Uwitwa NIYIGENA Neema yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RUBERA Neema mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi..
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NIYIGENA Neema yasabye guhindura amazina akitwa RUBERA Neema
22 August 2025, by ISIMBI Estella -
Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’
7 August 2025, by Joseph IradukundaSosiyete ya Brilliant Labs igiye gushyira ku isoko amadarubindi mashya akoranye ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya Noa AI, yitwa Halo agura 299$, afite ubushobozi bwo kumva no gusobanukirwa ibyo yumva cyangwa abona mu biri hafi aho, agatanga ibisubizo bijyanye n’ibiri kuba ako kanya.
-
U Rwanda mu bihugu bitandatu byashyiriweho uburyo abanyeshuri bazajya bakoresha Gemini AI ku buntu
13 October 2025, by ISIMBI EstellaSosiyete y’Ikoranabuhanga ya Google yashyize u Rwanda mu bihugu bitandatu abanyeshuri babyo bo muri kaminuza bazajya bakoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka Gemini AI, ku buntu mu gihe cy’umwaka.
Ibindi bihugu byashyizwe kuri urwo rutonde ni Ghana, Kenya, Nigeria, Afurika y’Epfo na Zimbabwe.
-
Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho
9 March, by Angeline MUKANGENZIUmugore wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru, yasabye Abanye-Congo gusengera umugabo we kugira ngo azashobore gutsinda intambara nyinshi ari kurwana.
-
Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
12 March, by Angeline MUKANGENZIUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku cyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo nta shingiro bufite, bityo agomba gukomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports yihagazeho inganya na Al Hilal igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026.
-
Gusimburana ku buyobozi bigamije kwagura iterambere ry’ubukungu – PSF
4 March, by Angeline MUKANGENZIUrugaga rw’Abikorera, PSF, rwatangaje ko gusimburana mu buyobozi bigamije kongera gushinga imizi n’indangagaciro z’Urugaga mu kwagura iterambere ry’ubukungu.
-
Leta ya RDC yashimangiye ko izatoranya Abanye-Congo iganira na bo
17 April, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashimangiye ko mu biganiro bigamije amahoro arambye muri iki gihugu, izatoranya abo igomba kuganira na bo n’abo kureka.
-
U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane
7 March, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire azoroshya imihahiranire hagati yarwo na Zimbabwe na Congo Brazzaville, ashingiye ku mabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rwa Afurika.
-
Amateka y’umuherwe Sina Gerard wavuye ku ndiba ubu akaba ari mu baherwe ba mbere mu Rwanda
15 April 2025, by Gladiator OGSina Gerard yabonye izuba mu mwaka w’i 1963 hari tariki ya 13 Kamena yavukiye mu ntara y’amajyaruguru y’u Rwanda mu karere ka Rulindo mu murenge wa Bushoki ho mu kagari ka Nyirangarama ni ku musozi wa Tare Sina Gerard ni mwene Mutakwasuku Mathie ndetse na nyina Nyirabarera Julienne , uyu mugabo akaba avuka mu muryango wa bana batandatu ; abahungu batatu n’abakobwa batatu. Ku munsi wa none akaba afite imyaka 62 ya mavuko.
Mu myaka ye ubwo yagimbukaga yafashaga abana b’urungano rwe muri (…)
Umuryango.rw
NIYIGENA Neema yasabye guhindura amazina akitwa RUBERA Neema
Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’
U Rwanda mu bihugu bitandatu byashyiriweho uburyo abanyeshuri bazajya bakoresha Gemini AI ku buntu
Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho
Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC
Gusimburana ku buyobozi bigamije kwagura iterambere ry’ubukungu – PSF
U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane
Amateka y’umuherwe Sina Gerard wavuye ku ndiba ubu akaba ari mu baherwe ba mbere mu Rwanda