Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...
Joe Biden wari uhagarariye ishyaka ryaba Democrat yatsinze Donald Trump mu guhatanira kuba Perezida wa 46 wa Leta zunze ubumwe za Amerika. Joe Biden wahoze ari visi Perezida wa Leta z’unze ubumwe...
Intambara ya Tigray ni intambara ikomeje kuba, yatangiye mu Gushyingo 2020 mu Karere ka Tigray muri Etiyopiya, hagati y’ingabo zidasanzwe z’akarere ka Tigray (iyobowe n’ishyaka ryitwa Tigray...
Hari uburyo umuntu wese yitwara mu bibazo , abakobwa benshi bitondera cyangwa batinya gusura abahungu ku nshuro ya mbere kuko baba bibwira ko bashobora kugwa mu mutego wo kuryamana nabo, kubera...
John Legend w’imyaka 40 y’amavuko yasimbuwe na Michael B Jordan ku mwanya w’umugabo w’igikundiro gihebuje w’umwaka wa 2020 watowe n’Ikinyamakuru “People”, aba umwirabura wa gatatu ushyizwe kuri uyu...
I Nairobi mu murwa mukuru wa Kenya haba ibirori byo kubyina byinjirwamo n’igitsina gore gusa. Ababyitabira bavuze ko kubyina ijoro nta mugabo n’umwe uhari biha abagore ijoro ryuzuyemo...
Ethiopia ivuga ko ingabo zayo zigaruriye ahantu hanini mu leta ya Tigray iri mu majyaruguru y’igihugu ndetse ko ubu zirimo kwerekeza ku murwa mukuru Mekelle w’iyo...