skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Diamond agiye gukorana indirimbo n’umukobwa we

Perezida wa WCB, Diamond Platnumz, yerekeje muri studio hamwe n’umukobwa we, Princess Tiffah Dangote bagiye gukora indirimbo izasohoka vuba mu minsi iri...
15 November 2020 Yasuwe: 3001 0

Wema Sepetu yahishuye impamvu yangaga Zari harimo no kuba ngo yarabagaho inzozi ze Na Diamond

Umukinnyi wa filime zaa Bongo, Wema Sepetu, ku nshuro ye ya mbere yatangaje ko yahoze agirira ishyari Zari Hassan ubwo yabanaga na Diamond Platnumz nyuma yo gutandukana...
15 November 2020 Yasuwe: 6319 0

Hatewe ibisasu bikomeye ku bibuga by’indege byo muri Ethiopia

Leta ya Ethiopia ivuga ko ingabo zo muri leta ya Tigray - imwe mu zigize Ethiopia - zarashe ibisasu bya rokete mu karere gaturanye nayo.
14 November 2020 Yasuwe: 3562 0

Biden yatangiye guhabwa amakuru arebana n’umutekano ku bw’igitutu cyashyizwe ku butegetsi bwa Trump

Guhera mu cyumweru gitaha, biteganyijwe ko Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, azatangira guhabwa amakuru y’inzego z’umutekano kugira ngo bimufashe kwitegura no kumenya...
14 November 2020 Yasuwe: 5352 1

Imigabane ya Sosiyete iherutse gutangaza ko yakoze urukingo rwa Coronavirus irimo kugurwa mu buryo...

Imigabane ya Sosiyete yitwa Pfizer yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika irimo kugurwa mu buryo budasanzwe nyuma y’uko itangaje ko urukingo yakoze ifatanyije na Sosiyete BioNTech yo mu Budage...
14 November 2020 Yasuwe: 987 0

Kenya:Igiti cy’imbuto kitwa ‘FIG’ cyateje imyigaragambyo

Impirimbanyi zo kurengera ibidukikije muri Kenya zishimiye itegeko rya perezida ribuza gutema igiti bivugwa ko kimaze imyaka 100 cyari kigiye gutemwa kubera umuhanda uri hejuru y’uwundi uri...
14 November 2020 Yasuwe: 2379 0

Platini yavuze ku rukundo rwe na Miss Umukundwa Cadette[AMAFOTO]

Umuhanzi Platini Nemeye kuri ubu wiyise akazina k’akabyiniriro ka P yavuze ukuri ku bwavuzwe ko yaba ari mu rukundo na Miss Umukundwa Cadette,aho yahakanye umubano udasanzwe byavuzwe ko...
14 November 2020 Yasuwe: 6988 0

Amafoto yaciye ibintu:Isura ya Rihanna nta birungo yisize yatangaje benshi[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Rihana w’imyaka 32 y’amavuko, yafotowe asohoka muri resitora ya hoteri bita Giorgio Baldi, aho yari yagiye mu birori byo kumurika ibirungo by’ubwiza(makeup)gusa we ntabyo yari yisize...
14 November 2020 Yasuwe: 11088 0

Reba ibintu 6 abagore baba bashaka ku bagabo babo mbere na nyuma yuko babana

N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo bakaba baba batandukanye mu mico, imyitwarire, mu byo bakunda n’ibindi nk’ibyo, byanze bikunze hari bimwe mu...
14 November 2020 Yasuwe: 13214 0

Joseph Kabila akomeje gutenguhwa n’abarimo murumuna we

Perezida Félix Tshisekedi yatangije gahunda yiswe ‘consultation’ yo kwakira inkunga y’ibitekerezo, byamufasha gukomeze kuyobora neza, ni mu gihe umwuka utari mwiza hagati y’amahuriro mpuzamashyaka ya...
14 November 2020 Yasuwe: 4618 0
0 | ... | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | ... | 7410