Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump ishaka gushyira Isi mu kavuyo, agaragaza ko Isi itagomba kwemera guhinduka indiri y’ubujura bw’abatagira amahame bagenderaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
8 January, by ISIMBI Estella -
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Butera Knowless akaka n’umugore wa Producer Ishimwe Clement uzwi nk’uwashinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music yagize isabukuru, Knowless acika ururondogoro mu kumwifuriza umunsi mwiza w’isabukuru y’amavuko.
-
Imyaka 73 irashize Amerika ishaka kugira Iran akarima kayo
3 March, by ISIMBI EstellaAmerika yahereye mu 1953 ihirika ubutegetsi bwa Iran, mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabayeho ku wa 19 Kanama 1953. Icyo gihe minisitiri w’Intebe Mohammad Mosaddeg yakuwe ku butegetsi hashyirwaho Mohammad Reza Pahlavi, ufatwa nk’umwami wa nyuma warazwe ingoma muri Iran. Iryo hirikwa ryateguwe n’Ubwongereza (M16) bari kumwe na CIA noneho iryo hirikwa ryiswe’Operation Ajax’.
-
Abanyarwenya b’ibirangirire mu karere barimo uzwiho kwigana Perezida Museveni basesekaye mu Rwanda
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyarwenya Teacher Mpamire uzwiho kwigana Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, na Patrick Salvador, bari bategerejwe mu Rwanda, bahasesekaye.
-
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 ufite Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) mu muziki, arimo kongera ishoramari mu hazaza h’umuziki wa Afurika.
-
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi ukomeye wo kwimukira mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018.
-
Leta igiye gushyira miliyari 38 FRW muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye
2 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bose uhereye mu mashuri abanza kugera mu yisumbuye, uyu mwaka abarenga miliyoni 3.3 bazahabwa ifunguro aho Guverinoma yateganyije mu ngengo y’imari y’uyu mwaka amafaranga yo gushyigikira icyo gikorwa.
-
Djihad na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka itanu
17 February, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, guhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John, nyuma yo kubahamya gusakaza amashusho ya Yampano akora imibonano mpuzabitsina.
-
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Leta y’u Burundi yafunguye umupaka wa Gatumba uhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’amezi arenga abiri iwufunze.
-
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz yishongoye kuri Shakib Cham washakanye na Zari Hassan bahoze babana, avuga ko igihe cyose yashakira uyu mugore nta kabuza yamwisubiza.
Umuryango.rw
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
Abanyarwenya b’ibirangirire mu karere barimo uzwiho kwigana Perezida Museveni basesekaye mu Rwanda
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari