Ku nshuro ya mbere, inganda 32 zo mu Rwanda zujuje amabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika, zigiye guhabwa ibyambombwa bizemerera kohereza mu bihugu bya Afurika ibicuruzwa byazo byo mu bwoko 72, bigacuruzwamo nta nkomyi cyangwa andi mananiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inganda 32 zo mu Rwanda zigiye guhabwa ibyangombwa byo gucuruza mu bihugu bya Afurika
3 March, by Angeline MUKANGENZI -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
6 January, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka
-
Ba Ofisiye bato 45 basoje amahugurwa bibutswa kuba bandebereho kubo bayobora
11 July 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi Mukuru wa Polisi Wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yasabye ba Ofisiye bato bagera kuri 45 yasabye abitabiriye amahugurwa kuzashyira mu bikorwa ibyo bize neza kandi kinyamwuga bityo bakabera icyitegererezo abo bayobora.
-
Perezida William Ruto yahaye imodoka na Miliyoni 90 Frw Sebastian waciye agahigo ku Isi
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Kenya Sebastian Sawe yakiriwe nk’intwari mu gihugu cye nyuma yo gukora amateka atari yarigeze agerwaho, aho yabaye umuntu wa mbere urangije isiganwa rya Marathon (ibilometero 42) mu gihe kiri munsi y’amasaha abiri mu marushanwa yemewe ku rwego mpuzamahanga.
-
Sobanukirwa indwara ya Emoroyide
9 February, by Angeline MUKANGENZIBenshi bibaza byinshi ku ndwara ya Emoroyide. Bakibaza ikiyitera, uko ifata n’uburyo bayirinda.
-
ABASTAR 9 BO MU RWANDA BACIKIRIJE AMASHULI ARIKO BAKABASHA GUTERA IMBERE BINYUZE MU ZINDI MPANO ZABO.
11 February 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwanda niwe wise umwana we Itangishaka bishatse kuvuga ngo icyo Imana itaguhaye ntakukibihatira kugitanga ku ngufu , ibi birimo : ubwenge , amaronko atandukanye , urubyaro , amashuli , ubuzima , ndetse n’ibindi byinshi. biba ari icuraburindi ndetse no gutakaza icyizere gikomeye cyejo hazaza iyo ucikirije amashuli aho waba ugeze hose, haba mu mashuli abanza , ayisumbuye cyangwa se kaminuza. gusa burya uramutse ubashije guhishurirwa ko Imana yaguteguriye kuba umuntu w’ingirakamaro mu (…)
-
INGABIRE Jacqueline yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Lindsey
20 November 2025, by ISIMBI EstellaINGABIRE Jaqueline yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Lindsey mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi… -
Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe inzira karengane z’abatutsi benshi
13 April 2025, by ISIMBI EstellaKu munsi nk’uyu w’itariki ya 13 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
24 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KAGAME K.FESTO ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu
10 March, by ISIMBI EstellaIkigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic cyareze Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika(Pentagon) ku mwanzuro yafashe wo gushyira iki kigo ku rutonze rw’ibigo bishobora guhangabanya umutekano w’igihugu.
Umuryango.rw
Inganda 32 zo mu Rwanda zigiye guhabwa ibyangombwa byo gucuruza mu bihugu bya Afurika
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Ba Ofisiye bato 45 basoje amahugurwa bibutswa kuba bandebereho kubo bayobora
Perezida William Ruto yahaye imodoka na Miliyoni 90 Frw Sebastian waciye agahigo ku Isi
Sobanukirwa indwara ya Emoroyide
ABASTAR 9 BO MU RWANDA BACIKIRIJE AMASHULI ARIKO BAKABASHA GUTERA IMBERE BINYUZE MU ZINDI MPANO ZABO.
Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe inzira karengane z’abatutsi benshi
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu