skol
fortebet

Umugabo n’umugore basambaniye muri gari ya moshi rubanda ruri kureba

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Friday 13, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Imbere ya rubanda,umugabo n’umugore bafashwe amashusho bari gusambanira muri gari ya moshi yari ihagaze, none yakwirakwiye henshi ku mbuga nkoranyambaga.

Aba bombi batangiye gukorera amahano imbere ya rubanda ubwo iyi gari ya moshi barimo yari ihagaze ahitwa Caterham muri Surrey niko gutangaza abababonaga bose.

Ubu busambanyi aba bombi babukoze ku manywa y’ihangu ndetse bagaragaje ko nta muntu bari bitayeho ubwo bakoraga aya mahano,byatumye banafatwa amashusho n’abagenzi bari kumwe barebaga uyu mukino.

Muri aya mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo WhatsApp,benshi mu barebaga uyu mukino bumvikanye bari gufana nk’abafana umupira aho bateraga akanyabugabo uyu mugabo bamubwira kongera agatege.

Ibitekerezo

  • NDABAKUNDA HANO INYAMASHEKE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa