Guverineri wa Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, André Wameso, yatangaje ko guhera tariki ya 9 Mata 2027, nta muntu uzaba wemerewe kwishyura serivisi iyo ari yo yose mu Madolari cyangwa andi mafaranga y’amahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Leta ya RDC igiye guca ikoreshwa ry’Amadolari
21 April, by ISIMBI Estella -
Nta munyeshuri uzemererwa kwiga muri Kaminuza adakingiwe Covid-19
27 September 2021, by Dusingizimana RemyKu wa 23 Nzeri 2021, Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), bagiranye inama n’ubuyobozi bwa Kaminuza zitandukanye, yanzura ko “Umunyeshuri cyangwa umukozi muri Kaminuza utarakingiwe urukingo na rumwe rwa Covid-19, atemerewe kwinjira muri Kaminuza guhera kuri uyu wa Mbere tariki 27 Nzeri 2021.”
-
Hari umunyakenyakazi ubasha kubonera abana 50 amashereka abahaza
10 July 2025, by Joseph IradukundaI Nairobi muri Kenya umubyeyi witwa Njoroge Chelimo w’imyaka 36, umaze kubyara abana 2, asobanura uko yisanze yifitemo ubushobozi budasanzwe bwo kugira amashereka menshi ku buryo abona ahaza abana be, ariko agasagura n’andi menshi afashisha abandi bayakeneye, ku buryo abona ayahaza abana 50.
-
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (…) -
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
26 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo.
-
Abaganga ba Korea bishimiye kongera ubumenyi bwo kubaga mu Rwanda
14 July 2025, by ISIMBI EstellaAbaganga b’impuguke mu kubaga indwara zitandukanye n’abaforomo bamaze iminsi mu ruzinduko rw’ubuvuzi mu Rwanda, bishimiye umusanzu batanze mu buvuzi rusange mu Rwanda binyuze muri serivisi batanze mu bitaro bitandukanye ndetse n’ubumenyi basangiye na bagenzi babo muri ibyo bitaro.
-
Iran ntiteze gufungura Hormuz, izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma
23 April, by ISIMBI EstellaMu gitondo cyo ku wa gatatu tariki 22 Mata 2026 Iran yavuze ko “yafashe” amato abiri y’imizigo mu muhora wa Hormuz.
-
Telefone za ‘iPhone’ zicuruzwa muri Amerika ntizizongera gukorerwa mu Bushinwa
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUruganda rwa Apple rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo na telefone za iPhone, rwatangaje ko izo rucuruza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera gukorerwa mu Bushinwa.
-
Bangui: Bamwe mu bakozi b’umujyi bitambitse meya bamubuza kwinjira mu biro bye
22 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’intumwa zidasanzwe z’Umujyi akaba na Meya wa Bangui, Émile-Gros-Raymond Nakombo, yangiwe na bamwe mu bakozi kwinjira mu biro bye. Uyu wari wafashe ikiruhuko agiye kwitabira amatora y’abadepite yo mu Kuboza 2025, yagonganye na bamwe mu bakozi barakaye ndetse na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.
-
M23 yari yashyize hasi intwaro yarashweho na FARDC n’imitwe bafatanyije
16 December 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wikomye ibitero by’ingabo za Congo,FARDC ifatanyije na Mai Mai,Nyatura na FDLR byagabwe ku bice igenzura bya Bwiza muri territoire ya Masisi.
M23 yavuze ko ibyo leta ya RDC yakoze yangije imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu yabereye I Luanda kuwa 23 Ugushyingo 2022.
Uyu mutwe watangaje ko ubona Leta ya Kinshasa idakozwa ibyo gushaka amahoro byemeranyijweho n’impande zombi.
Wavuze kandi ko watanze impuruza ko hari ubwicanyi buri gukorerwa inzirakarengane muri Bwiza (…)
Umuryango.rw
Leta ya RDC igiye guca ikoreshwa ry’Amadolari
Nta munyeshuri uzemererwa kwiga muri Kaminuza adakingiwe Covid-19
Hari umunyakenyakazi ubasha kubonera abana 50 amashereka abahaza
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
Abaganga ba Korea bishimiye kongera ubumenyi bwo kubaga mu Rwanda
Iran ntiteze gufungura Hormuz, izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma
Telefone za ‘iPhone’ zicuruzwa muri Amerika ntizizongera gukorerwa mu Bushinwa
M23 yari yashyize hasi intwaro yarashweho na FARDC n’imitwe bafatanyije