Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangiye guhiga abantu bakekwaho kugira uruhare mu gitero cy’amasasu cyabaye ku mugoroba wo ku wa Kabiri, kigahitana abantu 12 abandi benshi bagakomereka, mu gace ka Jumpers gatuyemo abantu benshi mu buryo butanoze, mu mujyi wa Johannesburg.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Polisi ya Afurika y’Epfo Irimo Guhiga Abakekwaho Kwica Abantu 12 i Johannesburg
10 June, by ISIMBI Estella -
Misiri yasabye FIFA gukura mu Gikombe cy’Isi abasifuzi bayoboye umukino wayitsinzwemo na Argentine.
8 July, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Misiri ryatangaje ko ryasabye FIFA gukura mu mikino isigaye abasifuzi bayoboye umukino wahuje Misiri na Argentine mu mukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’Isi.
Iryo shyirahamwe rivuga ko ryagejeje ikirego kuri FIFA, risaba ko hakorwa iperereza ku byo rivuga ko ari imisifurire itabaye kimwe hagati y’amakipe yombi (double standards). -
Trump ashaka kugira Venezuela Leta ya 51 ya Amerika
12 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko afite umugambi wo kugira Venezuela Leta ya 51 y’igihugu cye, nyuma yo gukuraho ubutegetsi bwa Nicolás Maduro.
-
Perezida wa Croatia yanze Ambasaderi wa Israel
20 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Croatia, Zoran Milanovic, yanze Ambasaderi wari wemejwe na Israel ngo ahagararire igihugu cye i Zagreb.
-
Abashoferi Barenga 90 Birukanywe Bazira Kwakira Amafaranga Mu Ntoki Muri Bisi za Kigali
10 June, by ISIMBI EstellaMu rwego rwo gukaza ingamba zo gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo za bisi zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, abashoferi barenga 90 bamaze guhagarikwa ku kazi nyuma yo gufatanwa kwakira amafaranga y’abagenzi mu ntoki.
-
Ibihugu byo mu karere bishobora kuzajya bigura Lisansi na Mazutu mu Rwanda
8 July, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, yatangaje ko amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Kenya na Tanzania ajyanye no gutumiza ibikomoka kuri Peteroli, azatuma iki Gihugu kihaza ku isoko ryabyo mu Gihugu, ndetse kikabasha gusagurira n’Ibihugu byo mu karere.
-
Perezida Museveni yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ya karindwi
12 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida Yoweri Kaguta Museveni yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ya karindwi y’imyaka itanu, izasoza mu 2031. Ayobora icyo gihugu kuva mu 1986.
-
Neymar Jr yasutse amarira ubwo yahamagarwaga mu ikipe ya Brazil izakina Igikombe cy’Isi 2026
20 May, by Angeline MUKANGENZINeymar Junior ukomoka muri Brazil yasazwe n’ibyishimo asukama amarira ubwo yahagamarwaga mu bakinnyi bazahagararira ikipe y’igihugu mu mikino y’igikombe cy’isi itegerejwe mu kwezi kwa Kamena 2026.
-
Fizi na Minembwe mu mvururu: abaturage bahunze nyuma y’ibitero bikaze
10 June, by ISIMBI EstellaIhuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kamena 2026, habaye imirwano ikomeye mu bice bya Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, by’umwihariko mu gace ka Lulenge no mu misozi ikikije Minembwe.
-
Umuyobozi w’uruganda rwa Spiro yatangaje ko u Rwanda rwabaye isoko rikomeye rya moto z’amashanyarazi
8 July, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi washinze uruganda rwa Spiro Gagan Gupta, yatangaje ko ihungabana ryatewe n’intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati ryihutishije iyakirwa rya moto zikoresha amashanyarazi muri Afurika, kubera izamuka ry’ibiciro bya peteroli n’ingaruka rigira ku bukungu bw’ibihugu byinshi.
Umuryango.rw
Trump ashaka kugira Venezuela Leta ya 51 ya Amerika
Perezida wa Croatia yanze Ambasaderi wa Israel
Abashoferi Barenga 90 Birukanywe Bazira Kwakira Amafaranga Mu Ntoki Muri Bisi za Kigali
Ibihugu byo mu karere bishobora kuzajya bigura Lisansi na Mazutu mu Rwanda
Perezida Museveni yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ya karindwi
Neymar Jr yasutse amarira ubwo yahamagarwaga mu ikipe ya Brazil izakina Igikombe cy’Isi 2026
Fizi na Minembwe mu mvururu: abaturage bahunze nyuma y’ibitero bikaze