Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020, nibwo Umuyobozi w’Umuryango w’Abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi (AVEGA) Mukabayire Valérie, yashyikirije Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye Judith, irage umwe mu ntwaza uherutse gutabaruka yahaye Perezida Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Irage yahawe n’umubyeyi w’Intwaza uherutse gutabaruka anatangaza icyo agiye kurikoresha
24 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
12 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
-
Yari afite amezi abiri gusa . ubu amaze imyaka 31 ashakisha uwo baba bafitanye isano
11 April 2025, by ISIMBI EstellaUwanyirijuru Rosalinda uvuga ko ashobora kuba avuka mu Mujyi wa Kigali, amaze imyaka 31 yarabuze umuntu baba bafitanye isano kuko yabwiwe ko umuryango we wose wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Niba ukunda filime ziteye ubwoba (Horror Movies) Dore filime 10 nziza ziteye ubwoba wareba
21 May 2025, by Gladiator OGAbakunzi ba filime iyo bigeze kuziteye ubwoba mbega za filime udashobora kureba uri wenyine abenshi bahita bajya ku gatebe kabasimbura gusa hari n’abandi batajya batinya bene izo filime ahubwo usanga arizo bakunda bakumva bazireba uko bibakundiye cyangwa se igihe cyose bafite umwanya. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe filime 10 ziteye ubwoba ( Horror Films) ushobora kuba washakisha ukareba.
-
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore ntibakunda abakobwa cya abagore babiteretera.
-
Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo kuganira n’itangazamakuru ryo mu Bihugu byo mu karere, yahise agirana ikiganiro n’imwe muri radio yo muri kiriya Gihugu.
-
Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika.
-
Kenya: Boniface Mwangi yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBoniface Mwangi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kamena 2025, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Ugihugu mu mwaka wa 2027.
-
Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzatwara arenga miliyari 100 Frw
28 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzarangira utwaye miliyoni 70$ (arenga miliyari 101 Frw).
-
Rwamagana: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gusarura ishyamba rya Leta
23 February, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ku bufatanye n’inzego z’ibanze zo mu Karere ka Rwamagana byataye muri yombi umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa APAGIE Musha, akekwaho gusarura ibiti birenga 200 mu ishyamba rya Leta atabifitiye uburenganzira.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Irage yahawe n’umubyeyi w’Intwaza uherutse gutabaruka anatangaza icyo agiye kurikoresha
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
Yari afite amezi abiri gusa . ubu amaze imyaka 31 ashakisha uwo baba bafitanye isano
Niba ukunda filime ziteye ubwoba (Horror Movies) Dore filime 10 nziza ziteye ubwoba wareba
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye
Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika
Kenya: Boniface Mwangi yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida
Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzatwara arenga miliyari 100 Frw
Rwamagana: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gusarura ishyamba rya Leta