Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, bagaragaje ko imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kugera ku musozo, kuko usibye ibihugu 107 byamaze kohereza abakinnyi, abandi banyamahanga bamaze gufata imyanya y’aho bazayirebera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Burindi, Akagari ka Nyaruka mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, yishwe n’ibinini byica imbeba yanyoye, aho bivugwa ko byaturutse ku madeni y’inguzanyo.
-
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.
-
Ingabo z’u Rwanda zakoze Umuganda muri Jamaica
2 March, by ISIMBI EstellaItsinda ry’Abahanga mu by’ubwubatsi ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) riri muri Jamaica rifatanyije n’abahanga mu by’ubwubatsi bo mu Ngabo za Jamaica (JDF), bakoze Umuganda ku Kigo cya Blessed Assurance.
-
Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUbusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, gukoresha agakingirizo cyangwa kwifungisha burundu, ariko ubu hari gukorwa igerageza ku binini bya ‘YCT-259’ bizajya bifasha abagabo kuboneza urubyaro.
-
Uruzuba n’imvura idasazwe muri kubona bizakurwaho no kugarura ibimera gakondo-Impuguke
15 October 2024, by Joseph IradukundaImpuguke mu mihindagurikire y’ikirere zemeza ko kugarura ibiti gakondo byacitse byafasha kubungabunga imisozi ikomeje kwangirika bikomeye kubera imvura nyinshi igwa muri bimwe mu bice by’U Rwanda.
-
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
-
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
-
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo ubu uru ruganda rwiteguye kwinjiza ubwoko bushya ku isoko ry’u Rwanda.
-
Igihe cyari iki - Kevin Kade ugiye kuririmba bwa mbere muri MTN Iwacu Muzika Festival
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bakomeye muri iki gihe, Kevin Kade yatangaje ko yiteguye gutanga ibyishimo mu ruhererekane rw’ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bigiye kuba ku nshuro ya 7, avuga ko “igihe cyari iki” kugira ngo ataramire abafana be bo mu Ntara.
Umuryango.rw
Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
Ingabo z’u Rwanda zakoze Umuganda muri Jamaica
Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa
Uruzuba n’imvura idasazwe muri kubona bizakurwaho no kugarura ibimera gakondo-Impuguke
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
Igihe cyari iki - Kevin Kade ugiye kuririmba bwa mbere muri MTN Iwacu Muzika Festival