Umugore n’umugabo basambaniye aho Gari ya moshi zihagarara benshi bifata ku munwa
Yanditswe: Friday 01, Jun 2018
Hirya no hino ku isi hari gucaracara amashusho y’umugabo n’umugore basambaniye aho gari ya moshi zinyura munsi y’ubutaka zihagarara ahitwa Siebenhirten muri Austria rubanda rubareba ndetse benshi babaha urw’amenyo.
Aya mafoto yagaragaje umugore ari gusambana n’umugabo bahagaze byatumye benshi mu barebye aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga banenga cyane aba bombi cyane ko ibyo bakoze babikoreye imbere y’abagenzi bari bategereje gari ya moshi.
Uwafashe amashusho y’aba bombi yakoresheje telefoni ndetse yavuze ko batigeze bashaka guhisha iki gikorwa cy’urukozasoni barimo bakora.
Uyu mugabo n’umugore bakoraga imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa ndetse umugore yari yaciye bugufi umugabo ahagaze.
Ababonye aya mashusho barimo uwitwa Diana Sara n’abandi banenze uyu mugabo n’umugore kuko bakoreye imbere y’abantu barimo n’abana bato.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *