Aya mafoto akurikra yose ahishe ubutumwa butandukanye bukora muntu kumutima. Abumbatiye kandi akagaragaza akaga n’ akababaro abantu banyuramo mu buzima bwa buri munsi.
Yemen yishimiye guhabwa gatanya kuko yari yararongowe akiri ikibondo
Aba bafotowe ari ubwa mbere babonye Tablet mu maso yabo kubera aho batuye hataragezwa itembere
Yasoje ikiciro cya mbere afite abana batanu, byari ibyishimo ku muryango buri wese yishimira uruhare yabigize
Iki kiremwa kitwa Cochohito, ni kimwe muri 12 gusa bisigaye ku ibindi byarapfuye, biba mu mazi muri Leta ya California nacyo cyari cyafashwe mu ruhundura
Kenya: Uyu mugabo yakoze uko ashoboye yita kuri iyi nkura yera ariko ntibyayibuza gupfa
Iyi mbwa yirebye mu ndorerwamo igirango aho hari ngenzi yayo iyizanira ibipupe ngo nayo yishime
Yavuye muri gereza asanga imbwa ye iracyahumeka arishima ariko arebye neza asanga aho iri hari fagire y’ ibihumbi 400 by’ amadorali y’ Amerika
Nyuma y’ imyaka 30 yafunganywe baribwiranye basanga baraziranye
Uyu muganga yakoresheje amasaha 23 mu kubaga umutima, reba munguni umuforomo wamufashije
Yajyanye ku muvuzi w’ amatungo imbwa yakundaga, ariko iranga irapfa bimunanira kubyiyumvisha
Umuhungu w’ uyu mukecuru yaguye mu mpanuka, uyu mukobwa amahirwe aba aramusekeye kuko yari yarabuze umuha umutima wo gusimbura uwe warwaye. Uyu mukecuru ari mu byishimo kuko igice kimwe cy’ umuhungu we gikomeje kubaho
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *