skol

Imibereho

Sobanukirwa ingaruka zikomeye utari uzi zo kumara igihe kinini Bluetooth ya Telefone yawe ifunguye

Akenshi usanga twibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone (…)

Sobanukirwa ibyiza n’ibibi byo kunywa ikawa abantu batazi

Kunywa ikawa bigira akamaro ku buzima bw’umuntu ariko iyo ifashwe mu rugero rurengeje (…)

Yapfuye nyuma y’iminota 10 amaze gusezerana n’umukunzi we kubana akaramata

Umugabo wo muri Amarika w’imyaka 48 yikubise hasi nyuma y’uko umutima uhagaze bitunguranye, (…)

Umugabo yabujijwe kongera gutanga intanga nyuma yo gutanga izavuyemo abana 550

Umugabo w’Umuholandi uvugwaho kubyara abana barenga 550 ku isi binyuze mu gutanga intanga ngabo (…)

Rafael York yambitse impeta umukunzi we nawe ukina ruhago

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Gefle IF Football,Rafael York yambitse Impeta umukunzi (…)

Uburyo umwami Mswati III ahitamo abakobwa b’amasugi bavamo umwamikazi

Igihugu cya Eswatini cyahoze cyitwa Swaziland ari nacyo gihugu muri Afurika kikigira amahame ya (…)

Abana babiri bapfiriye mu nyanja bagerageza kurokora abandi bane

Umusore w’imyaka 16 ukomoka Atlanta muri Amerika yarohamye nyuma yo kwitanga ashaka kurokora (…)

Menya Jenoside zabaye mu isi n’umwihariko wa Jenoside yakorewe Abatutsi

Ijambo Jenoside (Genocide)ryakoreshejwe bwa mbere n’umwanditsi Raphael Lemkin mu gitabo cye yise (…)

Selena Gomez aravugwa mu rukundo na Zayn Malik wahoze muri One Direction

Abahanzi bakomeye ku isi mu njyana ya Pop,Selena Gomez na Zayn Malik baravugwa mu rukundo ndetse (…)

Menya ibyiza n’akamaro ko gusenga utari uzi

Kugeza ubu buri wese usomye iyi nkuru afite idini cyangwa itorero abarizwamo, ndetse anafite (…)

Prince Kid yakoresheje imitoma iryohereye mu kwifuriza isabukuru nziza umukunzi we Elsa

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yakoresheje amagambo aryohereye mu kwifuriza isabukuru (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yahishuye akaga gakomeye yahuye nako mbere yo gupfusha umwana we

Georgina Rodriguez, umukunzi wa kizigenza Cristiano Ronaldo yahishuye ko mbere y’uko abyara (…)

Bishop Brigitte yihakanye ibyo gushishikariza abashakanye kurebana filimi z’urukozasoni

Umushumba Mukuru w’Itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (Power of God Church), Bishop Mukanziga (…)

Myugariro wa Manchester United yateye ivi, umukunzi we yemera ko bazabana [AMAFOTO]

Myugariro wa Manchester United witwa Diogo Dalot yateye ivi asaba umukunzi we Claudia Lopes ko (…)

Umukobwa wa Bill Gates yabwiye amagambo akomeye abatutse umukunzi we w’Umwirabura

Umukobwa w’umuherwe,Bill Gates,Phoebe,yibasiye abantu bibasiye umukunzi we w’umwirabura ku mbuga (…)