Kanye West yarezwe mu rukiko ku ikirego kirebana n’umushahara utishyuwe ujyanye n’igitaramo cye cya opera ya Nebuchadnezzar. West wiyamamarije kuba perezida agatsindwa yarezwe n’itsinda ry’abakozi...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo abapolisi bakorera mu Karere ka Huye bafashe Nteziryayo Charles w’imyaka 40 na Mugiraneza Gregoire w’imyaka 34 bafatanwe imishandiko y’impapuro bagiye...
Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2020 ubwo Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde udakunzwe na mba i Kisoro, yari agiye kwiyamamarizayo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yahagaritswe n’abashinzwe umutekano...
Icyatangiye nk’urugendo rwiza rw’ubukwe ku bashakanye bo mu mujyi wa New York byarangiye mu marira kubw’imiryango yabo n’inshuti nyuma yuko barohamye bakitaba Imana ubwo bari mu kwezi kwa...
Se wa Diamond Platnumz, Abdul Juma, yahakanye ko hari impanga ivindimwe n’umuhungu we Diamond.Ni nyuma y’uko hasakaye amafoto y’uwitwa Chibu Rapper ahamya ko ari impanga y’uyu mustari Diamond...
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa ibiti by’umutuku bivanwa mu Murenge wa Maringa, muri Teritwari ya Kasongo mu Ntara ya Maniema, aho binyura muri Kivu y’Amajyepfo ngo...
Mu gihe Donald Trump akomeje kuvuga ibirego bidafite ishingiro by’uburiganya nyuma y’amatora, Joe Biden wamusimbuye we ari mu kazi ubwo yatangizaga itsinda rishya rya COVID-19 rizafasha mu rugamba...