Umunyarwanda, Philippe Mpayimana uba mu gihugu cy’u Bufaransa, yatangaje ko na we aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2017, kandi akaba aziyamamaza ku...
Nicolas Sarkozy
Umucamanza wo mu gihugu cy’ Ubufararansa yategeko ko Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa yitaba urukiko agatanga ibisobanuro by’ ukuntu yakoresheje amafaranga y’...
Umunyamabanga Mukuru wa Umuryango w’ Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko adashyigikiye Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza ku cyifuzo cyo kwiyamamariza manda ya kane, avuga ko yagira ingaruka...
Muri uyu mwaka wa 2017, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika. Ni amatora agiye kuba ku nshuro ya gatatu u Rwanda ruvuye mu bihe bya Jenoside yakorewe abatutsi. Aya mbere...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Abaturage bari mu myigaragambyo yo kwamagana manda ya kabiri ya Perezida batwitse inzu y’Inteko Ishinga Amategeko. Umuyobozi w’ abatavugwa rumwe n’ ubutegetsi biravugwa ko yahasize ubuzima
Itegeko...
Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, mu matora y’Umukuru w’igihugu w’ u Bufaransa yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, umukandida akaba atsinze Marine Le Pen bari bahanganye ku...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko nta gikorwa na kimwe cyerekeye abakandida biyamamariza kuba umukuru w’igihugu kigomba gutangarizwa ku mbuga nkoranyambaga zabo nka twitter hatabanje igenzurwa no...
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017, komisiyo y’ igihugu yatangiye kwakira kandidatire z’ abifuza kuyobora u Rwanda binyuze mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 5 Kamena 2024 yatangaje ko ibirori by’isabukuru ya 30 yo Kwibohora bizabera muri Stade Amahoro...
Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa...
Hakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu,ushaka kwiyamamariza kuba Perezida, avuga ko natsinda umukandida wa FPR INKOTANYI bahanganye, hari umwanya...
Ubwo aheruka kwitabira umukino wa BAL,Perezida Kagame yageze kuri BK Arena mu modoka yitwa Land Rover Defender 130 Outbound iri mu zigezweho muri uyu mwaka wa...
Ishyaka PS Imberakuri rya depite Mukabunani Christine ryatangaje ko ritazitabira amatora ya Perezida wa Repubulika, rizahatanira imyanya mu nteko ishinga...
Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, Umwarimukazi muri Groupe Scolaire Butete mu murenge wa Cyanika, Akarere ka Burera, wagiye gutanga kandidature yo kwiyamamariza umwanya w’Ubudepite ateze moto,yavuze ko...
Emery Gatsinzi wamenyekanye nka Riderman mu muziki yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yatangazaga ko yitegura kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishingamategeko akanakomoza ku birebana n’umusaruro...
Umwarimukazi usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite...
Jacob Zuma wahoze ari perezida w’Afurika y’epfo, yahuje imbaga abantu kuri uyu wa gatandatu, yumvikanisha ko azasubira ku butegetsi, n’ubwo kadidatire ye ifite ibibazo imbere...