MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje kugaragaza ko Juventus yifuje kugarura Paul Pogba kuva kera kuko ngo mu mpeshyi ishize yahaye Manchester United abakinnyi babiri barimo Miralem Pjanic na...
Abiga igisirikare (cadets) babarirwa muri za mirongo bo ku ishuri rikomeye rya West Point muri Amerika barakopeye mu kizamini , nkuko abategetsi babivuga.
Ni kumwe mu gukopera gukomeye kubayeho...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,yamaze kuba uwa mbere ku isi umaze gutsinda ibitego byinshi mu mikino izwi na FIFA aho yaraye atsinze igitego cya 760 mu mukino ikipe ye yatsinzemo...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...
MUGABO Nizeyimana Olivier yatorewe kuyobora Komite Nyobozi ya FERWAFA ku bwiganze busesuye bw’amajwi 52 kuri 59 y’abitabiriye aya matora yabereye kuri Lemigo...
Abahanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari kuzamuka neza mu muziki nyarwanda bari bamaze iminsi bavugwa mu rukundo ariko bigatera benshi gushidikanya gusa amafoto yagiye hanze bari kumwe yatumye...
Abanyamakuru babiri bari bakunzwe kuri RBA Mbabazi Fiona na Bienvenue Redemptus basezeye nyuma y’igihe kinini bakorera iki kigo cy’Igihugu y’Itangazamakuru.
Umugabo wo muri Brazil yashakanye n’abagore icyenda mu byo yise ibirori by "urukundo rwigenga" n’imyigaragambyo yo kwamagana itegeko ryo gushaka umugore umwe.
Ikinyamakuru Daily Star cyatangaje...
Umugore wabwiwe ko afite ’amahirwe make cyane yo gusama mu buryo busanzwe’ yahishuye uburyo yabaye mama-wabana batatu mu mwaka umwe gusa, nyuma yo kwakira impanga zisa nyuma y’iminsi ibiri umukobwa...
Tekereza akanya gato ku nzu yanyu, ku hantu ukunda kurusha ahandi ku isi.
N’uburyo bigoye gutekereza ko aho hantu hashobora kuva ku butaka bw’isi burundu. Bisa n’ibidashoboka.
Gusa ku baturage...
Indege ya Boeing 737-800 ya kompanyi yitwa China Eastern Airlines yakoze impanuka igwa mu mpinga y’umusozi i Tengxian, muri Guangxi, irimo abagenzi 132, nk’uko byatangajwe na CCTV.
Yahanukiye...
Ubutabera bw’u Bufaransa bukeka ko abantu batandukanye bo mu muryango wa Bongo, uhereye kuri Omar Bongo ukagera ku muhungu we Ali Bongo, usigaye ari Perezida wa Gabon ubu, hamwe n’umukobwa we...
Kuri ubu ibyamamare nyarwanda biyoboye ku rukuta rwa instagram harimo ,Meddy ,The Ben ,Shaddy Boo , Miss Mutesi Jolly , Kate Bashabe ndetse na Butera Knowless...
Mu mafoto atandukanye irebere ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda ndetse n’umuyarwenya ukomeye Eric Omondi uturuka mu Gihugu cya...
Ikipe ya Arsenal itozwa na Mikel Arteta ikomeje kwiyubaka gusa ngo ifite gahunda yo kurekura abakinnyi 11 bari kumwe nayo mu mwiherero yagiriye muri Amerika mu cyumweru gishize.
Ariko abayobozi...
Mu birori byo kwizihiza imyaka 10 Inkomoko imaze benshi abayobozi baakuru b’ibigo bikomeye hano mu Rwanda bigaragaje mu kuvanga imiziki bishimirwa na benshi cyane ko bari bamenyerewe kugaragara...
Ikipe ya Liverpool yatsinzwe na Napoli mu mukino wabo wa mbere wo mu itsinda A rya Champions League A ibitego 4-1.
Ikipe ya Jurgen Klopp yatsinzwe ibitego 3-0 mu gice cya mbere ariko...
Ikipe ya Rayon Sports yikuye I Rubavu bigoranye nyuma yo gutsinda Marines FC y’abakinnyi 10 ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa 4 wa shampiyona.
Rayon Sports yari imaze iminsi itoroherwa na Marines...
Album ‘Twaje’ ya nyakwigendera Yvan Buravan yagizwe iy’umwaka mu bihembo bya Kiss Summer Awards 2022 byatanzwe ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 30 Ukwakira...