi
U Burusiya bwahanuye ‘drones’ 251 za Ukraine zirimo n’iyaganaga i Moscow
Leta ya Zambia iracyashaka gushyingura Edgar Lungu wapfuye mu mezi 10 ashize
Umunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi
NESA yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya ku ishuri