Polisi y’Ubwongereza yatangaje ko abantu bane batawe muri yombi mu rwego rw’iperereza ku kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bifitanye isano na Irani.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu bane batawe muri yombi mu Bwongereza bakekwaho gufasha ubutasi bwa Irani
6 March, by Angeline MUKANGENZI -
Hagaragajwe ikizatuma haterana Inteko Rusange ya Rayon Sports itaha
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi ushinzwe Imiyoborere n’Ubukangurambaga muri Komite y’Inzibacyuho ya Rayon Sports, Jean-Baptiste Musabyimana, yashimangiye ko nta Nteko Rusange izabaho mu gihe umushinga w’amategeko agenga iyi kipe utaremezwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere-RGB.
-
Perezida wa Koreya ya Ruguru yise intwari abasirikare be biyahuriye muri Ukraine
29 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yashimiye abasirikare be biturikirijeho ibisasu banga gufatwa bugwate na Ukraine, aho bagiye gufasha u Burusiya ku rugamba buhanganyemo n’icyo gihugu.
-
TOP10 , Inyubako 10 zihenze cyane mu Rwanda.
3 March 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda ni kimwe mu bihugu biri ku mugabane wa afurika birimo gutera imbere ku muvuduko uhambaye , iyo urebye aho u Rwanda rwavuye mu myaka 31 ishize ukareba naho rugeze uyu munsi biguha ishusho yaho ruzaba rugeze mu myaka iri imbere. U Rwanda rwariyubatse ndetse kimwe mubyo u Rwanda rufite ku bwinshi ni inyubako ziri ku rwego mpuzamahanga zimwe muri izi nyubako zikaba zaragiye zuzura zitwaye akavagari k’amafaranga , muriyi nkuru munyemerere dufungure indi paji turebere hamwe inyubako 10 (…)
-
Abawukoresheje bose barawirahira, abari barabuze icyubahiro mungo zabo n’Imbere yabakunzi babo ubu barabyina sambwe
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbi si amakabyankuru nyuma y’uko hakomeje kigaragara ikibazo ku bagabo n’abasore bamwe nabamwe cyo kudashimisha abo babana mugihe cyo gutera akabariro nko kurangiza vuba bakunze kwita kubipa cg kureba umukobwa/Umugore ugahita urangiza bigatumwa bamwe na bamwe batigirira ikizere mu buzima, abasore barungurutse mbere bagafata umwanzuro wo kudashakaabagore kubera gutinya ko bazasebera Imbere yabo, uyu munsi SHANGAZI Dative yabazaniye Igisubizo Yazanye umuti ukoresha ugahita usubirana icyubahiro (…)
-
Imbwa z’i Kigali zisaga 6000 zigiye gukingirwa
13 March, by ISIMBI EstellaIkigo gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), Ikigo cy’Igihugu cy’Uuzima (RBC), Urugaga rw’Abaganga b’Amatungo (RCVD) n’Umuryango WAG, wita ku mbwa zatawe , bagiye gukingira imbwa ziri hagati ya 5000-6000 zo mu Mujyi wa Kigali, hagamijwe kurandura ibisazi by’imbwa.
-
Corneille Nanga yavuze ko babona ukwikura muri Uvira ku bushake nta gisubizo byatanze
26 April, by Angeline MUKANGENZIUmuhuzabikorwa w’Ihuriro rya AFC/M23, Corneille Nanga, yabwiye Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, James Swan ko gukura Ingabo zaryo muri Uvira ku bushake nta gisubizo byatanze ku byerekeye amahoro arambye yifuzwaga.
-
Nyamirambo : Abakoraga akazi ko gucukura imva no gushyingura barataka igihombo
6 March, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu bakoraga akazi ko gucukura imva no gushyingura mu irimbi ryo mu rugarama mu Murenge wa Nyamirambo,Akarere ka Nyarugenge, barataka igihombo nyuma y’uko ritagishyingurwambo kubera ko ryuzuye.
-
TduRwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team, yegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda.
-
Bugesera: Umugabo yatemye umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
20 April, by ISIMBI EstellaInzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugabo w’imyaka 35 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mwogo, yishe umugore we w’imyaka 25 n’umwana wabo w’uruhinja rw’ukwezi kumwe, abatemesheje umuhoro.
Umuryango.rw
Hagaragajwe ikizatuma haterana Inteko Rusange ya Rayon Sports itaha
Perezida wa Koreya ya Ruguru yise intwari abasirikare be biyahuriye muri Ukraine
TOP10 , Inyubako 10 zihenze cyane mu Rwanda.
Abawukoresheje bose barawirahira, abari barabuze icyubahiro mungo zabo n’Imbere yabakunzi babo ubu barabyina sambwe
Imbwa z’i Kigali zisaga 6000 zigiye gukingirwa
Corneille Nanga yavuze ko babona ukwikura muri Uvira ku bushake nta gisubizo byatanze
Nyamirambo : Abakoraga akazi ko gucukura imva no gushyingura barataka igihombo
Bugesera: Umugabo yatemye umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe