Umunya-Ghana wakinaga muri APR FC, Seidu Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC nyuma yo kwitwara nabi ntibyishimirwe n’abayobozi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
24 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abaperezida 10 b’Abanyafurika b’ibihe byose bambara neza,Perezida Kagame aza ku mwanya wa 2[AMAFOTO]
20 November 2020, by Martin MunezeroAbaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi akamaro k’imyumvire ya rubanda kandi bashyiramo ingufu mu kugaragara neza kuri buri gikorwa.
-
Abo SAFA BAKERIES yigishije uburyo bwo gutunganya amafunguro bihangiye imirimo, amarembo kandi arafunguye
12 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTSandra Umushambokazi, umwe mu rubyiruko rwagize amahirwe yo guhambwa amasomo na SAFA BAKERIES mu gutegura amafunguro anyuranye arimo Pizza, Burgers, ifiriti na sanduici ndetse n’andi avuga ko we na mugenzi we bari kumwe bahise banagira igitekerezo cyo gushyira mu bikorwa ibyo bize ubu bakaba bafite restaurent ariko ishyira abantu ibyo kurya mu ngo zabo.
Mushambokazi avuga ko restora yabo bise SHERA BITE imaze amezi atau itangiye kandi ababatumaho amafunguro bibereye mu rugo umubare wabo (…) -
Liam Rosenior yagizwe Umutoza mushya wa Chelsea
6 January, by ISIMBI EstellaUmwongereza Liam Rosenior watozaga ikipe ya Strasbourg, yatangaje ko agiye gutoza Chelsea FC yo mu Bwongereza.
-
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kigiye guhamagaza inkeragutabara z’iki gihugu zirenga ibihumbi 100 nk’uburyo bwo guhangana na Iran byuzuye.
-
RDF na Polisi bagiye gutangiza ibikorwa byita ku iterambere n’imibereho myiza y’abaturage
6 March, by Angeline MUKANGENZIlngabo na Polisi by’ u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, biteganyijwe ku wa Mbere tariki ya 9 Werurwe 2026.
-
Uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo kurakaranya
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu rukundo, si buri gihe haba ibyishimo n’ibiganiro byiza; rimwe na rimwe habaho kutumvikana no kurakaranya. Ariko se ni gute wasaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo gukora ikosa?
-
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima
4 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu w’umuhanzi Ngarambe François, witwa Ngarambe Rwema Daniel, yageneye se umubyara ubutumwa bwuje amarangamutima ku isabukuru ye amubwira ko ari we rugero rwiza kuri we n’umuryango wabo.
-
Touadera yasabye Putin gufasha igihugu cye mu by’ingufu
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.
Umuryango.rw
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
Liam Rosenior yagizwe Umutoza mushya wa Chelsea
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
RDF na Polisi bagiye gutangiza ibikorwa byita ku iterambere n’imibereho myiza y’abaturage
Uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo kurakaranya
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima