Umuhanzikazi Clarisse Karasira wamenyekanye mu ndirimbo za Gakondo nyuma y’igihe ateguza abantu kwakira Umwuzukuru w’Imana n’Igihugu ari mu mashimwe akomeye nyuma yo kumwakira mu...
Umuhanzikazi Clarisse Karasira wamamaye cyane mu ndirimbo za gakondo zagiye zikundwa hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yihanije umwana w’umukobwa uri kwiyita murumunawe mu bitangazamakuru...
Umuhanzikazi ukunzwe na benshi mu njyana Gakondo Clarisse Karasira yifurije isabukuru y’amavuko umugabo we avuga ko uretse kuba ari umugabo we ari n’umubyeyi nyagasani...
Umuhanzikazi Nyarwanda wamenyekanye mu njyana Gakondo nka Clarisse Karasira yahumurije abantu bari mu buzima bubagoye abibutsa ko hari ikizere cy’ubuzima badakwiye kwiheba abagereranyije na...
Umuhanzi Cyusa Ibrahim umaze kumenyekana nka Cyuza mu njyana ya gakondo akomeje gusangiza abamukurikira ko aryohewe n’urukundo arimo n’umukunzi we @jeanine_noach.
Nyinawabari Claudine wemeza ko yari yarashakanye n’Umunyamakuru Celestin Ntawuyirushamaboko avuga ko Celestin yari yarataye urugo ndetse ko ntakintu yigeze amenya k’uburwayi bw’umugabo we ngo uretse...
Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana Gakondo Intore Masamba yavuze ko iminsi ijana yo kwibuka ari umwanya mwiza wo gusubiza agaciro abakambuwe muri jenoside yakorewe abatutsi...
Kwirengagizwa n’umuntu ukunda cyangwa se wumva wakabaye ari hafi yawe ntago ari ibintu byorohera buriwese kubyakira cyane ko hari nabo bitera uburwayi biturutse ku kwiheba cyangwa gutekereza...
Teta Diana, umuhanzi nyarwanda wamamaye mu njyana gakondo akaba asanzwe anakorera umuziki we ku mugabane w’u Burayi, yatangarije abantu bose bibaza ku buzima bwe bw’urukundo, ko ari umukobwa ukuze...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibrahim yashyize ku mugaragaro urukundo afitiye Jeanine Noach mu birori by’isabukuru byabeyeye muri Leta Zunze Ubumwe...
Umugore witwa Mukampabuka Beatrice, wo mu mu mudugudu wa Rugina ,mu murenge wa Jali,mu karere ka Gasabo, yatwitse Moto y’umugabo we witwa Kimonyo J.M.V irashya irakongoka...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nzeri yafashe abantu Barindwi bacyekwaho gutega abaturage bakabambura bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro....
Umuhanzi mu njyana gakondo,Cyusa Ibrahim agiye kuzuza inzu ya etaje ku Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi aho yemeje ko nta muntu n’umwe wamuteye inkunga ahubwo ari amafaranga yavanye mu...
Kuri uyu wagatanu abasirikare ba leta ya kongo bakorera i Kakongo muri Segiteri ya Tanganyika teritware ya Fizi, intara ya kivu y’epfo muri Repulika ya Demokarasi ya Kongo bishe abantu batatu...