Ku bufatanye n’umuryango utari uwa Leta Amahoro Human Respect bafatanyije n’itorero EDAR na TFAM Global yo muri Amerika na TFAM Rwanda bishyize hamwe bagenera inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana...
Umukinnyi Lionel Messi ufatwa na benshi mu bakunzi ba ruhago n’abakinnyi bamwe na bamwe ko ariwe mukinnyi mwiza kurusha abandi bose bababayeho mu mateka y’isi,yabwiye abaganga ba Argentina ko...
Umukinnyi Lionel Messi wa Argentina yaraye ahawe ikarita y’umutuku ku munota wa 37 nyuma yo gushwana na myugariro wa Chile, Garry Medel bombi bagasohorwa...
Rutahizamu w’umunyarwanda wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda ari mo na APR FC n’ikipe y’igihugu, Serugaba Eric, kuri ubu akaba yarahgaritse gukina, avuga ko amarozi avugwa muri ruhago y’u...
Hashize iminsi havugwa ibihuha byinshi ku buzima bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, ahanini biterwa no kuba amaze iminsi ataboneka mu ruhame, ibitangazamakuru bya leta ntacyo...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,yatangaje ko ibyishimo byamurenze ubwo yari amaze kwegukana Copa America 2021 ari kumwe n’igihugu cye cya Argentina yari amaze imyaka 15 akinira ariko...
Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba wiyita Leta ya Kisilamu, Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi, yishwe n’igitero cy’ingabo kabuhariwe za Leta Zunze Ubumwe za America muri Syria.
Abu Ibrahim al-Hashimi...
Perezida wa US,Joe Biden abinyujije mu butumwa bwo kwifuriza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isabukuru y’imyaka 62 y’ubwigenge,yijeje iki gihugu kugifasha mu by’umutekano.
Muri ubu...
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Abantu 76 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka iyi ndege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yitwa Chaecoense.
Iyi mpanuka yabereye hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Colombia mu...
Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia.
Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru.
Bimwe mu bintu...
Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
Uyu munsi ni ku wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017, ni umunsi wa 202 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 163 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen"
Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Turi tariki ya 02 Kanama ni umunsi wa 214 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 151 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa gatatu inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama
Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo gukora intwaro kirimbuzi idashobora kuwuhagarika uko byagenda kose, ngo yakwemera ikarisha n’ibyatsi...
Umuhanzi wubashywe ku Isi John Legend n’umufasha we Chrissy Teigen bari mu myiteguro yo kwakira umwana w’abo wa kabiri [ubuheta] nyuma y’umwaka umwe ushize bakiriye imfura yabo.
Kuwa14 Mata 2016...