Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo za Leta zikomeje kugaba ibitero muri Komini Minembwe iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo no mu nkengero zaho, zifashishije intwaro zirimo drones z’ubwiyahuzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo za RDC ziri kwenyegeza ibitero muri Minembwe
21 May, by ISIMBI Estella -
Ibyaranze ibirori byatangije igikombe cy’isi(AMAFOTO)
12 June, by ISIMBI EstellaIgikombe cy’isi cya 2026 cyatangiriye mu mujyi wa Mexico City mu birori by’amabara menshi, imbyino hamwe no kwiyerekana kw’icyamamare mu muziki Shakira.
-
RDC: Ebola ikomeje kwiyongera, abarenga 300 bamaze guhitanwa n’icyorezo
27 June, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu burasirazuba bw’igihugu, aho imibare iheruka igaragaza ko abantu 1,203 bamaze kwandura, mu gihe 321 bamaze guhitanwa na cyo.
-
Umuhanzikazi Bonnie Tyler wamamaye mu ndirimbo "Total Eclipse of the Heart" yitabye Imana afite imyaka 75
9 July, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi wo muri Wales Bonnie Tyler, wamamaye cyane mu ndirimbo z’urukundo zikomeye zo mu myaka ya 1980 nka "Total Eclipse of the Heart" na "Holding Out for a Hero", yitabye Imana afite imyaka 75, nk’uko BBC News yabitangaje.
-
Amajyaruguru: Polisi y’u Rwanda imaze gufata 6 binjiza Kanyanga ndetse bagahohotera abaturage
13 May, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Majyaruguru, yataye muri yombi abantu 6 bakekwaho gukora ubucuruzi bwa Kanyanga ndetse no guhohotera abaturage, ndetse aba barembetsi batawe muri yombi hifashishijwe ikoranabuhanga rya ‘drones’.
-
Brig Gen Ronald Rwivanga yarahiriye umuyobozi mukuru w’Ingabo za EASF
21 May, by ISIMBI EstellaBrig Gen Ronald Rwivanga yarahiriye inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye, The Eastern Africa Standby Force (EASF), ahererekanya ububasha na Brig Gen (Rtd) Paul Kahuria Njema wo muri Uganda wari umaze imyaka itatu kuri uwo mwanya.
-
Igikomangoma cya Thailand, Bajrakitiyabha, wari umaze imyaka irenga itatu muri koma, yitabye Imana afite imyaka 47.
12 June, by ISIMBI EstellaYaguye hasi mu kwezi kwa Ukuboza 2022, ubwo yari ari gukora imyitozo ngororamubiri hamwe n’imbwa ze.
Abaganga be batangaje ko uku kugwa kwatewe n’ihagarara rikomeye ry’umutima ryakomotse ku ndwara ya mycoplasma yari yarateye umutima we. -
Imbaga y’abanya Iran yitabiriye ishyingurwa rya Ayatollah Ali Khamenei i Mashhad
9 July, by ISIMBI EstellaImihanda yo mu Mujyi wa Mashhad yari yuzuye abantu bitabiriye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, wapfuye nyuma yo kugwa mu bitero Iran ishinja Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.
-
Ibitaro bya Ndera byahakanye ibyavuzwe ko bifata nabi abakozi
13 May, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ibitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera byahakanye ko byaba bifata nabi abakozi, nyuma y’ibyagaragaye ku mbuga nkoranyambaga ko hari abakatwa amafaranga mu buryo butumvikanyweho, cyangwa bakoherezwa gukorera ahandi nk’igihano.
-
Uwahoze Ari Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk Yeol Yakatiwe Imyaka 30
12 June, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa Seoul rwakatiye uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, igifungo cy’imyaka 30 nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano no kohereza indege zitagira abapilote (drone) muri Koreya ya Ruguru no kugerageza gushyira igihugu mu bihe bidasanzwe by’ubutegetsi bwa gisirikare.
Umuryango.rw
Ingabo za RDC ziri kwenyegeza ibitero muri Minembwe
RDC: Ebola ikomeje kwiyongera, abarenga 300 bamaze guhitanwa n’icyorezo
Amajyaruguru: Polisi y’u Rwanda imaze gufata 6 binjiza Kanyanga ndetse bagahohotera abaturage
Brig Gen Ronald Rwivanga yarahiriye umuyobozi mukuru w’Ingabo za EASF
Imbaga y’abanya Iran yitabiriye ishyingurwa rya Ayatollah Ali Khamenei i Mashhad
Ibitaro bya Ndera byahakanye ibyavuzwe ko bifata nabi abakozi