Mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga, Akagari Kanyinya, haravugwa inkuru y’umusore wicishije nyina urushyo yarangiza akigira mu kabari kunywa inzoga nk’aho ntacyabaye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muhanga umusore yicishije nyina urushyo
31 May, by Angeline MUKANGENZI -
Trump yigambye kurangiza amakimbirane y’u Rwanda na Congo
9 July, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimangiye ko yagize uruhare mu kurangiza amakimbirane yari amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gusa ibimenyetso bihabanye n’imvugo ye.
-
Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro
13 May, by ISIMBI EstellaAbinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro.
-
Ebola yahungabanyije imyiteguro y’Ikipe ya RDC yitegura Igikombe cy’Isi
20 May, by ISIMBI EstellaIcyiciro cya 17 cy’icyorezo cya Ebola cyakomye mu nkokora imyiteguro y’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yagombaga kubera i Kinshasa.
-
Abadepite bagaragaje ko ikibazo cy’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko kiri gufata indi ntera
9 July, by Angeline MUKANGENZIAbadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage bagaragaje ko mu turere tumwe na tumwe hari ikibazo cy’izamuka ry’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge cyane cyane mu rubyiruko.
-
Trump yerekeje mu Bushinwa nyuma y’imyaka hafi 10
13 May, by ISIMBI EstellaDonald Trump yerekeje mu Bushinwa mu ruzinduko yitezwemo kuganira na mugenzi we, Xi Jinping ku ngingo zitandukanye zirimo ubufatanye mu by’ubucuruzi, umutekano mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati n’ibindi.
-
Amerika yareze Raúl Castro ibyaha birimo ubwicanyi
21 May, by Angeline MUKANGENZIAmerika yareze Raúl Castro wabaye Perezida wa Cuba, imushinja uruhare mu guhanura indege za gisivili muri Gashyantare 1996.
-
Mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, habereye...
31 May, by ISIMBI EstellaMu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, habereye imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Bola Tinubu, nyuma y’uko inzego z’umutekano zibujije abaturage kwitabira ibikorwa bya politiki by’umunyapolitiki Tanimu Turaki.
-
Umuriro Amerika yacanye muri Iran yatangiye kuwota
13 May, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa Perezida Donald Trump bukomeje kubera inzitizi imibereho myiza y’Abanyamerika. Kuri ubu Litiro ya Esance iri kugura 6500 Frw mu gihe ibiribwa na Gaz yo gutekesha byazamutseho 4% kuva Amerika na Israel batera Iran kandi ariyo ifite 20% ya peteroli na Gaz isi ikoresha buri munsi.
-
Iran yateguje ko intambara izarenga Uburasirazuba bwo Hagati,USA niyongera kuyigabaho ibitero
21 May, by Angeline MUKANGENZILeta ya Iran yatangaje ko izakwirakwiza intambara hose ikarenga imbibi zo mu Burasirazuba bwo Hagati mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) na Isiraheli byatinyuka kongera kuyigabaho ibitero.
Umuryango.rw
Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro
Ebola yahungabanyije imyiteguro y’Ikipe ya RDC yitegura Igikombe cy’Isi
Abadepite bagaragaje ko ikibazo cy’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko kiri gufata indi ntera
Trump yerekeje mu Bushinwa nyuma y’imyaka hafi 10
Mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, habereye...
Umuriro Amerika yacanye muri Iran yatangiye kuwota
Iran yateguje ko intambara izarenga Uburasirazuba bwo Hagati,USA niyongera kuyigabaho ibitero