skol

Imibereho

Mbigenze nte ko umuhungu nikururiye ansenyeye urugo kandi nkunda umugabo wanjye

Mbigenze nte ko umuhungu nikururiye ansenyeye urugo kandi nkunda umugabo wanjye tumaze kubyarana (…)

Indwara ya Diabete igiye kunsenyera urugo!!MBIGENZE NTE?

Umugabo utashatse ko amazina ye tuyatangaza umaranye diyabete imyaka 10 avuga ko yatakaje ibiro (…)

Inama 5 zagufasha kongera ibiro byihuse

Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe (…)

Sobanukirwa akamaro ko kurya Cocombre ku buzima bwawe

Mu myaka 1000 ishize, nibwo mu Buhinde havumbuwe igihingwa cyeraga imbuto zitari zizwi icyo (…)

Zirikana ibi bintu niba wifuza kongera ibiro,Umenye n’udukoryo mu kurya twabigufashamo

Muri iki gihe abantu benshi bari mu nkundura yo gushaka uko bagabanya ibiro dore ko kugira ibiro (…)

Hamenyekanye imijyi 5 muri Afurika iryoshye kuyibamo [URUTONDE]

Raporo yakozwe na Brand Finance City Index 2023 ivuga ko Cape Town, umujyi wo muri Afurika (…)

Sobanukirwa ingaruka zikomeye zibasira umuntu ukunda kuryamira

Gusinzira mu buzima bw’umuntu ni igikorwa cy’ingenzi cyane , ari nayo mpamvu mu masaha 24 umunsi (…)

Amakosa 10 akorwa n’ abagore mu mibanire yo mu rugo n’abo bashakanye

Ni kenshi wumva abagore bavuga ko batanezerewe mu umubano wabo cyangwa mu ngo n’ abo bashakanye. (…)

Nkore iki? Papa wanjye agiye gutuma ntandukana n’umukunzi wanjye nkunda cyane

Umubyeyi wanjye yamenye ko nkundana n’umukobwa basanzwe basambana yanga kugira icyo abimbwiraho, (…)

Reba ibintu 3 wakorera umwana wawe umubiri we ukagira ubudahangarwa budasanzwe

Ubudahangarwa bw’umubiri w’umwana avuka buri hasi, akaba ariyo mpamvu ari gacye uzumva batarwaye (…)

U Rwanda mu bihugu bya mbere muri Afurika mu kugira Internet yihuta cyane [URUTONDE]

Igihugu cya Afurika y’Epfo nicyo kiyoboye ibindi muri Afurika mu kugira internet yihuta ku (…)

Umukinnyi yatereye ivi umukunzi we ku murongo wo gusorezaho irushanwa ryo kwiruka [AMAFOTO]

Urukundo rwahawe urubuga mu bakinnyi bari bitabiriye shampiyona y’isi y’imikino ngororamubiri (…)

Umugabo wa mukuru wanjye yansambanyirije mu bwogero antera inda- NKORE IKI?

Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru (…)

Ndagisha inama-Nkunda musaza wanjye byo gupfa none byananiye kumwikuramo,Nkore iki?

Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye (…)

Niba udakunda kunywa amazi,reba ibindi byo kurya byakurinda umwuma

Kurinda umwuma udakoresheje amazi birashoboka cyane, nubwo akenshi iyo wumvise inyota, utekereza (…)