Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karangazi Akarere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe cyane n’ababiba inka n’andi matungo bakayabaga bakagurisha inyama.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyagatare: Karangazi bajujubijwe n’ubujura bw’amatungo
26 July 2025, by ISIMBI Estella -
Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
21 April 2025, by Gladiator OGNtuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya.
-
Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNi kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo byakwangiza ku buzima bwabo cyangwa no kubo batwite.Ahanini bagira impungege ko inda ishobora kuvamo.
-
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
7 January, by ISIMBI EstellaIyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero.
-
Canada yangiye abahagarariye Iran kwitabira Inteko Rusange ya FIFA
30 April, by Angeline MUKANGENZIAbahagarariye Ishyirahamwe rya Ruhago muri Iran, bangiwe kwitabira Inteko Rusange y’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), kuko Mehdi Taj uriyobora yahoze mu Mutwe Udasanzwe w’Ingabo za Iran (IRGC).
-
Ingabo z’u Burundi mu mugambi wo kwisubiza ibice zambuwe na AFC/M23
18 July 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’amezi ane ingabo z’u Burundi zikuwe n’ihuriro AFC/M23 mu mijyi minini yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu zigeze kure umugambi wo gusubiramo zifashishije ibitero bikomeye.
-
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
13 March, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’Ingabo za Amerika rikorera mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTOM, ryatangaje ko bantu bane muri batandatu bari mu ndege ishinzwe kongera amavuta mu zindi ziri mu kirere, ari bo bimaze kumenyekana ko bitabye Imana.
-
UEFA Champions League: FC Barcelona, Real Madrid na Liverpool mu mazi abira
14 April, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya FC Barcelona, Real Madrid na Liverpool ziri mu mazi abira nyuma y’uko zitsinzwe imikino ibanza ya 1/4 cya UEFA Champions League.
-
Amerika imaze gushora miliyari 25$ mu ntambara yayo na Iran
30 April, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026 ubwo zashozaga intambara kuri Iran, zimaze gushoramo ibifite agaciro ka miliyari 25 z’Amadolari.
-
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.
13 February 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame ntajya ahisha urukundo akunda siporo zitadukanye haba umupira wa maguru , basketball , Tennis , kwirukanka na maguru , kunyonga igare , ndetse n’indi mikino myinshi itandukanye. ninako bigenda kandi ku bana b’umukuru w’igihugu aho iyo babonye umwanya bakora siporo ndetse bagakina imikino inyuranye. muriyi nkuru mutwemerere dufungure indi paji dusubire mu mwaka w’i 2016 umunsi Abahungu ba Perezida Kagame bakinira ikipe y’igihugu Amavubi.
hari mu mukino wabereye kuri Stade (…)
Umuryango.rw
Nyagatare: Karangazi bajujubijwe n’ubujura bw’amatungo
Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
Canada yangiye abahagarariye Iran kwitabira Inteko Rusange ya FIFA
Ingabo z’u Burundi mu mugambi wo kwisubiza ibice zambuwe na AFC/M23
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
UEFA Champions League: FC Barcelona, Real Madrid na Liverpool mu mazi abira
Amerika imaze gushora miliyari 25$ mu ntambara yayo na Iran
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.