Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
4 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi
4 March, by Angeline MUKANGENZIAlain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
-
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
10 February 2025, by ISIMBI Estellau Rwanda rufite abakobwa 13 batwaye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda aba bakobwa bose bagiye batwara iryo kamba mu bihe ndetse no mu myaka itandukanye. gusa nubwo aba bakobwa abenshi usanga bazwiho ubwiza gusa burya binajyana n’ubwenge niyo mpamvu muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibitandukanye ku buzima bwa Akiwacu colombe Nyampinga w’u Rwanda w’intiti kurenza abandi. murakaza neza muriyi nkuru.
-
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
26 February, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga.
-
Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGukubaganya imyanya ndangagitsina hagamijwe kugera ku byishimo bya nyuma cyangwa kurangiza ‘Climax’ nibyo bihabwa izina ryo ‘kwikinisha’.
-
KATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO
11 March, by ISIMBI EstellaKATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO mu gitabo cyirangamimerere.
-
NYIRAGIKUNDIRO Alice yasabye guhindurirwa amazina akitwa GIKUNDIRO Alice
5 March, by ISIMBI EstellaNYIRAGIKUNDIRO Alice yasabye guhindurirwa amazina akitwa GIKUNDIRO Alice mu gitabo cyirangamimerere.
-
Ubuhamya bw’abarwaye Sida bo mu Rwanda bashyingiranywe n’abatayifite
22 December 2025, by ISIMBI Estella“Tugomba kujya kwa muganga tukareba uko duhagaze” Icyemezo cya nyuma kiba gisigaye ku bagiye gushinga urugo nyuma yo kwemeranya ibindi byose ariko kinashobora gusenya ibyabanje byose bijyanye n’ibisubizo bibonetse.
-
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa Kabanda Thacien ufite imyaka 54 y’amavuko, wasanzwe mu nzu yapfuye.
-
Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
Umuryango.rw
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina
KATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO
Ubuhamya bw’abarwaye Sida bo mu Rwanda bashyingiranywe n’abatayifite
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye