Umuraperi w’Umunyakanada, Drake yashenguwe n’akadege kagaragaye mu nzu ye y’akataraboneka i Sydney muri Australia, aho ari mu ruzinduko rw’igitaramo cye “Anita Max Win Tour.”
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Drake yatewe na Drone y’ubutasi
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
10 July 2025, by Joseph IradukundaMu gusoza iburanisha ry’urubanza ruregwamo Aimable Karasira wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa kane ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 30, we ahawe umwanya yavuze ko asaba imbabazi umuryango Nyarwanda n’ababa barakomerekejwe n’amagambo yavuze.
-
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Kigali watangaje ko urubyiruko rugera kuri 700 rwabonye akazi umwaka ushize wa 2024, binyuze mu rubuga ruhuza abatanga imirimo n’abayikeneye ‘Kigali JobNet’.
-
Gatsibo: Aracyari imanzi ku myaka 74
14 July 2025, by ISIMBI EstellaNdungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko mu buzima bwe atigeze akora imibonano mpuzabitsina, nta mugore yigeze ndetse adateganya no kumushaka.
-
Perezida Ruto yasabwe kwishyura imiryango y’abaguye mu myigaragambyo mu 2024
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRaila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yahamagariye Perezida w’iki gihugu kwishyura indishyi y’akababaro imiryango yabuze abana babo mu myigaragambyo yarangiye abenshi bahasize ubuzima mu 2024.
-
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Irani Masoud Pezeshkian avuga ko “ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza”, ariko ntiyavuze ibyo ari byo.
-
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
13 May 2020, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko inzara ibamereye nabi kuko ngo aho guhabwa ubufasha bw’ibyokurya n’ubuyobozi ahubwo bahawe udupfukamunwa.
-
Qatar yateguje ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gishobora kwikuba hafi kabiri
7 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri ushinzwe ingufu muri Qatar, Saad al-Kaabi, yatangaje ko ibihugu bitandatu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bishobora guhagarika kohereza lisansi na mazutu mu byumweru bibiri cyangwa bitatu biri imbere, bikaba byatuma igiciro cyabyo cyikuba hafi kabiri.
-
Tuzakosora amakosa yo mu mukino ubanza wa 3-0 - Umutoza w’Amavubi
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Frank Torsten yatangaje ko bazakosora amakosa bakoze mu mukino ubanza batsinzwe na Bénin ibitego 3-0.
Umuryango.rw
Drake yatewe na Drone y’ubutasi
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet
Gatsibo: Aracyari imanzi ku myaka 74
Perezida Ruto yasabwe kwishyura imiryango y’abaguye mu myigaragambyo mu 2024
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
Qatar yateguje ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gishobora kwikuba hafi kabiri
Tuzakosora amakosa yo mu mukino ubanza wa 3-0 - Umutoza w’Amavubi