Umunyarwandakazi Mukansanga Salima uri mu bagore 3 bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza...
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga azaba ari umusifuzi wa 4 mu mukino w’Igikombe cy’Isi wo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022,ubwo Ubufaransa buraba buhanganye na Australia.
Uyu mukino...
Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo, ahita ava mu bakinnyi izakoresha mu gikombe cy’isi muri...
Igipolisi cya Queensland muri Australia, cyatangaje ko abari mu ndege ebyiri bapfuye nyuma yo kugonganira mu kirere zikagwa mu rwuri rw’amatungo ahitwa Kybong, hafi ya Gympie.
Abakozi bashinzwe...
Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022].
Uyu yahize...
Perezida Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II uherutse gutanga. Ni umuhango uzaba kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022....
Usanga bamwe bibaza impamvu babira ibyuya byinshi mu gihe hari n’abatabira na bike bikaba byatumabumva ko bafite ikibazo ariko kubira ibyuya ni ibintu bisanzwe kandi bifitiye umubiri akamaro...
Umunyabigwi muri Tennis, Roger Federer, yemeje ko igikombe cya Laver Cup 2022 aricyo cya nyuma azakina mu mwuga we hanyuma agasezera ku mugaragaro
Kuri uyu wa kane,tariki ya 15 Nzeri 2022,nibwo...
Gutabarizwa (kushyingurwa) kw’Umwamikazi kwo ku wa mbere kwitezwe kuba kumwe mu guterana kwa mbere kunini cyane kw’abami n’abanyapolitiki kubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo...
Umusore ukiri muto ukomoka muri Espagne, Carlos Alcaraz yashimangiye ubushobozi bwe muri Tennis yegukana Grand Slam ye ya mbere mu rukerera rwo kuri iki cyumweru.
Alcaraz washimangiye ko ari...
Umwami Charless III yarahiriye kuba Umwami w’u Bwongereza mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Nzeri 2022 mu ngoro ya St James’s Palace i London.
King Charles III yarahiriye kuyobora...
Umuyobozi wungirije wa Manchester United, Joel Glazer, akomeje kurwanya ibyo kugurisha umukinnyi ukomeye Cristiano Ronaldo, nubwo umutoza Erik Ten Hag yifuzaga kumurekura muri uku kwezi....
Igikombe cyisi kizatangira umunsi umwe mbere ya tariki yari iteganyijwe ubwo n’ukuvuga ko kizatangira ku cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo hakinwa umukino umwe wa Qatar na Ecuador.
Uyu mukino...
Umunya Kenya,Ferdinand Omanyala,yabaye umugabo unyaruka kurusha abandi muri Commonwealth nyuma yo gutsindira umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100.
Ntabwo bisanzwe ko Kenya ihatana muri...
Cristiano Ronaldo ntabwo azabanza mu kibuga ku mukino wa mbere ikipe ye ya Manchester United izakiramo Brighton&Hove Albion ku cyumweru kubera ko ejo hazaza he hagishidikanywaho ndetse ngo...
Ubwo Erik Ten Hag yageragezaga kwinjiza mu bakinnyi be ba Manchester United ubwo bari mu myiteguro y’umwaka w’imikino muri Australia muri Nyakanga,yanigishaga amayeri umuyobozi w’imikino wa Jumbo...
Kubera UEFA Champions League,Cristiano Ronaldo yeruye asaba Manchester United gusesa amasezerano ye kugira ngo yerekeze mu ikipe itaramenyekana izakina iri rushanwa rikomeye.
Ronaldo...
Ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo agomba guhura n’umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag kugira ngo baganire ku hazaza he muri iyi kipe.
Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal, ufite imyaka 37,...
Nk’uko amakuru abitangaza ngo umukunzi wa Cristiano Ronaldo, Georgina Rodriguez, yifuza ko basubira i Madrid,yagiriye ibihe byiza.
Uyu mukinnyi wa Manchester United arashaka gusohoka kuri Old...
Umukinnyi Bruno Fernandes ntiyoroheye kizigenza Cristiano Ronaldo wifuza kwerekana hanze ya Manchester United aho yemeke ko iyi kipe yabo ari nziza n’igihe itamufite.
Uyu munyabigwi w’imyaka 37...
Abakinnyi ba Arsenal y’abagore batunguranye ubwo bahuzaga urugwiro n’abana bo mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, bagakina ‘karere’ bari bafite.
Ku wa 5 Nyakanga 2022, ni bwo aba bakinnyi...
Abakinnyi ba Arsenal y’Abagore barimo Caitlin Foord, Jordan Nobbs, Jen Beattie na Katie McCabe bari mu Rwanda muri gahunda ya #VisitRwanda, basuye ibice bitandukanye by’igihugu birimo na Pariki...