skol
Kigali

Search: America (669)

KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa

Mu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu...
29 April 2019 6686 0

Ihuriro ry’abagore n’iry’urubyiruko bo mu murenge wa Nyamirambo bagenewe inkunga ya Moto n’amafaranga...

Ku bufatanye n’umuryango utari uwa Leta Amahoro Human Respect bafatanyije n’itorero EDAR na TFAM Global yo muri Amerika na TFAM Rwanda bishyize hamwe bagenera inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana...
6 May 2019 782 0

Lionel Messi yateye impungenge benshi kubera ibyo yatangaje ku buzima bwe

Umukinnyi Lionel Messi ufatwa na benshi mu bakunzi ba ruhago n’abakinnyi bamwe na bamwe ko ariwe mukinnyi mwiza kurusha abandi bose bababayeho mu mateka y’isi,yabwiye abaganga ba Argentina ko...
3 July 2019 5796 0

Lionel Messi yatutse abasifuzi nyuma yo guhabwa ikarita y’umutuku yaherukaga 2005

Umukinnyi Lionel Messi wa Argentina yaraye ahawe ikarita y’umutuku ku munota wa 37 nyuma yo gushwana na myugariro wa Chile, Garry Medel bombi bagasohorwa...
7 July 2019 5363 0

INKURU ICUKUMBUYE: Caguwa irakinjira mu gihugu,mu bayinjiza harimo n’abayobozi

Iyi nkuru yakozwe n’Ikinyamakuru BWIZA.COM, mu bufatanye bw’imikoranire Umuryango.rw urayitangaza.
18 December 2019 5829 0

Rutahizamu w’umunyarwanda yatanze ubuhamya bw’ukuntu yakoreshaga amarozi

Rutahizamu w’umunyarwanda wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda ari mo na APR FC n’ikipe y’igihugu, Serugaba Eric, kuri ubu akaba yarahgaritse gukina, avuga ko amarozi avugwa muri ruhago y’u...
30 March 2020 9815 0

Ibivugwa ku ibikwa ry’urupfu rwa Perezida Kim Jong Un

Hashize iminsi havugwa ibihuha byinshi ku buzima bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, ahanini biterwa no kuba amaze iminsi ataboneka mu ruhame, ibitangazamakuru bya leta ntacyo...
27 April 2020 2231 0

Lionel Messi yavuze ku mutwaro yari yikoreye wo kudafasha Argentina gutwara igikombe

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,yatangaje ko ibyishimo byamurenze ubwo yari amaze kwegukana Copa America 2021 ari kumwe n’igihugu cye cya Argentina yari amaze imyaka 15 akinira ariko...
11 July 2021 1980 0

Amerika yishe umuyobozi wa ISIS mu gitero cyamaze amasaha 2

Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba wiyita Leta ya Kisilamu, Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi, yishwe n’igitero cy’ingabo kabuhariwe za Leta Zunze Ubumwe za America muri Syria. Abu Ibrahim al-Hashimi...
3 February 2022 2635 0

Perezida Biden yijeje RDC kuyifasha mu bijyanye n’Umutekano wayo wadogejwe na M23

Perezida wa US,Joe Biden abinyujije mu butumwa bwo kwifuriza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isabukuru y’imyaka 62 y’ubwigenge,yijeje iki gihugu kugifasha mu by’umutekano. Muri ubu...
1 July 2022 2675 0

Assia yahishuye impamvu yahishe amazina y’umugabo we itangazamakuru

Umukinnyi wa Filime Mutoni Assia wamenyekanye muri filime zitandukanye nk’Intare y’ingore n’izindi zitandukanye zirimo n’ize yahishuye impamvu atajya avuga amazina y’umugabo mu...
21 October 2022 2319 0

Amakuru y’ikipe Messi azerekezamo ari guhindagurika buri kanya

Lionel Messi wasoje amasezerano ye muri Paris Saint Germain, ntiyongerwe, yari akomeje kuvugwa ko ashobora gusubira muri FC Barcelona yahozemo.
8 June 2023 998 0

