Mu 1994 muri ETO hari ingabo za MINUAR zari mu butumwa bw’amahoro byatumye Abatutsi bahahungira ari benshi bizeye kurindwa n’ingabo zifite intwaro. MINUAR imaze kubasiga mu menyo y’Interahamwe...
Mu gihe u Rwanda ruri mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsu mu 1994 ntihakirengagizwa bamwe mu banyamakuru bafatwa nkabaharaniraga ukuri ndetse akaba ari nako...
Umusore n’inkumi bo mu Karere ka Nyamasheke bafite ubumuga bwo kutumva no kuvuga bakoze ubukwe basezeranira mu rusengero biyemeza kubana akaramata.
Ubu bukwe bwabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Gakuru Jean Claude (Desailly) wakiniye ikipe ya Esperance na Mukura Victory Sports ari mu bahitanwe n’impanuka ya Bisi ya Volcano yagonganye n’indi modoka ya Oxygen yo muri Kenya.
Abanyarwanda...
Umukinnyi wa Filime Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava muri Filime y’uruherekane yerekanye umukunzi we bahujwe na Passe nyuma y’igiheauga ko aryohewe mu rukundo ariko ntagaragaze uwo...
Umugabo witwa Valens wari utuye Mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Gatunda mu mu Mudugudu wa Kabera mu Kagari ka Nyarurema yishwe bikekwa ko yaba yishwe ku kagambane k’abagabo yasambanyirizaga...
Tariki ya 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Rasalie Gicanda yishwe. Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe ku itegeko rya Kapiteni Ildephonse Nizeyimana wari mu kigo cya (ESO) « École des Sous-Officiers”....
Abaturage batuye mu kagari ka Nyabugogo Mu mudugudu wa Karama,Umurenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, baratabariza umugabo witwa Ngizwenayo Anicet uhozwa Ku nkoni n’umugore we, aho yaraye...
Leta ya Niger iherutse gufata umwanzuro wo gusubiza i Arusha muri Tanzania, Abanyarwanda umunani barimo abasoje ibihano byabo ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ababaye abere mu Rukiko...
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu Minisitiri Gatabazi Jean Marie Vianney yatangiriye mu Ntara y’Iburengerazuba,mu Karere ka Rutsiro, yasuye abanyeshuri biga ku Kigo cy’Ishuri ryo mu Murenge wa Kinihira,...
Urwego rwashinzwe kurangiza imanza zasigajwe n’inkiko mpuzamahanga (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals, IRMCT) rwategetse leta ya Niger kuba ihagaritse itegeko ryo kwirukana...
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20/09/2021 ahagana saa mbiri mu Murenge wa Muko wo mu karere ka Gicumbi, ku Kigo Nderabuzima cyaho hamenyekanye amakuru y’umugore wabyaye umwana upfuye, bivugwa...
Umutoza mushya w’ikipe yigihugu ya Volley ball,Umunya Brasil Paulo De Tarso Milagres, yahamagaye abakinnyi 36 bazitabira umwiherero wo kwitegura Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali hagati ya...
Abagera kuri 70 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021, basanzwe mu rugo rw’umuyobozi w’umudugudu i Burera bari mu birori bita "Ubuteka".
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye kuba bahagaritse ibikorwa by’ubucuruzi, hagasigara abacuruza ibiribwa, na bo kandi hagakora...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...