Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ukwakira rwahanishije Miss Muheto Divine igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe n’ihazabu y’ibihumbi 190 Frw.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Miss Muheto Divine yahanishijwe igifungo cy’amezi atatu gisubitse
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Nigeria Aliko Dangote, uzwi nk’umukire wa mbere muri Afurika, akomeje kwiyongera mu bukire mu mwaka wa 2026, aho umutungo we wazamutse cyane bitewe n’impinduka zikomeye zabaye mu rwego rwa peteroli muri Nigeria.
-
New Zealand: Minisitiri yeguye ku kazi nyuma yo gukorakora umukozi
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ubucuruzi muri New Zealand, Andrew Bayly yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushyira ikiganza ku kuboko k’umwe mu bakozi be mu cyumweru gishize, mu byavuzwe ko ari imyitwarire mibi ikabije.
-
Nyagatare: Umuyobozi w’ishuri yirukanywe azira kwiba ibiryo by’abanyeshuri
16 April, by ISIMBI EstellaInzego z’umutekano mu Karere ka Nyagatare ziri gushakisha Umuyobozi w’Ishuri ribanza rya Rubira II riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga, wirukanwe n’ubuyobozi bw’akarere azira kwiba ibiryo byagenewe abanyeshuri akabigurisha.
-
Madagascar: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kwica Perezida
18 April, by ISIMBI EstellaKu wa 17 Mata 2026, inzego z’umutekano za Madagascar zataye muri yombi Colonel Patrick Rakotomamonjy, zimushinja gutegura umugambi wo kwica Perezida, Colonel Michaël Randrianirina.
-
Amb. Dushimimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda mu Buholandi
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda mu Buholandi, Lambert Dushimimana, yashyikirije Umwami w’Ubwami bw’u Buholandi, Willem-Alexander, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro
6 March, by Angeline MUKANGENZIMu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’impande zombi, hamenyekanye ko hagiye gushyirwaho gahunda yo kongera ituze mu gihugu, kuzahura ubukungu no guteza imbere politiki.
-
Sudani: Inyeshyamba za RSF zemeye kugamburuzwa nyuma y’igihe zirwanira Khartoum
8 October 2024, by Joseph IradukundaIngabo z’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zatangiye kuva mu Karere ka Nile y’Iburasirazuba (East Nile) ko muri Leta ya Khartoum mu gihe Igisirikare cya Sudani cyagabye igitero cya mbere gikomeye ku butaka kugira ngo kigarurire umurwa mukuru, Khartoum. Bivugwa ko impande zombi zirimo gukusanya ingabo muri Khartoum y’Amajyaruguru, zitegereje intambara ikomeye yo kugenzura ako karere.
-
Trump yashyize ahagaragara amadosiye ibihumbi ku iyicwa rya Perezida JF Kennedy
19 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Werurwe 2025, ubuyobozi bwa Trump bwasohoye inyandiko ibihumbi n’ibihumbi zari zaragizwe ibanga ku bijyanye n’iyicwa ry’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John F. Kennedy.
-
U Rwanda rwijeje umutekano usesuye abazitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
12 June 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), Ndayishimiye Samson, yagaragaje ko mu gihe hazaba hakinwa Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025, umutekano uzaba ari wose mu Rwanda, nta mpungenge abazitabira bakwiriye kugira.
Umuryango.rw
Miss Muheto Divine yahanishijwe igifungo cy’amezi atatu gisubitse
Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito
New Zealand: Minisitiri yeguye ku kazi nyuma yo gukorakora umukozi
Nyagatare: Umuyobozi w’ishuri yirukanywe azira kwiba ibiryo by’abanyeshuri
Madagascar: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kwica Perezida
Amb. Dushimimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda mu Buholandi
Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro
Sudani: Inyeshyamba za RSF zemeye kugamburuzwa nyuma y’igihe zirwanira Khartoum
Trump yashyize ahagaragara amadosiye ibihumbi ku iyicwa rya Perezida JF Kennedy
U Rwanda rwijeje umutekano usesuye abazitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025