Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yasinyishije Rutahizamu Gabriel Jesus avuye muri Manchester City ku masezerano yise ay’igihe kirekire nubwo bizwi neza ko ari ay’imyaka 5.
Uyu mukinyi w’imyaka 25...
Abakinnyi ba Arsenal barimo Granit Xhaka, Rob Holding na Ben White basuye aho u Rwanda ruri kumurikira ibikorwa byarwo mu Imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera i Dubai.
Ikipe ya Arsenal iri...
Pierre-Emerick Aubameyang yerekeje muri Barcelona nk’umukinnnyi utari ugifite amasezerano nyuma yo kuva muri Arsenal, kugenda kwe bikaba byitezwe gutangazwa ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri.
Uyu...
Amakuru aravuga ko Arsenal yashyize imbaraga nyinshi cyane mu kubona rutahizamu wa Fiorentina, Dusan Vlahovic,ndetse akayabo iri gutanga iyi kipe ya Serie A iri hafi kukemera.
Ikinyamakuru cyo...
Rutahizamu wa Arsenal akaba na kapiteni wayo,Pierre-Emerick Aubameyang ntiyagaragaye mu mukino iyi kipe ye iheruka gutsindamo Southampton ibitego 3-0 kubera ko yahagaritswe n’umutoza we...
Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang, yateye umujinya abafana ba Arsenal nyuma yo gutsindwa na Manchester United yarangiza akagaragaza ko yishimiye ubutumwa bwa Cristiano Ronaldo...
Umunyapolitike ukomeye muri Kenya,Raila Odinga,uhabwa amahirwe menshi yo kuzaba Perezida w’iki gihugu mu matora ateganyijwe, yasangije ifoto ye abamukurikira kuri Twitter,ari mu byishimo bikomeye...
Ikipe ya Arsenal yamaze gusinyisha imyaka 4 umukinnyi Martin Ødegaard nyuma yo kumvikana na Real Madrid kumugura miliyoni 35 z’amayero zizagera kuri miliyoni 40 z’amayero bitewe nuko azagenda...
Ikipe ya Manchester United yamaze gutera intambwe ikomeye iyigeza ku mukino wa nyuma wa Europa League ubwo yatsindaga AS Roma ibitego 6-2 mu mukino ubanza wa ½ cy’iri rushanwa rya kabiri I Burayi...
Kuri uyu wa 07 Mata 2021,u Rwanda rwatangiye Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi aho amakipe 2 afitanye ubufatanye n’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bw’Igihugu muri gahunda...
Amakuru aturuka mu Bwongereza aravuga ko Arsenal yamaze kumvikana n’umukinnyi wayo Mesut Ozil ko basesa amasezerano y’amezi 6 bari bafitanye nyuma y’aho uyu mukinnyi yari yarakuwe ku rutonde...
Benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ku isi by’umwihariko aba Arsenal bakunze impano ikomeye ya Jack Wilshere ariko kuri ubu nta kipe afite ndetse ari kwitoreza mu ishyamba aho kuba ku bibuga...
Arsenal yamuritse umwambaro mushya izakoresha mu mwaka utaha ku mikino yakiriye, wakozwe na Adidas iyambika ndetse ugaragaraho abafatanyabikorwa bayo barimo na Visit...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard aracyari mu gahinda ko kunanirwa gutsinda Arsenal y’abakinnyi 10 mu mukino wa shampiyona wabereye ku kibuga Stamford Bridge kuwa Kabiri w’iki...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryahaye Arsen Wenger wahoze atoza ikipe ya Arsenal akazi ko gukurikirana ibikorwa by’iterambere ry’umupira w’amaguru ku isi (Chief of Global Football...
Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
Umukinnyi wa Arsenal,Lucas Torreira uzwiho guhangana cyane hagati mu kibuga,yasimbujwe nyuma y’aho bari bamaze gutsindwa na Chelsea FC ibitego 3-0, niko kugera ku ntebe y’abasimbura arira ayo...
Harabura amasaha make ngo amakipe akomeye mu bwongereza Arsenal na Chelsea bahurire ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League urabera mu mujyi wa Baku mu gihugu cya Azerbaijan uyu munsi saa...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal witwa Nacho Monreal yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yaraye avuye mu kibuga mu mukino iyi kipe ye yahuraga na Napoli muri UEFA Europa League,ajya mu...
Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangarije ubuyobozi bwe ko yifuza ko mu mpeshyi y’uyu mwaka bakora ibishoboka byose bakamugurira abakinnyi 5 bashya bo kumufasha kubaka iyi kipe isigaye iri ku...
Rutahizamu uyoboye abandi muri Premier League y’uyu mwaka Pierre Emerick Aubameyang yatangaje ko impamvu ituma bitwara neza mu gice cya kabiri,ari uko umutoza Unai Emery yabashyizemo umwuka wo...
Umunya Danmark witwa Niclas Bendtner wanyuze mu makipe atandukanye yo mu Bwongereza nka Arsenal, Birmingham na Sunderland akahava yerekeza muri Juventus na Wolfsburg yatunguye benshi ubwo...
Alexandre Lacazette yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose agatsindira ikipe ya Arsenal ibitego byinshi aho yaboneyeho gutangaza ko indi mpamvu yamuzanye ari ugufasha abakinnyi b’iyi kipe...
Umusore w’umudage Antonio Rudiger ukinira AS Roma uri hafi kwerekeza mu ikipe ya Chelsea yatangarije itangazamakuru ko yakuze akunda kureba ikipe ya Arsenal cyane kandi ko imuba ku mutima cyane....
Imikino yo kwishyura ya 1/8 mu irushanwa rya Champions League isize Real Madri ibonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda Napoli, mu gihe Bayern Munich ibigezeho nyuma yo kwandagaza Arsenal.
Ni...