Polisi yo muri Mexico yataye muri yombi umugore w’imyaka 25 witwa Sara Michelle, ukekwaho gukubita umugabo bakundanaga witwa Martín Octavio, nyuma y’amakimbirane yabereye mu rugo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore yakubise umugabo wanze ko baryamana
30 March, by Angeline MUKANGENZI -
Kayikwamba yaba yagiye gushaka amaboko kwa Ndayishimiye?
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Kabiri yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Wagner Kayikwamba.
-
PSG na Chelsea zirahura ku mukino wanyuma wa Club World Cup
13 July 2025, by Joseph IradukundaHasigaye amasaha make hakamenyekana ikipe yegukana Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025 na miliyoni zirenga 125$, hagati ya Chelsea na Paris Saint-Germain.
-
Infinity Song; Itsinda ry’abavandimwe bane b’impano yabengutswe na Jay-Z
21 March 2025, by ISIMBI EstellaInfinity Song ni itsinda rya soft rock rigizwe n’abavandimwe bane: Abraham, Angel, Israel, na Momo Boyd. Bakuriye mu muryango ukunda umuziki, aho se yari umuyobozi wa korali, bituma batangira kuririmba bakiri bato.
-
Umunya-Nigeria uhakana Imana yarekuwe ariko aracyafite igihugu ko yakwicwa
8 January 2025, by Joseph IradukundaUmunya-Nigeria uzwi cyanek utemera ko Imana ibaho, umaze kurekurwa nyuma yo kumara imyaka irenga ine afungiye gutuka Imana, ubu arimo kuba mu nzu iri ahantu h’ibanga kuko abunganizi be mu mategeko bafite ubwoba ko ubuzima bwe bushobora kuba buri mu kaga.
-
Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
21 April 2023, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru bw’igihugu mu nzego zitandukanye ndetse no mu mashyaka ya politiki.
Abo barimo Faustin Twagiramungu wayoboye FERWAFA muri 1987-1988 hanyuma akaba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
UMURYANGO uragaruka ku bayoboye FERWAFA nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi nibyo (…) -
Perezida Kagame yakiriye Irage yahawe n’umubyeyi w’Intwaza uherutse gutabaruka anatangaza icyo agiye kurikoresha
24 November 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020, nibwo Umuyobozi w’Umuryango w’Abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi (AVEGA) Mukabayire Valérie, yashyikirije Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye Judith, irage umwe mu ntwaza uherutse gutabaruka yahaye Perezida Kagame.
-
Big Fizzo ari mu myiteguro yo gusohora album ye ya gatanu
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMugani Désiré wamamaye nka Big Fizzo cyangwa Farious mu muziki w’i Burundi na Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, kuri ubu ari mu myiteguro yo kumurika album ye ya gatanu yise ‘777’.
-
Koreya y’Epfo:Umugore yahanganye n’umusirikare ashaka kumwambura imbunda
5 December 2024, by Joseph IradukundaIjoro ry’akaduruvayo ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu muri Koreya y’Epfo ryabayemo ibintu benshi batekerezaga ko ari bimwe bya kera habayeho.
-
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
27 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru tariki 27 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera Igihugu n’abayobozi bacyo azwi nka ‘National Prayer Breakfast’.
Muri ayo masengesho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda bibaye ngombwa ko uruhuza n’izina ry’umuntu wo muri Bibiliya,warwitirira Dawidi, umwe mu ntwari zo muri Bibiliya wanesheje igihangange Goliyati cyari cyarazengereje Abisiraheli nk’uko biboneka mu rwandiko rwa 1 rwa (…)
Umuryango.rw
Kayikwamba yaba yagiye gushaka amaboko kwa Ndayishimiye?
PSG na Chelsea zirahura ku mukino wanyuma wa Club World Cup
Infinity Song; Itsinda ry’abavandimwe bane b’impano yabengutswe na Jay-Z
Umunya-Nigeria uhakana Imana yarekuwe ariko aracyafite igihugu ko yakwicwa
Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yakiriye Irage yahawe n’umubyeyi w’Intwaza uherutse gutabaruka anatangaza icyo agiye kurikoresha
Big Fizzo ari mu myiteguro yo gusohora album ye ya gatanu
Koreya y’Epfo:Umugore yahanganye n’umusirikare ashaka kumwambura imbunda
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame