Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahura n’ibibazo bitandukanye bibatera stress, yaba ituruka ku kazi, amasomo cyangwa ibibazo by’ubuzima rusange. Nubwo hari uburyo bwinshi bwo kuyigabanya nko gukora siporo, gutekereza (meditation) cyangwa gufata ikiruhuko, ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari n’uburyo bworoheje kandi bwihishe mu mibanire y’abantu nko gusomana ku ijosi hagati y’abakundana nabwo bushobora gufasha kugabanya stress.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?
11 June, by ISIMBI Estella -
Umunya-Ethiopia w’icyamamare mu gusiganwa yapfuye bitunguranye ku myaka 36
13 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 12 Gicurasi 2026, umukinnyi wa Ethiopia usiganwa intera ndende, Yebrgual Melese, yapfuye ku myaka 36 nyuma yo gufatwa n’indwara itunguranye ubwo yari mu myitozo isanzwe, nk’uko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri rya Ethiopia.
-
Perezida Paul Kagame yashimye PSG yegukanye igikombe ku nshuro ya 2 yikurikiranya anashima Arsenal ku muhate yagize
31 May, by Angeline MUKANGENZIPeresida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashimye ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye igikombe cya UEFA Champions League, ku nshuro ya 2 yikurikiranya.
-
U Bwongereza: Minisitiri w’ingabo yeguye nyuma y’amakimbirane
11 June, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 11 Kamena 2026, Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey, yeguye ku mirimo ye nyuma y’amakimbirane yagiranye na Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe Keir Starmer ku bijyanye n’ingengo y’imari igenerwa urwego rw’ingabo.
-
Raphinha yatunguwe no gusanga imyaka yose yakinnye nta mafaranga afite kuri konti
26 June, by ISIMBI EstellaRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil, Raphinha, ari mu bihe bitamworoheye nubwo akomeje gufasha igihugu cye mu Gikombe cy’Isi. Amakuru ava muri Brésil avuga ko uyu mukinnyi ari guhangana n’ikibazo gikomeye cy’amafaranga gikomoka ku micungire y’umutungo we.
-
Corneille Nangaa yahawe umugisha na Musenyeri
9 July, by Angeline MUKANGENZIUmuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa wari witabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru yo guhabwa ubutagatifu ku musore wapfuye muri 2007, yahawe umugisha n’abashumba ba Kiliziya Gatolika.
-
Afurika y’Epfo: Urukiko rwategetse ko uwimwe ubuhungiro atazongera kubusaba
13 May, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rurusha ububasha izindi zose zo muri Afurika y’Epfo rwanzuye ko abanyamahanga badashobora kongera gusaba ubuhungiro igihe cyose baba barigeze kubwimwa, rushyira iherezo ku rubanza rwatangijwe n’Abarundi
-
Amerika yatangaje ko igiye kongera kurasa kuri Iran byeruye
31 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intambara wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yatangaje ko biteguye kongera gutangiza ibitero byeruye kuri Iran mu gihe amasezerano yo guhagarika intambara imaze amezi atatu ihanganishije ibi bihugu yaba atagezweho.
-
RRA yakoze impinduka ku mitangire n’imigurishirize y’ibinyabiziga
13 May, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyakoze impinduka mu masezerano yo kugurisha cyangwa gutanga ikinyabiziga nk’impano, akazajya atangwa na sisiteme y’iki kigo aho kwandikwa n’abantu uko babishaka. Ni amasezerano azajya aboneka habanje kugenzurwa ko ugurisha adafite ibirarane afite by’imisoro cyangwa irindi tambamamira.
-
Ibiciro byo kwinjira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro byagiye hanze
20 May, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru hano mu Rwanda, FERWAFA, yashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro.
Umuryango.rw
Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?
Perezida Paul Kagame yashimye PSG yegukanye igikombe ku nshuro ya 2 yikurikiranya anashima Arsenal ku muhate yagize
U Bwongereza: Minisitiri w’ingabo yeguye nyuma y’amakimbirane
Raphinha yatunguwe no gusanga imyaka yose yakinnye nta mafaranga afite kuri konti
RRA yakoze impinduka ku mitangire n’imigurishirize y’ibinyabiziga
Ibiciro byo kwinjira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro byagiye hanze