Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye ko abasirikare bari ku rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu bazamurirwa umushahara, imiryango yabo igahindurirwa imibereho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tshisekedi yasabye ko abasirikare bari ku rugamba bahindurirwa imibereho
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?
4 March, by Angeline MUKANGENZIMu buryo bw’ibanga rikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziri gutegura ibirego kuri Perezida w’agategenyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez nk’uburyo bwo kongera igitutu ku b’i Caracas, kugira ngo Amerika ibone uko iganira na bo mu buryo buyungura.
-
Goma yatangiye guhabwa internet ya ‘fibre optique’ inyura muri Kenya, Uganda n’u Rwanda
10 February, by ISIMBI EstellaIkigo gitanga serivisi za internet mu bice binyuranye bya Afurika, Paratus Group, cyatangaje ko cyatangije umuyoboro wa internet yihuta [fibre optique] uva mu mujyi wa Mombasa ukagera i Goma, Uganda no mu Rwanda.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34: Byinshi kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike
27 August 2021, by Dusingizimana RemyIKIGANIRO IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34 kigaruka kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike mu ntambara ya Cabo Delgado! Ese ko bishoboka cyane ko RDF izatsinda Urugamba, Mozambike yo izabasha gutsinda Intambara, hari gukorwa iki ngo abaturage ba Delgado batazasigara nk’abanya Afganisitani bari bariringiye Amerika yaje igatsinda urugamba ariko Abatalibani ubu akaba aribo batsinze Intambara?
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#35: Gen Innocent KABANDANA uyoboye ingabo za RDF (…) -
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
19 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 09-13 Gashyantare 2026 byinjije arenga miliyoni 13$, ni ukuvuga arenga miliyari 19 Frw.
-
Depite muto muri Côte d’Ivoire arasaba ko abagabo bemererwa gushaka abagore benshi
20 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe impaka ku burenganzira bw’abagore n’imiterere y’umuryango zikomeje gufata indi ntera muri Côte d’Ivoire, depite muto kurusha abandi mu Nteko Ishinga Amategeko, Naya Jarvis Zamblé, yatangije igitekerezo gikomeje kuvugisha benshi: kwemerera abagabo gushaka abagore benshi, bikandikwa mu mategeko.
-
U Rwanda n’u Buhinde bikomeje gushimangirwa ubufatanye
2 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ari i New Delhi mu Buhinde aho yitabiriye inama ya kabiri ya Komisiyo ihoraho ihuriweho n’abahagarariye u Rwanda n’u Buhinde.
-
Abaganga b’u Rwanda bikubye hafi 4 mu myaka 2
16 October 2025Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko nyuma y’aho himakajwe gahunda yo kongera abaganga byatumye bikuba 3,7 mu myaka ibiri ishize.
-
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
8 May 2025, by Joseph IradukundaIndi nyubako iraramo abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Collège de Gisenyi Inyemeramihigo riherereye mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
Umuryango.rw
Tshisekedi yasabye ko abasirikare bari ku rugamba bahindurirwa imibereho
Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?
Goma yatangiye guhabwa internet ya ‘fibre optique’ inyura muri Kenya, Uganda n’u Rwanda
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34: Byinshi kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
Depite muto muri Côte d’Ivoire arasaba ko abagabo bemererwa gushaka abagore benshi
U Rwanda n’u Buhinde bikomeje gushimangirwa ubufatanye
Abaganga b’u Rwanda bikubye hafi 4 mu myaka 2
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu