Umunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah Ali Khamenei ariko bitazagarukira aho kuko nabo bazasogota imitima yabo kandi by’igihe kirekire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
1 March, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
-
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
22 July 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 33 witwa Nzeyimana, yasanzwe mu murima w’ibirayi wa Niyireba Eric yapfuye, mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Bisoke, Umudugudu wa Bunyenyeri mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025 saa kumi n’ebyiri n’igice, kugeza ubu hakaba hataramenyekana icyamwishe.
-
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
24 February, by ISIMBI EstellaTom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka.
-
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
6 March, by Angeline MUKANGENZIImiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru wa Nairobi isaba ko leta y’icyo gihugu yatabara abana babo bavuga ko bashutswe bakoherezwa ku rwanira u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine.
-
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu
28 February, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
-
Amateka y’umuherwe Sina Gerard wavuye ku ndiba ubu akaba ari mu baherwe ba mbere mu Rwanda
15 April 2025, by Gladiator OGSina Gerard yabonye izuba mu mwaka w’i 1963 hari tariki ya 13 Kamena yavukiye mu ntara y’amajyaruguru y’u Rwanda mu karere ka Rulindo mu murenge wa Bushoki ho mu kagari ka Nyirangarama ni ku musozi wa Tare Sina Gerard ni mwene Mutakwasuku Mathie ndetse na nyina Nyirabarera Julienne , uyu mugabo akaba avuka mu muryango wa bana batandatu ; abahungu batatu n’abakobwa batatu. Ku munsi wa none akaba afite imyaka 62 ya mavuko.
Mu myaka ye ubwo yagimbukaga yafashaga abana b’urungano rwe muri (…) -
Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe inzira karengane z’abatutsi benshi
13 April 2025, by ISIMBI EstellaKu munsi nk’uyu w’itariki ya 13 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994.
-
RDC:Uko byagenze ngo Constant MUTAMBA wari Minisitiri yisange mu nkiko
10 July 2025, by Joseph IradukundaUrubanza rwa Constant MUTAMBA,rwabaye kuri uyu wa 9 Nyakanga 2025 i Kinshasa!
Ashinjwa kunyereza hafi Miliyoni 19 z’Amadorali mu kigega Uganda ishyiramo indishyi n’impozamarira ku bantu n’ibyabo bagizweho ingaruka n’intambara ya Kisangani! -
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha
11 October 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Caméroun yaciye kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya w’iki gihugu, mu gihe ibihuha bivuga ku buzima bw’uyu mukambwe bikomeje kuba byinshi.
Umuryango.rw
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu
Amateka y’umuherwe Sina Gerard wavuye ku ndiba ubu akaba ari mu baherwe ba mbere mu Rwanda
Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe inzira karengane z’abatutsi benshi
RDC:Uko byagenze ngo Constant MUTAMBA wari Minisitiri yisange mu nkiko
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha