Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko mu gihe uruhande bahanganye rugizwe n’abarimo FARDC, Ingabo z’u Burundi n’abacancuro rwakajije ibitero, abarwanyi b’iri huriro na bo bambariye urugamba rwo kwirwanaho no kurinda abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakuru mashya: AFC/M23 itangaje ko abarwanyi bayo baryamiye amajanja mu gihe ibitero byakajije umurego
3 March, by Angeline MUKANGENZI -
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri
9 February, by Angeline MUKANGENZIMu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara y’Igicuri (Epilepsy Surgery Training Camp), aho ku ikubitiro batangiye kubaga umurwayi wari umaze imyaka igera muri 15 afata imiti y’igicuri.
-
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol, we n’umugore we Chiki Kuruka bakomeje kuvugisha benshi ku buryo bubaka ubuzima bwabo bw’urugo n’imyuga yabo icyarimwe.
-
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
24 February, by ISIMBI EstellaTom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka.
-
Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato
4 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Leta ya Leta ya Sri Lanka yatangaje ko yarokoye abanya-Iran 30 bari bagiye kugwa mu mpanuka y’ubwato bwa Iran mu nyanja y’u Buhinde
-
Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we
30 January, by Angeline MUKANGENZIHakim Ziyech ukinira Wydad AC yanze kujyana na bagenzi be muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kuko atizeye umutekano w’aho bazakinira umukino wa CAF Confederation Cup.
-
Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru
4 March, by Angeline MUKANGENZIHaruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira w’amaguru, ashimangira ko iyo biba ari ko bimeze aba yarakinnye i Burayi ameze nka Sadio Mané.
-
Kesha yashinje White House gukoresha indirimbo ye mu ntambara
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha yinjiye mu mpaka zikomeye n’Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gushinja White House gukoresha indirimbo ye “Blow” nta burenganzira, mu mashusho yashyizwe kuri TikTok agaragaza indege z’intambara ziguruka.
-
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi
4 March, by Angeline MUKANGENZIAlain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
-
Biravugwa ko Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 yamaze gushyingurwa
27 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aravuga Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23 uherutse kwicwa arasiwe mu gitero cya Drone za FARDC hafi y’agace ka Rubaya, yamaze gushyingurwa mu mashyamba yo muri Teritwari ya Masisi.
Umuryango.rw
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato
Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we
Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru
Kesha yashinje White House gukoresha indirimbo ye mu ntambara
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi