Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umunyamategeko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambike n’umuyobozi w’ishyaka nyuma yo kurasa inshuro nyinshi ku modoka bagenderagamo ku wa Gatandatu, ibigaragaza umwuka mubi mbere y’imyigaragambyo iteganywa yamagana ibyavuye mu matora atavugwaho rumwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RDC: Abantu 50 baguye mu mpanuka y’ubwato bwahiye
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubwato bw’imbaho butwarwa na moteri, bwari butwaye abagenzi bagera kuri 400 bwafashwe n’inkongi bugeze hafi y’Umujyi wa Mbandaka, abantu 50 muri bo bahasiga ubuzima.
-
Visi Perezida wa Tanzania yabwiye Perezida Suluhu ko ashaka kwegura
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko Visi Perezida w’iki gihugu, Dr. Philip Mpango, yamusabye kwegura akajya mu kiruhuko, ndetse ashimangira ko yabimwemereye.
-
PRESS RELEASE: StarTimes Decoder has been reduced significantly. Now at only 3000Rwf
8 June 2021, by Ubwanditsi“African fans have been forced to pay higher bouquet prices to watch major competitions in the past. This isn’t right. In Africa, football should be made available for all. This is what StarTimes strives to achieve, to ensure that every African football fan can enjoy Euro 2020.”
For this reason:
On our DTT platform, existing starTimes subscribers will access matches on their Basic bouquet at only 6000 Rwf monthly, Customers will buy Basic bouquet of 6000Rwf per month and be upgraded to (…) -
2025 izasiga nta moto za lisansi zihabwa ibyangombwa byo gutwara abagenzi
4 November 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda izahagarika kwandika moto zikoreshwa na lisansi zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali muri Mutarama 2025, hakazajya handikwa izikoreshwa n’amashanyarazi gusa, mu rwego rwa gahunda ya guverinoma yo gukoresha uburyo burambye butangiza ikirere.
-
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
13 May 2020, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko inzara ibamereye nabi kuko ngo aho guhabwa ubufasha bw’ibyokurya n’ubuyobozi ahubwo bahawe udupfukamunwa.
-
Mu 2026 Abanyarwanda bashobora gutangira guhahisha ‘drones’
8 September 2025, by ISIMBI EstellaKompanyi ikora indege nto zitagira abaderevu (Zipline) yatangaje ko bitarenze mu mwaka utaha wa 2026, Abanyarwanda n’abandi bose batuye mu Rwanda bazatangira gukoresha indege nto zitagira abapilote mu guhaha ibicuruzwa byiganjemo imiti n’ibiribwa, bikabasanga mu ngo zabo batiriwe bajya ku maguriro.
-
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmutingito uri ku gipimo cya 6,3, wibasiye agace kari hafi y’umujyi wa Mazar-e-Sharif uherereye mu Majyaruguru ya Afghanistan, uhitana abantu 20 mu gihe abarenga 260 bakomeretse ndetse uyu mubare ushobora kwiyongera.
-
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 z’Amayero yasinywe hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru AS Monaco ndetse na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Perezida Kagame yavuye imuzi intandaro y’ibibazo abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda
9 March 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda, yerekana ko bituruka ahanini ku mikoranire hagati y’umutwe ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda RNC na Uganda.
Umuryango.rw
Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi
RDC: Abantu 50 baguye mu mpanuka y’ubwato bwahiye
Visi Perezida wa Tanzania yabwiye Perezida Suluhu ko ashaka kwegura
2025 izasiga nta moto za lisansi zihabwa ibyangombwa byo gutwara abagenzi
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
Mu 2026 Abanyarwanda bashobora gutangira guhahisha ‘drones’
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco