Maj Nshimiyimana Cassien uzwi nka “Gavana”, uri mu bayoboye ibitero bya RUD Urunana byagabwe mu Kinigi mu Ukwakira 2019, biravugwa ko yiciwe mu mirwano yahuje FARDC ifatanyije n’Umutwe wa FDLR ubwo...
Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’akana gato k’agahungu k’imyaka 2 kamizwe n’imvubu kari gukinira hafi y’ikiyaga hanyuma ikaruka ari kazima
Uyu mwana witwa Paul Iga yari ari gukinira hafi...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ikibazo cy’abavuga Ikinyarwanda mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC),kitari icy’u Rwanda kuko atari rwo rwagiteje.
Perezida Kagame...
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza.
Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo yakoreye imyitozo ku kibuga cya Valdebebas cy’ikipe ya Real Madrid kugira ngo arebe ko yamera neza,yitegura kwerekeza mu yindi kipe cyane ko ubu ntayo agira.
Nyuma...
Ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17/12/2022, mu mukino w’umunsi wa 14 uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ibiciro byo kwinjira muri uyu mukino uzahuza...
Uburwayi bwadutse mu ikipe y’Ubufaransa iri mu gikombe cy’isi habura umunsi ngo bakine na Maroc muri 1/2 cy’iri rushanwa.
Iyi kipe ifite igikombe cy’isi igomba gukinira na Maroc kuri Al Bayt...
Ellen DeGeneres yashenguwe bikomeye n’urupfu rw’inshuti ye Stephen “tWitch” Boss wari usanzwe amucurangira mu kiganiro The Ellen Show cyahagaze muri Gicurasi...
Perezida wa DR Congo, ari muri Amerika, yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu mu gihugu guhera none kuwa gatatu nyuma y’uko abantu barenga 100 bishwe n’inkangu n’imyuzure bivuye ku mvura yaguye mu ijoro...
Mu muhango wo gufungura ikibuga cyo mu Nzove kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022 Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko intambara ari nk’iy’indi ko igihe kigeze ngo bigaranzure APR FC...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Portugal biravugwa ko rishaka guha akazi José Mourinho agasimbura Fernando Santos. Gusa ngo Mourinho azabifatanya no gutoza AS Roma.
Ikipe ya Portugal...
Perezida w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko Rayon Sports ifite ibibazo byinshi ndetse ko mu mikino ibiri imbere izahuramo na APR FC n’ikipe ye ikabije yabonamo inota rimwe...
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru chairman wa APR FC ari kumwe na Maj Gen Eric Murokore ukuriye Inkeragutabara mu Ntara y’Amajyaruguru basuye ikipe ya APR F.C aho iri kubarizwa mu karere ka Rubavu....