skol

Imibereho

Reba ibihugu 10 bya mbere muri Afurika birusha ibindi kuberamo ibyaha byinshi

Afurika iri mu migabane ya mbere iberamo ibyaha birimo ubwicanyi bwinshi bushingiye ku mpamvu (…)

Umunyezamu w’Amagaju FC yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we [Amafoto]

Umunyezamu w’Amagaju FC, Twagirimana Pacifique (Paccy) yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we (…)

Dore ubusobanuro bw’inzozi zigera kuri 14 abantu bakunze kurota

Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko (…)

Dore imyitwarire izakwereka ko umukobwa yagukunze akabura aho aguhera abikubwira

Burya muri kamere ya muntu, umukobwa ni umuntu udakunze kugaragaza amarangamutima ye mu bijyanye (…)

Ibintu byoroshye abagore baba bifuza ku bagabo babo mbere na nyuma yuko babana

N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo (…)

Menya amabanga 10 yagufasha gukomeza kwizerwa n’umukunzi wawe

Gukunda ni byiza kandi ntawe iyi nzira utayinyuramo. Gusa kumenya kwerekana urukundo ubwabyo ni (…)

Reba uko wakwambara uri mu rugo bikaba akarusho mugihe uri kumwe n’umugabo wawe

Ni byiza kumenya uburyo witwara imbere yuwo mwashakanye, yaba muri mwenyine cyangwa igihe mufite (…)

Hamenyekanye ibihugu 10 by’i Burayi abaturage bungukira mu gutera akabariro cyane

Imibonano mpuzabitsina ni nziza, ariko kandi ni imyitozo idasanzwe hagati y’amashuka.

Reba ibintu byafasha umusore ukennye kwigarurira umutima w’umukobwa mwiza

Akenshi abakobwa bakunze gukunda abasore bafite amafaranga cyangwa bavuka mu miryango ikomeye, (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yongeye gusembura abagabo kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez uri mu biruhuko muri Espagne aho ari gushyira (…)

Reba impamvu 3 zisekeje abagore biha iyo baca abagabo babo inyuma

Bijya bibaho mu mubano w’abakundana ugasanga umugore aciye umugabo we inyuma atitaye ku ngaruka (…)

Irinde iyi myitwarire uzagira inshuti nziza nyinshi

Mu buzima bwa muntu, umuntu wese yumva ashaka gukunda agakundwa bikamufasha kuba ho neza. (…)

Reba impamvu isigaye ituma abasore birukira abakobwa bateye amabengeza

Umukobwa w’ikizungerezi akenshi usanga hari abasore benshi baba bamushaka ubutitsa, usanga (…)

Reba uko byakugendekera uramutse uhagaritse kunywa inzoga byibura amezi atatu

Nubwo gufata ku gasembuye mu rugero nta cyo bitwara cyane ubuzima bw’umuntu, ariko nanone kunywa (…)

Mukobwa!Ibi nibyo ukwiye kwitondera mbere yo kwambarira ubusa umusore mukundana

Ariko Ibi nanone ntibibuza ko usanga hari abagifite umutimanama muzima, bafite amahame bemera mu (…)