Ikipe ya Chelsea nyuma yo gutakaza umunyezamu wabo wari uwa kabiri Asmir Begovic werekeje mu ikipe ya AFC Bournemouth,kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01 Nyakanga yamaze gutangaza ko yasinyishije...
Umutoza Arsene Wenger wa Arsenal uzwiho kudatanga amafaranga menshi mu kugura abakinnyi yiteguye kurekura amafaranga ataratanga mu myaka amaze mu butoza akagura rutahizamu w’ikipe ya Lyon,...
Ibitego bitatu bya Danny Usengimana byahesheje Police FC amanita atatu
Rutahizamu wa Police FC, Danny Usengimana yatsinze yihariye ibitego bitatu ikipe ya Police FC yatsinze ikipe ya Musanze...
Abantu 76 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka iyi ndege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yitwa Chaecoense.
Iyi mpanuka yabereye hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Colombia mu...
Irushanwa ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda yagombaga kwitabira muri Tanzania ryiswe ’Star Time Cup’ ryasubitswe nyuma y’uko amwe mu makipe atangaje ko atazaboneka kubera ko abakinnyi bagiye mu...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Umutoza mushya w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa yatangaje ko hari byinshi azakora muri APR FC, ni nyuma yo kugirwa umutoza wayo mukuru kuwa Kabiri ndetse agatangira akazi kuri uyu wa Gatatu.
Ubwo...
Ibitego bya Diego Costa, Willian na Eden Hazard bifashije ikipe ya Chelsea kunyagira Manchester City bayisanze iwayo, ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona.
Manchester City yihariye...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, Ikipe ya Kirehe FC inganyije na Police FC igitego 1-1, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Azam Rwanda...
Ikipe ya Amagaju FC ngo irashaka amanota atatu mu mukino uyihuza na Rayon Sports kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza.
Ni mugihe ku rutondwe rwa Shampiyona rw’ gataeganyo Amagaju ari ku mwanya...
Indege ya Pakistan International Airlines ya PK661, yarimo abagenzi 48 yakoze impanuka igeze mu majyaruguru y’iki gihugu mu nyengero z’umujyi wa Islamabad abagenzi bose barapfa.
Ahagana mu ma saa...
Ibitego bya Nshuti Innocent na Rusheshangoga Michel bifashije ikipe ya APR FC gutsinda Sunrise FC 2-1, bagira amanota 17 mu mikino irindwi, hari mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wabereye...
Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa aratangaza ko nubwo muri iyi minsi ikipe ye yugarijwe n’imvune nyinshi kandi z’abakinnyi kandi bakomeye atari ikibazo cyane, ahubwo we abifata nk’amahirwe ku...
Myugariro w’ikipe ya APR FC, Ngandu yakuye urujijo mubibaza k’ ubwenegihugu bwe avuga ko ari Umunyarwanda wuzuye
Ni mu gihe hari hashize iminsi abantu bibwira ko Omar ashobora kuba ari Umurundi...
Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Manzi Thierry na rutahizamu wa APR FC Twizerimana Onesme, bidatinze barerekeza muri Maroc gukorerwa isuzumwa ku mvune zabo nk’uko bitangazwa n’abatoza baya makipe....
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2016, shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda irabakomeza, Mukura Victory Sport yakira Rayon Sports bakinire kuri Stade ya Huye saa 15:30.
Ni...
Wari umukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona y’u Rwanda, Azam Rwanda Premier League, Mukura yakiriye Rayon Sports amakipe yombi anganya 1-1, nyuma y’ubushyamirane n’imvururu zishingiye ku marozi....
Okoko Godefroid umutoza wa Mukura VS na Musudi Djuma wa Rayon Sports, bombi ni Abarundi batoza amakipe ya hano mu Rwanda. Nyuma y’umukino waranzwe n’imvururu hagaragaye igisa no guterana amagambo...
Igitego rukumbi cyatsinzwe na Sibomana Patrick mu gice cya mbere cy’umukino, cyafashije ikipe ya APR FC gutsinda Kiyovu SC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, banganya amanota na...
Umutoza wa Police FC, Seninga Innocent aratangaza ko amarozi ari mu byatumye areka gukina umupira wa maguru bitewe n’uko ubuyobozi bw’ibikipe ya AS Kigali yakinagamo babategekaga gukoresha amarozi...
Nyuma yo gusesa amasezerano na AZAM FC, Mugiraneza J. Baptiste Migi, yamaze kuba yasinya imyaka 2 mw’ikipe ya Gor Mahia, akaba yateye umugongo andi makipe yamwifuzaga.
Aganira na Umuryango.rw,...
Abantu icyenda ni bo bamaze kwemezwa ko bitabye Imana barohamye mu kiyaga cya Albert nyuma y’impanuka y’ubwato yabaye kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016.
Usibye abitabye Imana, haracyari abandi 21...