Perezida wa Irani Masoud Pezeshkian avuga ko “ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza”, ariko ntiyavuze ibyo ari byo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
6 March, by Angeline MUKANGENZI -
Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwisumbuye rwa Huye rwategetse ko umugabo witwa Niyitegeka Eliezer ufite imitungo ifatika muri Kigali akurikiranwa afunzwe by’agateganyo aho gukurikiranwa adafunzwe.
-
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kigiye guhamagaza inkeragutabara z’iki gihugu zirenga ibihumbi 100 nk’uburyo bwo guhangana na Iran byuzuye.
-
Kanseri y’umwijima ishobora kwikuba kabiri bitarenze mu 2050 - Ubushakashatsi
29 July 2025, by Joseph IradukundaUbushakashatsi bwagaragaje ko hatagize igikorwa, umubare w’abarwara kanseri y’umwijima ku Isi hose ushobora kwikuba kabiri bitarenze umwaka wa 2050.
-
Dore umukunzi mushya wa Harmonize yerekanye
16 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi w’Umunya-Tanzania Harmonize, yerekanye umukunzi we mushya witwa Abigael Chams, mu gihe hari hashize ibyumweru bicyeya havugwa ibihuha ku rukundo rw’abo bombi, kuko byari bikiri mu ibanga.
-
Benin: Abasirikare 15 ba FAB biciwe mu gitero kidasanzwe cya JNIM
6 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane, itariki ya 5 Werurwe, Umujyi wa Kofonou, hafi ya Karimama mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Benin, wabayemo igitero simusiga cyagabwe ku Ngabo za Bénin. Abasirikare 15 bahasize ubuzima, ku birometero bike uvuye ku mupaka na Niger. Hari hashize hafi umwaka igihugu kitagabweho igitero cyo kuri uru rwego.
-
FDLR yasajije imigeri yandikira Perezida Donald Trump ivuga ku masezerano y’amahoro ya Washington
7 July 2025, by Joseph IradukundaMu byo DR Congo n’u Rwanda byumvikanye mu masezerano y’amahoro ya Washington harimo kurandura umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali, uyu mutwe watangaje ko kuwusenya "ntibizakemura ikibazo".
-
Burundi: Imirambo ibiri y’abambaye impuzankano ya gisirikare yabonetse yarangiritse
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Komine Rugombo mu Ntara ya Cibitoke yatangaje ko yabonye imirambo y’abantu babiri bambaye impuzankano z’igisirikare cy’u Burundi yaratangiye kwangirika bahita bayishyingura hadakozwe isuzuma ngo bamenye umwirondoro wabo n’icyabahitanye.
-
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko u Rwanda nk’Igihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abatutsi, ruhora ruterwa impungenge n’ibikorwa bibi bikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko ruzi uburemere n’ingaruka zabyo.
Minisitiri Nduhungirehe yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Joshua Barnes w’ikinyamakuru Firstpost cyo mu Buhindi, cyagarutse ku bibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika (…) -
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
Umuryango.rw
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
Kanseri y’umwijima ishobora kwikuba kabiri bitarenze mu 2050 - Ubushakashatsi
Dore umukunzi mushya wa Harmonize yerekanye
Benin: Abasirikare 15 ba FAB biciwe mu gitero kidasanzwe cya JNIM
FDLR yasajije imigeri yandikira Perezida Donald Trump ivuga ku masezerano y’amahoro ya Washington
Burundi: Imirambo ibiri y’abambaye impuzankano ya gisirikare yabonetse yarangiritse
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda