1.Indoro
Gerageza kureba mu buryo umuntu atabona ko ufite ubwoba cyangwa igihunga. Irinde guhumbaguza no kureba hirya no hino nk’aho hari ikintu urimo gushaka. Reba neza witonze. Indoro iri mu...
Abantu 6 barimo abagore batatu bafunzwe na Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba nyuma yo gufatanwa urumogi mu turere twa Rubavu, Rusizi, Rutsiro na Nyamasheke. Bafashwe mu bihe bitandukanye...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda banyuze mu gihe cyo gucunaguzwa, agaragaza ko kuri ubu icyo gihe cyarangiye Abanyarwanda bakwiye kwimenya kuko n’ ababacunaguzaga bagezeho...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Nyuma yo kurangiza shampiyona y’uyu mwaka ikipe ya AS Kigali iri ku mwanya wa 4 kuri ubu amakuru atugeraho ni uko yatangiye kwiyubaka isinyisha abakinnyi 3 barimo Ngama Emmanuel bakuye muri...
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Umusore David Silva Umunya Espagne w’imyaka 31 yatangaje ko naramuka atwaye igikombe cya UEFA Champions League ari kumwe na Manchester City azahita areka umupira w’amaguru akajya gukina umupira...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje ko Ambasaderi Belaynesh Zevadia uhagarariye Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi zizabera ku Mulindi kuva tariki 22 – 27 Kamena 2017.
Nk’...
Umusore Christopher Froome umwongereza ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Sky yatangaje ko nubwo amaze gutwara iri rushanwa rikomeye ku isi mu gusiganwa ku magare ubugira 3, uyu...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...