skol
fortebet

Umugore n’umugabo bafashwe amashusho bari guterera akabariro ku karubanda

Yanditswe: Saturday 13, Jul 2019

Sponsored Ad

Umugore n’umugabo bafashwe amashusho bari gukorera imibonano mpuzabitsina ku mucanga w’ahitwa Hove mu ntara ya East Sussex mu Bwongereza,abantu bose bari kubareba.

Sponsored Ad

Abantu bari basohokeye kuri uyu mucanga batunguwe n’uyu mugabo n’umugore batatinye rubanda bagakorera imibonano mpuzabitsina ku mucanga bose babireba.

Ahagana saa cyenda z’amanywa zo ku wa Kane taliki ya 11 Kamena 2019,nibwo aba bombi bashize isoni basambanira ku karubanda imbere y’imiryango myinshi yari yaje gutembera.

Umwe mu babonye uyu mugabo n’umugore bari gukorera ibikorwa by’urukozasoni kuri uyu mucanga,yavuze ko aba bantu bamaze iminota mike bari mu busambanyi budasanzwe.

Yagize ati “Natunguwe cyane ndetse ndaranganya amaso hirya no hino kugira ngo ndebe niba hari uri kubona nk’ibyo nabonaga.Bakoze imibonano mpuzabitsina barekera aho bareba niba nta muntu uri kubareba barongera barakomeza.Ku mucanga haba hasohokeye abana benshi,ntabwo biba bikwiriye kuhakorera ibikorwa by’urukozasoni. ”

Nyuma yo kumenya aya mahano,ikinyamakuru The Sun cyahise kijya kubaza polisi niba bakoze iperereza kuri iki gikorwa cy’urukozasoni,ivuga ko nta kirego yigeze yakira.


Uyu mugore n’umugabo bafotowe bari gukorera ubusambanyi ku mucanga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa