skol
Kigali

Search: Iran (24487)

Menya ibintu umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera

Bimwe mu bintu umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera ibihe yaba arimo byose.
17 December 2022 2420 0

Karim Benzema yarakariye umutoza Deschamps kubera ibyo yamukoreye

Rutahizamu Karim Benzema yarakariye cyane umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa,Didier Deschamps,kubera ko yamukuye mu ikipe y’igihugu kubera imvune kandi yari kwitabwaho n’abaganga kuko bitari...
17 December 2022 4051 0

M23 yishe Maj.Nshimiyimana "Gavana"wayoboye ibitero byo mu Kinigi

Maj Nshimiyimana Cassien uzwi nka “Gavana”, uri mu bayoboye ibitero bya RUD Urunana byagabwe mu Kinigi mu Ukwakira 2019, biravugwa ko yiciwe mu mirwano yahuje FARDC ifatanyije n’Umutwe wa FDLR ubwo...
17 December 2022 2406 0

Henry Cavill yatangaje ko yababajwe no kuba yahagaritswe mu gukina muri filime ya Superman

Umukinnyi wa filime Henry Cavill wakinnye ‘Superman’ nka Clark Kent yamenyeshejwe ko atazongera gukina muri iyo filime.
16 December 2022 624 0

Umwana yarokotse imvubu yamumize ari hafi y’ikiyaga hanyuma imuruka akiri muzima

Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’akana gato k’agahungu k’imyaka 2 kamizwe n’imvubu kari gukinira hafi y’ikiyaga hanyuma ikaruka ari kazima Uyu mwana witwa Paul Iga yari ari gukinira hafi...
16 December 2022 3368 0

Umutoza w’Amavubi yavuze iturufu ikomeye yatuma u Rwanda rumera nka Maroc muri ruhago

Umutoza w’Amavubi,Carlos Alos Ferrer,yavuze ko inzira yonyine yatuma u Rwanda rugera kure mu mupira w’amaguru nk’aho Maroc igeze ari ugukinisha abanyamahanga. Nkuko tubikesha Radiotv10,uyu mutoza...
16 December 2022 1443 0

Itangazo:SONGA Cedric yasabye guhindura amazina akitwa KANZIRA SONGA Cedric

Uwitwa SONGA Cedric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KANZIRA SONGA Cedric mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari...
16 December 2022 74 0

Itangazo:UTETIWABO Yvonne yasabye guhindura amazina akitwa BILLS Yvone

Uwitwa UTETIWABO Yvonne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa BILLS Yvonne mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari...
16 December 2022 94 0

M23 yerekanye abarwanyi ba FDLR yafashe mpiri barimo pasiteri wari umuyobozi mu Rwanda

Umutwe wa M23 weretse itangazamakuru abarwanyi batanu ba FDLR wafashe barimo n’ushinzwe ubutasi bwose bw’uyu mutwe wahoze mu buyobozi bw’ibanze mu Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Aba...
15 December 2022 3598 0

Miss Croatia wahogoje benshi mu gikombe cy’isi 2022 yagaragaye mu isura nshya ku mukino w’Ubufaransa na Maroc...

Umunya Croatia,Ivana Knoll,wahogoje abagabo benshi kubera imyambarire ye n’uburanga,yagaragaye ku mukino w’Ubufaransa na Maroc yambaye imyenda y’umukara gusa aho kwambara amabara y’igihugu cye nkuko...
15 December 2022 3068 0

Ihere ijisho uburanga bwa Aggy uvugisha benshi kubera imiterere ye

Mu mafoto ihere ijisho uburanga bw’umunyamideli uvugisha benshi ku mbugankoranyambaga kubera imiterere ye wamenyekanye nka Aggy Nkurunziza.
15 December 2022 2214 0

Perezida Kagame yasubije abagereka ikibazo cy’abavuga Ikinyarwanda bo muri RDC ku Rwanda

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ikibazo cy’abavuga Ikinyarwanda mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC),kitari icy’u Rwanda kuko atari rwo rwagiteje. Perezida Kagame...
15 December 2022 1140 0

Umutoza wa Maroc yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutsindwa n’Ubufaransa

Ikipe y’igihugu ya Maroc yasusurukije iki gikombe cy’isi igera muri kimwe cya kabiri mu buryo butari bwitezwe, ariko icyizere cyayo cyo kugera ku ntsinzi itunguranye cyasyonyowe n’Ubufaransa...
15 December 2022 2374 0

Perezida Tshisekedi yasabye Biden ko Amerika ‘ishyira igitutu’ ku Rwanda

Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza. Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit...
15 December 2022 1220 0

Cristiano Ronaldo yakoreye imyitozo ku kibuga cya Real Madrid

Umunyabigwi Cristiano Ronaldo yakoreye imyitozo ku kibuga cya Valdebebas cy’ikipe ya Real Madrid kugira ngo arebe ko yamera neza,yitegura kwerekeza mu yindi kipe cyane ko ubu ntayo agira. Nyuma...
14 December 2022 2020 0

