U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza urukingo ruzwi nka ‘Gardasil 9’ rwa virusi izwi nka ‘Human Papillomavirus: HPV’ ari na yo itera kanseri y’inkondo y’umura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe
5 February, by Angeline MUKANGENZI -
RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye.
-
Gambia yifuza kurahura mu Rwanda imikorere y’urubuga ‘IremboGov’
9 March, by Angeline MUKANGENZIGambia yatangaje ko yiteguye kwigira ku mikorere y’urubuga IremboGov, mu gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Ibivugwa n’ibitavugwa ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
5 April 2022, by UbwanditsiImyaka 28 irashize uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’abakozi batatu bo mu ndege. Hari Tariki 6 Mata 1994.
-
Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri
7 February, by Angeline MUKANGENZIMu gukemura ikibazo cy’abaganga bava mu mahanga ari bake kandi bakagera mu Rwanda inshuro nke, hagiye gutangira kwigishwa amasomo yo kubaga kanseri zifata mu rwungano rw’inkari ziganjemo iya prostate iri ku isonga mu kwibasira abagabo benshi.
-
Koreya y’Epfo: Bwa mbere mu myaka icyenda umubare w’abavuka wazamutse
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBwa mbere mu myaka icyenda ishize, umubare w’abana bavuka wiyongereye muri Koreya y’Epfo ugera kuri 0.75 mu 2024 uvuye kuri 0.72 mu 2023.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
14 April 2025, by Joseph IradukundaUko iminsi ishira indi igataha, abakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeza kwiyongera, ndetse ikaba imwe mu mpamvu ziganisha ku musaruro mwiza ukenewe mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda.
-
Nyuma y’igihe atagaragara, Christopher yari ahugiye kuri Album akozeho imyaka 9
24 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Muneza Christophe uzwi nka Christopher, wubatse izina rikomeye mu muziki nyarwanda, yatangaje ko igihe kinini cyari gishize atigaragaza cyane, cyari gishingiye ku kwiyegurira umushinga we udasanzwe: Album amaze imyaka icyenda akoraho.
-
Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho
25 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo kumvikana na bwo kugira ngo ave mu bwihisho amazemo igihe kirenga ukwezi.
-
Ntuzemere gushyingiranwa n’ umukunzi wawe nadasubiza ibi bizabo 10
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestMbere yo gushyingiranwa n’ umukunzi wawe uzamubaze ibi bibazo uzamenya ubumuntu bwe bigufashe kumumenya byimbitse.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe
RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu
Ibivugwa n’ibitavugwa ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri
Koreya y’Epfo: Bwa mbere mu myaka icyenda umubare w’abavuka wazamutse
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Nyuma y’igihe atagaragara, Christopher yari ahugiye kuri Album akozeho imyaka 9
Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho