Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yashyizeho komite idasanzwe igamije gusuzuma niba hari impamvu zishingiye ku mategeko zatuma Perezida Cyril Ramaphosa avanwa ku butegetsi kubera ikibazo kizwi nka “Phala Phala scandal”.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
1 June, by Angeline MUKANGENZI -
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa
13 June, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (OMS), ryagaragaje impungenge ku buryo icyorezo cya Ebola gikomeje kwiyongera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rishimangira ko umubare nyawo w’abanduye ushobora kuba uri hejuru cyane y’uwamaze gutangazwa.
-
Marchal Ujeku yatawe muri yombi
22 May, by Angeline MUKANGENZIUjekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ku wa 20 Gicurasi 2026 akurikiranyweho ibyaha birimo icy’Ubuhemu n’icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
-
U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro
22 May, by Angeline MUKANGENZIuverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko itazatezuka gutanga umusanzu wayo mu Butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko kugeza ubu u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere mu Muryango w’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Muri rusange u Rwanda ruza ku mwanya wa kabiri ku Isi mu bihugu 117 byohereza ingabo mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro buri mwaka, rukurikiye igihugu cya Nepal.
-
Uganda: Umurambo wa Paulo Kafeero wataburuwe mu iperereza rya ADN ku bivugwa ko ari abana be
1 June, by ISIMBI EstellaKu wa Mbere tariki ya 1 Kamena 2026, mu gihugu cya Uganda habaye igikorwa cyihariye cyo kongera gutaburura umurambo w’umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Kadongo Kamu, Prince Paul Kafeero, uzwi cyane nka Paulo Kafeero. Icyo gikorwa cyari kigamije gufata ibipimo bya ADN bizafasha gusobanura impaka zimaze imyaka myinshi ku bijyanye n’abavuga ko ari abana be.
-
Real Madrid na FC Barcelona zatangiye guhangana byeruye
14 May, by ISIMBI EstellaIkipe ya Real Madrid yatangiye guhangana na FC Barcelona bigizwemo uruhare na Perezida wayo Florentino Perez washinjije FC Barcelona ruswa ku basifuzi mu myaka ishize ndetse agaragaza ko no muri uyu mwaka Real Madrid yibwe.
-
Amb.Nduhungirehe abona hakwiye uburyo bushya bwo kubungabunga amahoro no gukemura amakimbirane ku Isi
22 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yasabye ko ibikorwa byo kubungabunga amahoro bikorwa hifashishijwe uburyo bwuzuye kandi buhuje inzego zitandukanye, agaragaza ko amakimbirane yo muri iki gihe agenda arushaho gukomera no kuba urusobe kubera ubwiyongere bw’imitwe yitwaje intwaro, abacanshuro, amakuru y’ibinyoma ndetse n’imvugo z’urwango bikwirakwizwa hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Rema asobanura icyamuteye gutandukana na Justine Skye wahoze ari umukunzi we
1 June, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Nigeria, Divine Ikubor uzwi nka Rema, yavuze ku mpamvu yatumye atandukana n’uwahoze ari umukunzi we Justine Skye, agaragaza ko hari ibibazo by’imibanire byari byaragiye bibasira urukundo rwabo.
-
Uncle Austin yagaragaje ko akumbuye kuririmba, aratekereza gutegura igitaramo
10 July, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Uncle Austin, amazina ye nyakuri akaba Austin Tosh Luwano, yongeye gukangura ibyishimo mu bakunzi b’umuziki nyuma yo gutangaza ko yumva akumbuye kongera guhagarara ku rubyiniro ndetse ko ari gutekereza gutegura igitaramo.
Umuryango.rw
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa
Marchal Ujeku yatawe muri yombi
U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro
Uganda: Umurambo wa Paulo Kafeero wataburuwe mu iperereza rya ADN ku bivugwa ko ari abana be
Real Madrid na FC Barcelona zatangiye guhangana byeruye
Amb.Nduhungirehe abona hakwiye uburyo bushya bwo kubungabunga amahoro no gukemura amakimbirane ku Isi
Rema asobanura icyamuteye gutandukana na Justine Skye wahoze ari umukunzi we
Uncle Austin yagaragaje ko akumbuye kuririmba, aratekereza gutegura igitaramo