Itangazo:AKIKI Irene yasabye guhindura amazina akitwa AKIKI KASEMIRE Irene

Uwitwa AKIKI Irene yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa AKIKI KASEMIRE Irene mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari...
14 December 2022 102 0

Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira mu mukino wayo na APR FC

Ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17/12/2022, mu mukino w’umunsi wa 14 uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ibiciro byo kwinjira muri uyu mukino uzahuza...
14 December 2022 1322 0

Ikipe y’Ubufaransa yahuye n’uruva gusenya mbere yo gukina na Maroc

Uburwayi bwadutse mu ikipe y’Ubufaransa iri mu gikombe cy’isi habura umunsi ngo bakine na Maroc muri 1/2 cy’iri rushanwa. Iyi kipe ifite igikombe cy’isi igomba gukinira na Maroc kuri Al Bayt...
14 December 2022 4898 0

Urupfu rwa Dj Stephen “tWitch” rwashenguye benshi barimo Ellen DeGeneres bakoranaga

Ellen DeGeneres yashenguwe bikomeye n’urupfu rw’inshuti ye Stephen “tWitch” Boss wari usanzwe amucurangira mu kiganiro The Ellen Show cyahagaze muri Gicurasi...
15 December 2022 555 0

Tshisekedi yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu kubera abarenga 100 bapfuye i Kinshasa

Perezida wa DR Congo, ari muri Amerika, yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu mu gihugu guhera none kuwa gatatu nyuma y’uko abantu barenga 100 bishwe n’inkangu n’imyuzure bivuye ku mvura yaguye mu ijoro...
14 December 2022 1043 0

Perezida wa Rayon Sports yavuze amagambo akomeye ku mukino na APR FC

Mu muhango wo gufungura ikibuga cyo mu Nzove kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022 Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko intambara ari nk’iy’indi ko igihe kigeze ngo bigaranzure APR FC...
13 December 2022 1994 0

Igihugu gikomeye mu mupira kirashaka guha akazi Jose Mourinho

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Portugal biravugwa ko rishaka guha akazi José Mourinho agasimbura Fernando Santos. Gusa ngo Mourinho azabifatanya no gutoza AS Roma. Ikipe ya Portugal...
13 December 2022 2388 0

Hamisa Mobetto yashimagije umukunzi we utuma umutima we udahungabana

Umuhanzi akaba n’umunyamideli ukomoka muri Tanzania, Hamisa Mobetto yashimagije umukunzi we avuga ko yita ku mutima we ntiyemere ko ahungabana.
13 December 2022 1388 0

UWANDEMEWE #Episode40: Nyuma yo guta ikizere ngana iyo gutana hari agapapuro nasanze mw’ipantaro yanjye

Icyumweu cyarashize ikindi kirataha, uko bucya nuko bwira nakomezaga gusubira inyuma mu bitecyerezo, nakomezaga kuganzwa n’amarangamutima yampatiraga kwicuza impamvu nizeye ko ejo hanjye hazaba...
13 December 2022 974 0

Impanga nyinshi ku isi zavukiye rimwe zatashye amahoro muri Mali

Abana icyenda bavukiye icya rimwe bakabaho - bonyine ku isi kugeza ubu - basubiye iwabo muri Mali bameze neza nyuma y’umwaka n’igice bavutse muri Maroc bakahaguma barimo kubitaho. Izi mpanga...
13 December 2022 1617 0

Umusifuzi wateranye amagambo na Lionel Messi yirukanwe mu gikombe cy’isi

umunya-Espagne ,Antonio Mateu Lahoz uheruka gukora agashya agatanga amakarita 15 mu mukino yasifuye wahuje igihugu cya Argentine n’Ubuholandi yamaze kwirukanwa mu irushanwa. Uyu musifuzi wari mu...
12 December 2022 4354 0

Gakire wabaga muri Guverinoma ya Padiri Nahimana afungiwe I Mageragere

Bwana Fidele Gakire wabaga muri Guverinoma ya Nahimana Thomas nka Minisitiri w’abakozi, afungiye Mageragere azira gukoresha impapuro mpimbano. Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwemeje...
12 December 2022 3530 0

KNC yavuze amagambo aca intege abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports

Perezida w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko Rayon Sports ifite ibibazo byinshi ndetse ko mu mikino ibiri imbere izahuramo na APR FC n’ikipe ye ikabije yabonamo inota rimwe...
12 December 2022 3221 0

Umuyobozi wa APR FC yahaye inama ikomeye abakinnyi yatuma bisubiza umwanya wa mbere

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru chairman wa APR FC ari kumwe na Maj Gen Eric Murokore ukuriye Inkeragutabara mu Ntara y’Amajyaruguru basuye ikipe ya APR F.C aho iri kubarizwa mu karere ka Rubavu....
12 December 2022 972 0

Nick Carter arashinjwa gufata ku ngufu

Nick Carter wo mu itsinda ’Backsreet boys’ arashinjwa gukoresha umukobwa imibonano mpuzabitsina ku gahato, ibyaha bikekwa ko byabaye mu 2001.
12 December 2022 285 0
0 | ... | 24000 | 24030 | 24060 | 24090 | 24120 | 24150 | 24180 | 24210 | 24240 | ... | 24480