Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko nyuma yo kubohora igihugu yumvise umuvugo w’umwana w’ubukobwa wasoje yibaza aho ‘Imana yaraye ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994’, ngo yaramwegereye amwizeza ko amateka azahinduka bidatinze.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Nzeri nibwo habaye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera igihugu no gushima Imana yarinze igihugu n’abanyarwanda mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 03 na 04 Kanama uyu mwaka.
Mu ijambo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kagame yavuze ku mukobwa yagaruriye icyizere wabazaga ‘aho Imana yaraye ubwo Jenoside yabaga’(VIDEWO+AMAFOTO)
10 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Tanzania yafunze Abapolisi bagaragaye bakira ruswa mu muhanda
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbabopisi babiri bakora mu ishami ryo mu muhanda (Traffic Police) batawe muriyombi nyuma yavideo zakomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga.
-
Kiyovu yigeze gusohora Mvukiyehe yamutumiye mu nama yo kuyigoboka
7 July 2025, by Joseph IradukundaMvukiyehe Juvenal wayoboye Kiyovu Sports hagati ya 2020 na 2023, akayivamo adacana uwaka na bamwe mu Bayovu yatumiwe mu nama idasanzwe y’iyi kipe igowe n’ibibazo by’ubukungu.
-
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Tupac ntazibagirana mu mateka ya muzika ndetse n’injyana ya Hip Hop muri rusange, kuva akiri umwana w’amezi macye munda ya Nyina afeni shakuru atera utugeri ,kugenda ukagera ubwo yari igitambambuga ugakomeza no mu bihe yari amaze kugimbuka , nta muntu numwe mubo bakuranye mu rusisiro rwa Baltimore mu mujyi wa Newyork watekerezaga ko hari umunsi inzoka irabagirana nk’uko izina rye ribisobanura, yashoboraga kuvamo igihangange akaba icyatwa ndetse izina rye rikamamara (…)
-
Lionel Messi ntari mu bakinnyi Argentine yitabaje mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Inter Miami, Lionel Messi, ntabwo yatoranyijwe mu bakinnyi Argentine izakoresha mu mikino ibiri ikurikira yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya
6 April, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports y’abagore (WFC) yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya 2025-2026, kiba icya gatatu itwaye yikurikiranya, cyaje giherekejwe na Miliyoni 20 Frw, nk’ikipe ya mbere.
Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere ihita yuzuza inshuro ya Gatatu yikurikiranya.
Byabaye kuri iki Cyumweru nyuma yo gutsinda ikipe ya Muhazi United ku munsi wa nyuma wa shampiyona y’abagore igitego 1-0 cyatsinzwe na rutahizamu Gikundiro (…) -
Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu babiri barashwe n’igipolisi cy’u Burundi nyuma yo gufatwa bashinjwa kugerageza kwinjiza mu Rwanda ikawa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho bivugwa ko ubuyobozi bukuru bwa Polisi bwategetse ko umuntu wese uzafatwa akora magendu yambuka ajya mu Rwanda, azajya yicwa.
-
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane.
Ibi Minisitiri Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hagaragazwaga aho gushyira mu bikorwa gahunda yo kugabanya umubare w’ abana bagwingira bigeze.
Umugore n’ umugabo batanze ubuhamya muri uyu muhango bagaragaje ko kwita ku mwana no kumurinda kugwingira (…) -
Tanzania: Abagabo batatu bakatiwe igihano cy’urupfu
19 April, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ubujurire ruherereye i Mbeya muri Tanzania rwemeje igihano cy’urupfu cyari cyahawe abagabo batatu bahamijwe icyaha cyo kwica umukozi ushinzwe gutanga inguzanyo mu kigo cy’imari iciriritse.
-
Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera
18 April, by ISIMBI EstellaMu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri Kanama 2025 kugeza tariki ya 16 Mata 2026, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka y’imodoka, ibimenyetso byatangiye gukwirakwizwa bigaragaza ko ashobora kuba yarishwe.
Umuryango.rw
Tanzania yafunze Abapolisi bagaragaye bakira ruswa mu muhanda
Kiyovu yigeze gusohora Mvukiyehe yamutumiye mu nama yo kuyigoboka
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?
Lionel Messi ntari mu bakinnyi Argentine yitabaje mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
Tanzania: Abagabo batatu bakatiwe igihano cy’urupfu
Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera