Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda ari mu ruzinduko rw’ akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye amasengesho yo gusengera iki gihugu azwi nka ‘National Breakfast...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Ku wa 14 Gicurasi, abasore n’inkumi 20 bagize Itorero Inganzo Ngari bahagurutse mu Rwanda berekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitabiriye Iserukiramuco Nyafurika ry’Imbyino rizwi nka Dance...
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...
Hashize ibyumweru hafi 2 umujenerari ukomeye wa Irani arasiwe i Bagdade agapfana n’abo bari kumwe bose bikozwe n’ingabo za Amerika. N’ubwo bimize gutya ariko urupfu rw’uyu mugabo ngo rwari rwaremejwe...
Abagore batwite bo hirya no hino ku isi bakundaga kwerekeza mu gihugu cya Amerika kugira ngo abana babo bavuke bafite ubwenegihugu bwa US gusa iki gihugu ngo gishobora kuba kigiye...
Icyorezo cya coronavirus gikomeje guhangayikisha Isi, kimaze kugera muri Leta 33 zo muri Leta zuzne ubumwe za Amerika. Leta 8 muri zo, zamaze gutangaza no gushyiraho gahunda zidasanzwe mu rwego...
Abategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika bavuga ko "badaheruka kubona" Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya ruguru kandi bari gukurikiranira hafi ibivugwa ku buzima bwe, byatangajwe na Mike Pompeo...
Abahanga mu by’ubuzima bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika baravuga ko hari umuti wakoreweho ubushakashatsi ndetse ko ushobora gufasha guhangana n’indwara ya...
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, Peter Vrooman, yamaganye ubwicanyi bwakorewe George Floyd wishwe anizwe n’umupolisi wo mu Mujyi wa Minneapolis, avuga ko yifatanyije n’abarimo...
Umuraperi Kanye West uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo 2020, yamaze gutanga candidature ye muri...
Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteze ko leta y’u Rwanda izafata mu buryo bwa kimuntu, kwubahiriza amategeko no gucira urubanza rwiza kandi ruciye mu mucyo Bwana Paul...
Amerika igiye gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu ku mugore ufungiye muri gereza yo ku rwego rwa leta, cya mbere kigiye guhabwa umugore mu myaka igera hafi kuri 70 ishize, nkuko byavuzwe n’ibiro...
Ari muri leta ya Delaware, Joe Biden yagejeje ijambo kuri rubanda, avuga ko ari mu nzira zo gutsinda, mukeba we Trump yanditse kuri Twitter ko bari "kugerageza kwiba...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yakuyeho itegeko ribuza Amerika gufasha imiryango mpuzamahanga ifasha ikora cyangwa itanga inama ku gukuramo...
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2019 ni bwo Humble Jizzo n’umuryango we berekeje muri Amerika aho bagiye kurangiza ubukwe aho bazasezeranira imbere y’amategeko bakaniyakirana n’imiryango yo ku...
Perezida wa Zambia, Edgar Lungu yasabye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko zakura mu gihugu ayoboye Ambasaderi wayo, nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye ibikorwa by’ubutinganyi kandi bisanzwe bitemewe...
Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
Itorero rya Zion Temple Celebration Centre ryaguze urusengero muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Mujyi wa Dallas rwa miliyoni umunani z’amadolari zizishyurwa mu gihe cy’imyaka...
Moussa Faki Mahamat, Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yamaganye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu bukangurambaga bwo kurwanya umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mata imibare y’abandura coronavirus muri Leta zunze ubumwe za Amerika yazamutse irenga miliyoni mu gihugu cyosebangana na kimwe cya gatatu cy’abanduye ku isi yose...
Habaye imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika nyuma y’urupfu rw’umwirabura wapfiriye aho yari afungiye.