Uko kompanyi y’indege ikomeje kwibeshya ku mukecuru w’imyaka 101 ikamwita uruhinja

Umukecuru w’imyaka 101 akomeje yibeshywaho ko ari umwana w’uruhinja kubera ikosa ryo mu buryo bwo mu ikoranabuhanga bwa kompanyi y’indege bujyanye no gukatisha itike mbere y’igihe...
28 April 2024 1211 0

Taliki 18 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka

Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
18 June 2017 1391 0

Neteo warokotse impanuka y’indege y’abakinnyi bo muri Brazil yarimo asoma Bibiliya

Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
8 December 2016 737 0

Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo ikipe ya Brazil yatikiriye mu mpanuka y’indege

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
30 November 2016 321 0

Impanuka y’ indege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yatikiriyemo abagera kuri 76

Abantu 76 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka iyi ndege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yitwa Chaecoense. Iyi mpanuka yabereye hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Colombia mu...
29 November 2016 2529 0

Indege yari itwaye ikipe yo mu igihugu cya Brazil yakoze impanuka

Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia. Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
29 November 2016 277 0

Isoko y’ uruzi runini muri Afurika yavumbuwe tariki 6 Nyakanga, reba ibindi byaranze iyi tariki mu mateka y’...

Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
6 July 2017 1915 0

Tariki 9 Nyakanga hari icyo ivuze ku itabwa muri yombi rya Gen. Karake no ku nzandiko za Jean Louis...

Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
9 July 2017 3555 0

Kimwe mu byaranze tariki 16 Nyakanga, Sadam Hussein yafashe ubutegetsi

Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru. Bimwe mu bintu...
16 July 2017 1125 0

Dore impamvu Amerika itinya kurasa kuri Koreya ya Ruguru

Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
20 July 2017 9859 0

Tariki 21 Nyakanga Isi yibuka urupfu rw’ impirimbanyi ya Politiki Albert John Luthuli

Uyu munsi ni ku wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017, ni umunsi wa 202 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 163 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku...
21 July 2017 800 0

Tariki 26 Nyakanga: Bwa mbere mu mateka umugore yemerewe kwiyamamariza kuyobora Amerika

Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga. Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
25 July 2017 399 0

Tariki 27 Nyakanaga: Havutse umukinnyi ukomeye wa filimi watojwe na Bruce Lee

Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen" Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
26 July 2017 2259 0

Tariki ya 30 Nyakanga ni umunsi w’Ubushuti, reba ibyaranze uyu munsi mu mateka

Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. 1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
30 July 2017 956 0

Tariki ya 02 Kanama ba Einstein bandikiye Perezida wa USA ku bisasu byatwaye ubuzima bwa benshi

Turi tariki ya 02 Kanama ni umunsi wa 214 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 151 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa gatatu inshuro 56. Bimwe mu bintu...
2 August 2017 414 0

Tariki 4 Kanama Martin Luther king yageze ku nzozi ze

Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
4 August 2017 586 0

Putin yavuze ko Koreya ya Ruguru yakwemera ikarisha ibyatsi ariko igakomeza gukora intwaro

Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo gukora intwaro kirimbuzi idashobora kuwuhagarika uko byagenda kose, ngo yakwemera ikarisha n’ibyatsi...
5 September 2017 3673 0

John Legend n’umufasha we baritegura ‘ubuheta’, Jordan Sparks nawe aritegura imfura(Amafoto)

Umuhanzi wubashywe ku Isi John Legend n’umufasha we Chrissy Teigen bari mu myiteguro yo kwakira umwana w’abo wa kabiri [ubuheta] nyuma y’umwaka umwe ushize bakiriye imfura yabo. Kuwa14 Mata 2016...
23 November 2017 1069 0
0 | ... | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | ... | 660