Umukecuru witwa Zaninka Adela w’imyaka 82, wari utuye mu Umudugudu wa Kajeje mu Kagari ka Kigarama, Umurenge wa Cyeza, mu Karere ka Muhanga, yaguye mu ziko ryari ririmo umuriro arashya kugeza ashizemo umwuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muhanga: Umukecuru w’imyaka 82 yaguye mu ziko ahita apfa
29 April, by ISIMBI Estella -
Impamvu inzu zidatuwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera
5 March, by Angeline MUKANGENZIMu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa umuntu aba agezeho, bijyanye n’ibibazo by’amacumbi bigaragara, mu bindi bihugu si ko bimeze, ahubwo usanga inyinshi zaratawe n’abantu zitahwamo n’ibikoko.
-
Prof. Lyambabaje Alexandre yagizwe umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ U Rwanda
2 February 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 02 Gashyantare 2021 yemeje ko Prof Lyambabaje Alexandre abaye Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda nyuma y’uko hari hashize amezi ane Phillip Cotton wayiyoboraga asoje amasezerano ye kuri uyu mwanya agasimburwa by’agateganyo na Dr Musafiri Papias Malimba wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi.
-
Sukhoi-25 ya FARDC yarashe ibirindiro bya AFC/M23 muri Masisi na Walikale
27 November 2025, by ISIMBI EstellaIndege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe ibirindiro by’ihuriro AFC/M23 muri Teritwari ya Walikale na Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa
4 October 2024, by Joseph IradukundaUmugore wese utwite hari ibinyobwa bitandukanye aba atemerewe kunywa kugira ngo bitamugiraho ingaruka we ubwe ndetse n’umwna atwite nubwo bamwe usanga bapfa kwinywera ibyo babonye ntacyo bitayeho, nyamara baba bakwiye kubanza kumenya niba nta kibazo byabateza kuko ubuzima bwabo buba bwarahindutse mu minsi yo gutwita.
-
Umuturage wa Uganda yasubijwe inka yibwe ikazanwa mu Rwanda
27 April, by Angeline MUKANGENZIMbarushimana Julias, umuturage ukomoka mu Karere ka Kisoro muri Uganda, arashimira ubuyobozi bw’u Rwanda bwamushyikirije inka ye yari yibwe igafatirwa Mudugudu wa Mfashe, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Kagogo ho mu Karere ka Burera ku wa 14 Mata 2026.
-
Dore abayobozi 12 mu Rwanda bemerewe kurindwa n’abajepe (Republican Guards).
13 March 2025, by ISIMBI EstellaMu Rwanda abantu benshi iyo bumvise Republican Guard bahita bumva ari abajepe barinda perezida wa Repubulika , gusa akazi aba basirikare bakora kakaba ari akazi k’indashyikirwa ndetse gasobanurwa n’iteka rya Perezida.
Akazi abajepe bakora gasobanurwa n’iteka rya Perezida N° 33/01 ryo kuwa 03/09/2012 mu ngingo yaryo ya 42: iri tegeko risobanura akazi kose abajepe bakora, Mu busanzwe abajepe cyangwa se Republican Guards ni burigade yihariye mu ngabo z’u Rwanda ishinzwe kurinda (…) -
Indege z’intambara ziri guturuka mu Burundi zagabye ibindi bitero ku Banyamulenge
13 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko indege z’intambara na drones ziri guturuka mu Burundi zagabye ibindi bitero ku Banyamulenge batuye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Ibikomoka kuri peteroli bizahenda ariko ntabwo bizabura – MINICOM
20 April, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe yahumurije Abaturarwanda ko ibikomoka kuri peteroli mu gihugu bizahenda ariko ko bitazabura cyane ko inzego zitandukanye zikomeje gukurikiranira hafi ngo bitabura.
-
Abasirikare bane ba Israel biciwe muri Liban
31 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare bane baguye mu mirwano mu majyepfo ya Liban aho ingabo zayo zihanganye na Hezbollah ishyigikiwe na Iran.
Umuryango.rw
Muhanga: Umukecuru w’imyaka 82 yaguye mu ziko ahita apfa
Impamvu inzu zidatuwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera
Sukhoi-25 ya FARDC yarashe ibirindiro bya AFC/M23 muri Masisi na Walikale
Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa
Umuturage wa Uganda yasubijwe inka yibwe ikazanwa mu Rwanda
Dore abayobozi 12 mu Rwanda bemerewe kurindwa n’abajepe (Republican Guards).
Indege z’intambara ziri guturuka mu Burundi zagabye ibindi bitero ku Banyamulenge
Ibikomoka kuri peteroli bizahenda ariko ntabwo bizabura – MINICOM
Abasirikare bane ba Israel biciwe muri Liban