Yaguye hasi mu kwezi kwa Ukuboza 2022, ubwo yari ari gukora imyitozo ngororamubiri hamwe n’imbwa ze.
Abaganga be batangaje ko uku kugwa kwatewe n’ihagarara rikomeye ry’umutima ryakomotse ku ndwara ya mycoplasma yari yarateye umutima we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igikomangoma cya Thailand, Bajrakitiyabha, wari umaze imyaka irenga itatu muri koma, yitabye Imana afite imyaka 47.
12 June, by ISIMBI Estella -
Imbaga y’abanya Iran yitabiriye ishyingurwa rya Ayatollah Ali Khamenei i Mashhad
9 July, by ISIMBI EstellaImihanda yo mu Mujyi wa Mashhad yari yuzuye abantu bitabiriye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, wapfuye nyuma yo kugwa mu bitero Iran ishinja Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.
-
Ibitaro bya Ndera byahakanye ibyavuzwe ko bifata nabi abakozi
13 May, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ibitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera byahakanye ko byaba bifata nabi abakozi, nyuma y’ibyagaragaye ku mbuga nkoranyambaga ko hari abakatwa amafaranga mu buryo butumvikanyweho, cyangwa bakoherezwa gukorera ahandi nk’igihano.
-
Uwahoze Ari Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk Yeol Yakatiwe Imyaka 30
12 June, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa Seoul rwakatiye uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, igifungo cy’imyaka 30 nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano no kohereza indege zitagira abapilote (drone) muri Koreya ya Ruguru no kugerageza gushyira igihugu mu bihe bidasanzwe by’ubutegetsi bwa gisirikare.
-
Amerika na Israel barimo gutegura igitero simusiga – Umudepite wa Iran
13 May, by Angeline MUKANGENZIAvuga ku bikorwa byo gutwara intwaro n’ingabo birimo kuba, ziva muri Amerika zigana mu burasirazuba bwo hagati, umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Iran yavuze ko “Amerika na Israel barimo gutegura igitero kinini cyane” kuri Iran.
-
Ambasaderi Urujeni yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Vatican
21 May, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi, Liechtenstein, Slovenia no mu miryango mpuzamahanga ikorera i Genève, Urujeni Manzi Bakuramutsa, yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda i Vatican.
-
Mexique: Umunyamakuru Luis Ángel López Valdez yishwe arashwe mu gihe cy’Igikombe cy’Isi
12 June, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru wo muri Mexique, Luis Ángel López Valdez, yishwe arashwe n’abagizi ba nabi mu mujyi wa Poza Rica, uherereye muri Leta ya Veracruz.
-
Abanyamategeko basabye ko perezida wa FIFA akorwaho iperereza
10 July, by Angeline MUKANGENZIAbanyamategeko bo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), basabye ko hakorwa iperereza ku myitwarire ya Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, nyuma y’uko agize uruhare mu gusubika ikarita itukura yeretswe rutahizamu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Folarin Balogun.
-
Umubare w’abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda wazamutseho 4%
13 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR, kigaragaza ko mu mwaka wa 2025 abantu bandikishijwe mu irangamimerere ko bapfuye ari ibihumbi 39 bangana na 50,5% mu gihe umwaka wa 2024 hari handitswe abangana na 46,1%.
-
OMS yijeje urukingo rwa Ebola mu mezi icyenda
21 May, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko urukingo rw’icyorezo cya Ebola rushobora kuzafata amezi icyenda kugira ngo ruboneke.
Umuryango.rw
Imbaga y’abanya Iran yitabiriye ishyingurwa rya Ayatollah Ali Khamenei i Mashhad
Ibitaro bya Ndera byahakanye ibyavuzwe ko bifata nabi abakozi
Ambasaderi Urujeni yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Vatican
Mexique: Umunyamakuru Luis Ángel López Valdez yishwe arashwe mu gihe cy’Igikombe cy’Isi
Abanyamategeko basabye ko perezida wa FIFA akorwaho iperereza
OMS yijeje urukingo rwa Ebola mu mezi icyenda