Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Sénégal ariko uba muri Amerika, Akon, yongeye guteza impaka ku mibanire y’abakundana nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe bwari bworoshye kurushaho igihe yakundanaga n’abagore benshi icyarimwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Akon yavuze ko ubuzima bwari bworoshye igihe yari afite abagore benshi
30 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
27 December 2024, by UbwanditsiAmakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU Thadee, uyu akaba ari na Perezida w’ikipe ya Rayon Sport, ahanganye bikomeye n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), amakimbirane akaba aturuka ku kuba RCA yaramwangiye kuyobora indi manda bavuga ko yaba ari iya gatatu muri Koperative ADARWA!
-
Abatuye hafi y’umupaka wa Kamanyola barahamya ko umutekano wagarutse
9 December 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu baturage bari bahunze imirwano yarimo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo, FDLR, Wazalendo, Ingabo z’Abarundi n’Abacanshuro barwanya M23, muri Kamanyola mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, bavuga ko umutekano wagarutse.
-
KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina akitwa NDAHIRO Fred
5 September 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NDAHIRO Fred mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko kugira ngo hizihizwe uw’umurimo
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Gicurasi, ari umunsi w’Ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo.
-
Ruhango: Amazina y’Abarundi bariye imitima y’Abatutsi azashyirwa mu Cyumba cy’Umukara
27 April, by Angeline MUKANGENZIMu ntangiriro za Mata 2026, mu Murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango huzuye inzu y’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri Komini ya Ntongwe mu gice cy’Amayaga. Gifite ibice bitandatu birimo Icyumba cy’Umukara cyagenewe gusobanura ibikorwa bibi bya ba ruharwa bagize uruhare muri Jenoside.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
27 April, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA EMMANUEL ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
16 July 2025, by Joseph IradukundaImpande zombi zirashinjanya gutobera umuhate wo kugera ku mahoro mu biganiro birimo kuba, kubera ibikorwa byo kwitegura imirwano ndetse n’imirwano ivugwa yabaye muri iyi minsi ku mbibi z’aho impande zombi zigenzura mu ntara za Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo.
-
Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuKapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, aricuza kuba atazi icyongereza kandi yari afite amahirwe yo kukiga.
-
Inkuru y’Umusaza umaze imyaka 62 akora akazi ko gusoma ibitabo
4 June 2025, by Gladiator OGMohammed Aziz ni umugabo w’imyaka 71 ya mavuko kuko yabonye izuba mu mwaka w’i 1948 akaba ari umugabo wavukiye mu mujyi wa Rabat ho mu gihugu cya Morocco, uyu mugabo kuri ubu amaze kuba icyamamare ku ruhando mpuzamahanga bitewe n’uburyo amaze imyaka igera kuri 62 akora akazi ko gusoma ibitabo bitandukanye kuri ubu akaba amaze gusoma ibitabo 5000.
Umuryango.rw
Akon yavuze ko ubuzima bwari bworoshye igihe yari afite abagore benshi
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
Abatuye hafi y’umupaka wa Kamanyola barahamya ko umutekano wagarutse
KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina akitwa NDAHIRO Fred
Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko kugira ngo hizihizwe uw’umurimo
Ruhango: Amazina y’Abarundi bariye imitima y’Abatutsi azashyirwa mu Cyumba cy’Umukara
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza
Inkuru y’Umusaza umaze imyaka 62 akora akazi ko gusoma ibitabo