Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyemeje ko igiye kuguriza Ukraine arenga miliyari 8$ mu rwego rwo gufasha iki gihugu gukomeza guhangana n’ibibazo by’ubukungu gikomeje guhura na byo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
IMF yemereye Ukraine inguzanyo ya miliyari 8$
28 February, by Angeline MUKANGENZI -
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha
11 October 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Caméroun yaciye kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya w’iki gihugu, mu gihe ibihuha bivuga ku buzima bw’uyu mukambwe bikomeje kuba byinshi.
-
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
6 August 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026.
-
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Ghana wakinaga muri APR FC, Seidu Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC nyuma yo kwitwara nabi ntibyishimirwe n’abayobozi.
-
Bamaze imyaka 18 barabuze urubyaro none AI yabagobotse barasama
4 July 2025, by Joseph IradukundaAbashakashatsi bifashishije ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu gufasha umuryango wari umaze imyaka 18 warabuze urubyaro.
-
Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza
28 July 2025, by Joseph IradukundaMu myaka 15 amaze yivuriza mu bitaro binyuranye, Musabinema Laurence w’imyaka 32 amaze kubagwamo inshuro 14 kubera uburwayi bw’ibibyimba afite mu nda.
-
Ibirori byo gufungura ‘Resitora’ y’umuraperi Nipsey Hussle byacubijwe n’amasasu
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuIbirori byo gufungura ku mugaragaro resitora (Restaurant) nshya y’umuraperi Nipsey Hussle byumvikanyemo urusaku rw’amasasu, ibintu byatunguye benshi bari bitabiriye uyu muhango wabereye mu mujyi wa Long Beach.
-
U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane
7 March, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire azoroshya imihahiranire hagati yarwo na Zimbabwe na Congo Brazzaville, ashingiye ku mabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rwa Afurika.
-
BAL yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by ISIMBI EstellaIrushanwa rya Basketball Africa League ryifatanyije n’u Rwanda n’inshuti zarwo mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside
7 April 2025, by ISIMBI EstellaJean Bosco Nkurikiyinka warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amaze imyaka irenga 14 arera abana batatu b’abakoze Jenoside, nk’ikimenyetso cy’ubumwe n’ubwiyunge.
Umuryango.rw
IMF yemereye Ukraine inguzanyo ya miliyari 8$
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
Bamaze imyaka 18 barabuze urubyaro none AI yabagobotse barasama
Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza
Ibirori byo gufungura ‘Resitora’ y’umuraperi Nipsey Hussle byacubijwe n’amasasu
U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane
BAL yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside